Close MORE NEWS Sierra Leone: Abantu barenga 200 bagwiriwe n’umusozi barapfa(AMAFOTO) UMUBAVU.com admin Kuya 15-08-2017 saa 00:37' whatsapp Facebook Abantu barenga 200 bishwe n’ibihomoka by’umusozi hafi y’umurwa mukuru Freetown mu gihugu cya Sierra Leone, niko umuryango w’abatabazi b’umusalaba utukura "Croix Rouge" bavuze. Uruhande rumwe rw’umusozi ahitwa Regent nirwo rwomorotse kuri uyu wa Mbere tariki 14 Kanama 2017 bitewe n’imvura nyinshi, ibihomoka byawo bigwa ku mazu. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza (Reuters) dukesha iyi nkuru bivuga ko ko iyo mpanuka yabaye abantu basinziriye. Visi Perezida w’Iki gihugu , Victor Bockarie Foh yavuze "ko abapfuye bashobora kuba bari mu magana". Bwana Foh yabwiye Reuters ko iyo mpanuka iteye ubwoba ko nawe yamuciye intege. Yavuze ko ahabereye iyi mpanuka hahise hafungwa kugira ngo abantu babashe kwimurwa n’abashobora gutabarwa batabarwe. Umuvugizi wa Croix Rouge, Abu Bakarr Tarawallie, yari yavuze ko imirambo 179 ariyo yajyanywe mu buruhukiro bukuru bw’i Freetown. Uretse abapfuye amazu menshi hamwe n’imitungo y’abatureg yangiritse kubera iyo mvura.Imibare y’abapfuye ikaba ishobora kwiyongera. Gabriel Habineza/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Sierra Leone: Abantu barenga 200 bagwiriwe n’umusozi barapfa(AMAFOTO) UMUBAVU.com admin Kuya 15-08-2017 saa 00:37' whatsapp Facebook Abantu barenga 200 bishwe n’ibihomoka by’umusozi hafi y’umurwa mukuru Freetown mu gihugu cya Sierra Leone, niko umuryango w’abatabazi b’umusalaba utukura "Croix Rouge" bavuze. Uruhande rumwe rw’umusozi ahitwa Regent nirwo rwomorotse kuri uyu wa Mbere tariki 14 Kanama 2017 bitewe n’imvura nyinshi, ibihomoka byawo bigwa ku mazu. Ibiro Ntaramakuru by’Abongereza (Reuters) dukesha iyi nkuru bivuga ko ko iyo mpanuka yabaye abantu basinziriye. Visi Perezida w’Iki gihugu , Victor Bockarie Foh yavuze "ko abapfuye bashobora kuba bari mu magana". Bwana Foh yabwiye Reuters ko iyo mpanuka iteye ubwoba ko nawe yamuciye intege. Yavuze ko ahabereye iyi mpanuka hahise hafungwa kugira ngo abantu babashe kwimurwa n’abashobora gutabarwa batabarwe. Umuvugizi wa Croix Rouge, Abu Bakarr Tarawallie, yari yavuze ko imirambo 179 ariyo yajyanywe mu buruhukiro bukuru bw’i Freetown. Uretse abapfuye amazu menshi hamwe n’imitungo y’abatureg yangiritse kubera iyo mvura.Imibare y’abapfuye ikaba ishobora kwiyongera. Gabriel Habineza/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu