Close MORE NEWS Serivisi mbi ngo yaba ari yo ntandaro y’umubare munini w’abapfa bavuka ku Isi UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 5-12-2019 saa 08:12' whatsapp Facebook Mu gihe Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi, OMS rigaragaza ko buri masegonda 11 mu bana bavuka ku Isi umwe aba apfuye ari kuvuka, bamwe babyeyi bavuga ko biterwana bimwe mu bigo nderabuzima bifite abaganga barangarana abyeyi batwite. Bamwe mu babyeyi bo basanga ngo intandaro ari uko, hakiri bimwe mu bigo nderabuzima bifite abaganga baha servisi mbi ababyeyi baba bagiye kubyara. Umwe yagize ati ”Njyewe hari uwo nigeze kujyana ku kigo nderambuzima kubyara, tugezeyo batinda kutwakira ariko aho baziye umubyeyi bamubyaje neza. Gusa kuba umubyeyi yatabaruka ari kubyara cyangwa akabyara umwana wapfuye mbona biterwa n’uburangare bwa bamwe mu baganga.” Uyu muturage kimwe na abagenzi be, icyo bahurizaho ni uko abaganga bajya bakora umwuga wabo neza bawukunze bita ku barwayi. Naho Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Diane Gashumba, avuga ko hari intambwe ikomeye u Rwanda rumaze gutera mu kugabanya infu z’abana bapfa bavuka cyangwa ababyeyi bapfa babyara. Gusa ngo nta kwirara (Yari mu kiganiro n’abanyamakuru mu mwaka wa 2018). Ministre w’ubuzima mu Rwanda Dr Diane Gashumba Yagize ati ”Umubyeyi wese, umwana wese, ibyo batakaje ubuzima kandi yageze kwa muganga biratubabaza. Ibyo dukora turwanya iki kibazo rero, ni byinshi duhereye ku Mudugudu twifashsishije abajyanama b’ubuzima. Turishimira intambwe tugezeho ariko ntabwo dukwiye kwirara.” Imibare itangwa na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda igaragaza ko 66% by’imfu z’abana bapfa bavuka, ziba ku bari munsi y’imyaka itanu, gusa ngo ababyeyi 100 babyara, nibura 91 babyarira kwa muganga. Abana bapfa bavuka ubu, ngo ni 20 mu 100 mu gihe ababyeyi bapfa babyara ari 21 mu bihumbi 10,000. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi, OMS, rigaragaza ikigero cy’imfu z’abana bapfa bakiri bato bangana n’ibihumbi 302, mu gihe 66% byabo ari abo muri Afurika, OMS kandi igaragaza ko nibura, abana miliyoni 5 n’ibihumbi 300 bari munnsi y’imyaka 5 buri mwaka babura ubuzima. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Serivisi mbi ngo yaba ari yo ntandaro y’umubare munini w’abapfa bavuka ku Isi UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 5-12-2019 saa 08:12' whatsapp Facebook Mu gihe Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi, OMS rigaragaza ko buri masegonda 11 mu bana bavuka ku Isi umwe aba apfuye ari kuvuka, bamwe babyeyi bavuga ko biterwana bimwe mu bigo nderabuzima bifite abaganga barangarana abyeyi batwite. Bamwe mu babyeyi bo basanga ngo intandaro ari uko, hakiri bimwe mu bigo nderabuzima bifite abaganga baha servisi mbi ababyeyi baba bagiye kubyara. Umwe yagize ati ”Njyewe hari uwo nigeze kujyana ku kigo nderambuzima kubyara, tugezeyo batinda kutwakira ariko aho baziye umubyeyi bamubyaje neza. Gusa kuba umubyeyi yatabaruka ari kubyara cyangwa akabyara umwana wapfuye mbona biterwa n’uburangare bwa bamwe mu baganga.” Uyu muturage kimwe na abagenzi be, icyo bahurizaho ni uko abaganga bajya bakora umwuga wabo neza bawukunze bita ku barwayi. Naho Minisitiri w’Ubuzima mu Rwanda, Dr Diane Gashumba, avuga ko hari intambwe ikomeye u Rwanda rumaze gutera mu kugabanya infu z’abana bapfa bavuka cyangwa ababyeyi bapfa babyara. Gusa ngo nta kwirara (Yari mu kiganiro n’abanyamakuru mu mwaka wa 2018). Ministre w’ubuzima mu Rwanda Dr Diane Gashumba Yagize ati ”Umubyeyi wese, umwana wese, ibyo batakaje ubuzima kandi yageze kwa muganga biratubabaza. Ibyo dukora turwanya iki kibazo rero, ni byinshi duhereye ku Mudugudu twifashsishije abajyanama b’ubuzima. Turishimira intambwe tugezeho ariko ntabwo dukwiye kwirara.” Imibare itangwa na Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda igaragaza ko 66% by’imfu z’abana bapfa bavuka, ziba ku bari munsi y’imyaka itanu, gusa ngo ababyeyi 100 babyara, nibura 91 babyarira kwa muganga. Abana bapfa bavuka ubu, ngo ni 20 mu 100 mu gihe ababyeyi bapfa babyara ari 21 mu bihumbi 10,000. Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi, OMS, rigaragaza ikigero cy’imfu z’abana bapfa bakiri bato bangana n’ibihumbi 302, mu gihe 66% byabo ari abo muri Afurika, OMS kandi igaragaza ko nibura, abana miliyoni 5 n’ibihumbi 300 bari munnsi y’imyaka 5 buri mwaka babura ubuzima. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika