Close MORE NEWS Rulindo:Umuriro bemerewe na Perezida Kagame wahawe bamwe abandi amaso yaheze mu kirere UMUBAVU.com admin Kuya 7-09-2017 saa 04:33' whatsapp Facebook Bamwe mu bajyanama b’ubuzima bo mu Murenge wa Ntarabana mu karere ka Rulindo baravuga ko ubuyobozi bw’uyu Murenge bwabimye inkunga y’umuriro ukomoka ku mirasire y’izuba bagenewe na Perezida wa Repubulika. Aba bajyanama b’ubuzima bavuga ko perezida wa Repubulika yabemereye inkunga y’utwuma tw’imirasire y’izuba none kugeza ubu ngo hakaba hashize amezi hafi abiri batarabona iyo nkunga kandi bazi neza ko yoroherejwe ku biro by’uyu murenge. Bakanavuga ko ikibabaje ari uko yahawe bamwe abandi ntibayihabwe kandi bose bakora akazi kamwe aho ngo ubuyobozi bwitwaza ko ngo bo bayifite. Aba bajyanama b’ubuzima basaba ubuyobozi bw’umurenge wa Ntarabana kubarenganura na bo bagahabwa utwo twuma dukurura imirasire y’izuba tugatanga amashanyrazi kugira ngo bakomeze batange umusanzu wabo kuko utwo bafite dupfa ubusa kandi tubahenda bigatuma babura uko bafasha abarwayi cyane cyane iyo ari nijoro. Ku murongo wa Telephone Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Ntarabana Mutuyeyezu Emilien yabwiye Radio/TV1 dukesha iyi nkuru ko niba hari uwahawe imirasire y’izuba kandi asanzwe afite umuriro w’amashanyarazi byaba ari amakosa gusa ngo ibyakozwe byose bikurikije amabwiriza ya minisiteri y’ubuzima aho ngo umujyanama uhabwa umurasire ari utawufite cyangwa nta muriro w’amashanyarazi afite. Icyifuzo cy’aba bajyama b’ubuzima ngo ni uko mu gihe bagenewe inkunga runaka bajya bayihabwa bose uko bari nta kurobanura kubayeho. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Rulindo:Umuriro bemerewe na Perezida Kagame wahawe bamwe abandi amaso yaheze mu kirere UMUBAVU.com admin Kuya 7-09-2017 saa 04:33' whatsapp Facebook Bamwe mu bajyanama b’ubuzima bo mu Murenge wa Ntarabana mu karere ka Rulindo baravuga ko ubuyobozi bw’uyu Murenge bwabimye inkunga y’umuriro ukomoka ku mirasire y’izuba bagenewe na Perezida wa Repubulika. Aba bajyanama b’ubuzima bavuga ko perezida wa Repubulika yabemereye inkunga y’utwuma tw’imirasire y’izuba none kugeza ubu ngo hakaba hashize amezi hafi abiri batarabona iyo nkunga kandi bazi neza ko yoroherejwe ku biro by’uyu murenge. Bakanavuga ko ikibabaje ari uko yahawe bamwe abandi ntibayihabwe kandi bose bakora akazi kamwe aho ngo ubuyobozi bwitwaza ko ngo bo bayifite. Aba bajyanama b’ubuzima basaba ubuyobozi bw’umurenge wa Ntarabana kubarenganura na bo bagahabwa utwo twuma dukurura imirasire y’izuba tugatanga amashanyrazi kugira ngo bakomeze batange umusanzu wabo kuko utwo bafite dupfa ubusa kandi tubahenda bigatuma babura uko bafasha abarwayi cyane cyane iyo ari nijoro. Ku murongo wa Telephone Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Ntarabana Mutuyeyezu Emilien yabwiye Radio/TV1 dukesha iyi nkuru ko niba hari uwahawe imirasire y’izuba kandi asanzwe afite umuriro w’amashanyarazi byaba ari amakosa gusa ngo ibyakozwe byose bikurikije amabwiriza ya minisiteri y’ubuzima aho ngo umujyanama uhabwa umurasire ari utawufite cyangwa nta muriro w’amashanyarazi afite. Icyifuzo cy’aba bajyama b’ubuzima ngo ni uko mu gihe bagenewe inkunga runaka bajya bayihabwa bose uko bari nta kurobanura kubayeho. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu