Close MORE NEWS Rubavu: Umusaza yicishije uwo bashakanye ishoka yishyikiriza Polisi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-12-2019 saa 11:41' whatsapp Facebook Umusaza w’imyaka 65 witwa Felicien Ntakizasigara yishyiriye abashinzwe umutekano nyuma yo kwicisha ishoka uwo bashakanye w’imyaka 62, Ubuyobozi buvuga ko yahengereye asinziriye abona kumwica. Uyu muryango utuye mu Mudugudu wa Karukogo, Akagari ka Rukoko, Umurenge wa Rubavu, mu Karere ka Rubavu. Umuturanyi wa Ntakizasigara avuga ko yari aryamye yumva abantu batabaza ngo umukecuru baramwishe, arabyuka ajyana na bagenzi be kureba ibyabaye. Ngo bagezeyo basanga urugi rukize, barakomanga abazukuru ba bariya bantu baza gukingura. Ati “Twabajije abana niba bazi uko Nyirakuru amerewe badusubiza ko nta kibazo, tubasaba kujya kutwereka aho yaraye tugezeyo dusanga yapfye yakubiswe ishoka.” Umunyamanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rubavu w’umusigire witwa Jean de Dieu Nzirabakuze (asanzwe ari Umukozi ushinzwe Imari n’ubutegetsi mu Murenge), avuga ko Felicien Ntakizasigara akimara kwica umugore we yijyanye kuri Polisi. Ati “Nk’uko mwabimenye koko ibyo byabaye kandi byabaye mu masaha ya kare y’ijoro ryakeye, umugabo witwa Ntakizasigara Felicien w’imyaka 65 yishe umugore, yishyikiriza Polisi.” Inzego za Leta zisaba abaturage cyane abashakanye ko igihe bafitanye amakimbirane bakwegera ubuyobozi bukabunga aho kugira ngo umwe yice undi. Felicien Ntakizasigara yijyanye kuri Polisi nyuma yo kwicisha uwo bashakanye ishoka ’Sankara’ yagarutsweho mu kiganiro RIB yagiranye n’abanyamakuru: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Rubavu: Umusaza yicishije uwo bashakanye ishoka yishyikiriza Polisi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-12-2019 saa 11:41' whatsapp Facebook Umusaza w’imyaka 65 witwa Felicien Ntakizasigara yishyiriye abashinzwe umutekano nyuma yo kwicisha ishoka uwo bashakanye w’imyaka 62, Ubuyobozi buvuga ko yahengereye asinziriye abona kumwica. Uyu muryango utuye mu Mudugudu wa Karukogo, Akagari ka Rukoko, Umurenge wa Rubavu, mu Karere ka Rubavu. Umuturanyi wa Ntakizasigara avuga ko yari aryamye yumva abantu batabaza ngo umukecuru baramwishe, arabyuka ajyana na bagenzi be kureba ibyabaye. Ngo bagezeyo basanga urugi rukize, barakomanga abazukuru ba bariya bantu baza gukingura. Ati “Twabajije abana niba bazi uko Nyirakuru amerewe badusubiza ko nta kibazo, tubasaba kujya kutwereka aho yaraye tugezeyo dusanga yapfye yakubiswe ishoka.” Umunyamanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rubavu w’umusigire witwa Jean de Dieu Nzirabakuze (asanzwe ari Umukozi ushinzwe Imari n’ubutegetsi mu Murenge), avuga ko Felicien Ntakizasigara akimara kwica umugore we yijyanye kuri Polisi. Ati “Nk’uko mwabimenye koko ibyo byabaye kandi byabaye mu masaha ya kare y’ijoro ryakeye, umugabo witwa Ntakizasigara Felicien w’imyaka 65 yishe umugore, yishyikiriza Polisi.” Inzego za Leta zisaba abaturage cyane abashakanye ko igihe bafitanye amakimbirane bakwegera ubuyobozi bukabunga aho kugira ngo umwe yice undi. Felicien Ntakizasigara yijyanye kuri Polisi nyuma yo kwicisha uwo bashakanye ishoka ’Sankara’ yagarutsweho mu kiganiro RIB yagiranye n’abanyamakuru: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu