Close MORE NEWS Ruhango: Umuforomo arakekwaho gusambanya umugore wari ugiye kwivuza UMUBAVU.com Umubavu Kuya 21-01-2021 saa 17:44' whatsapp Facebook Umuforomo wo mu Karere ka Ruhango yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore wari ugiye gusaba serivisi z’ubuvuzi. Uyu mugabo w’imyaka 32 yatawe muri yombi ku wa Gatatu tariki ya 20 Mutarama 20201 aho akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore w’imyaka 31 wari umugannye asaba serivisi z’ubuvuzi. Byabereye mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Kinazi, Akagari ka Burima mu Mudugugu wa Mirambi. Ubu ukekwa afungiye kuri Sitasiyo RIB ya Kinazi mu gihe iperereza rikomeje kugira ngo hanakorwe dosiye hanyuma ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Umuvugizi w’Umusigire wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE ko uru rwego rutazigera rwihanganira abantu bishora mu byaha nk’ibi, asaba abaturarwanda kugira uruhare mu kubirwanya batanga amakuru. Ati “Abantu bagomba kwirinda ingeso zibaganisha muri ibi byaha bishingiye ku ihohotera rishingiye ku gitsina. RIB ntabwo izihanganira ibi byaha, izabirwanya kandi bigomba gucika. Turasaba Abanyarwanda bose ubufatanye batanga amakuru mu kurwanya iki cyaha.” Uyu muforomo aramutse ahamwe n’iki cyaha yahanwa hashingiwe ku ngingo ya 134 y’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange iteganya igifungo kiri hagati y’imyaka 10 na 15 ndetse n’ihazabu iri hagati ya miliyoni 1 Frw na miliyoni 2 Frw. KARASIRA ARI MU MAZI ABIRI NYUMA YO KUVUGA INDIRIMBO AGIYE GUSOHORA UMVA IYO YASOHOYE ABUND ABUNDA Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Ruhango: Umuforomo arakekwaho gusambanya umugore wari ugiye kwivuza UMUBAVU.com Umubavu Kuya 21-01-2021 saa 17:44' whatsapp Facebook Umuforomo wo mu Karere ka Ruhango yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha, RIB, akekwaho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore wari ugiye gusaba serivisi z’ubuvuzi. Uyu mugabo w’imyaka 32 yatawe muri yombi ku wa Gatatu tariki ya 20 Mutarama 20201 aho akurikiranyweho icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore w’imyaka 31 wari umugannye asaba serivisi z’ubuvuzi. Byabereye mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Kinazi, Akagari ka Burima mu Mudugugu wa Mirambi. Ubu ukekwa afungiye kuri Sitasiyo RIB ya Kinazi mu gihe iperereza rikomeje kugira ngo hanakorwe dosiye hanyuma ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Umuvugizi w’Umusigire wa RIB, Dr Murangira B. Thierry, yabwiye IGIHE ko uru rwego rutazigera rwihanganira abantu bishora mu byaha nk’ibi, asaba abaturarwanda kugira uruhare mu kubirwanya batanga amakuru. Ati “Abantu bagomba kwirinda ingeso zibaganisha muri ibi byaha bishingiye ku ihohotera rishingiye ku gitsina. RIB ntabwo izihanganira ibi byaha, izabirwanya kandi bigomba gucika. Turasaba Abanyarwanda bose ubufatanye batanga amakuru mu kurwanya iki cyaha.” Uyu muforomo aramutse ahamwe n’iki cyaha yahanwa hashingiwe ku ngingo ya 134 y’itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange iteganya igifungo kiri hagati y’imyaka 10 na 15 ndetse n’ihazabu iri hagati ya miliyoni 1 Frw na miliyoni 2 Frw. KARASIRA ARI MU MAZI ABIRI NYUMA YO KUVUGA INDIRIMBO AGIYE GUSOHORA UMVA IYO YASOHOYE ABUND ABUNDA Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi