Close MORE NEWS Amafoto: RIB yagaruye Barafinda iwe mu rugo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-07-2020 saa 09:13' whatsapp Facebook Barafinda Sekikubo Fred, umuyobozi w’Ishyaka Nyarwanda riharanira ubumwe bw’Abanyarwanda muri Demokarasi yihuse, RUDA yaraye atashye mu rugo iwe aho yazanywe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB ari na rwo rwari rwamujyanye mu Bitaro bya CARAES-Ndera ruvuga ko ngo rugiye kumusuzuma niba nta ndwara zo mu mutwe yaba afite. Mu kiganiro yagiranye n’umubavu Barafinda Sekikubo Fred yavuze ko urugendo rwe rutari rworoshye kandi ko ngo rugikomeje aho ngu buri byumweru 2 azajya asubirayo ngo nanyuma y’ukwezi asubireye. Yagize ati, “ Twahasesekaye ni mugoroba tuzanywe na Abaribu (RIB) bahatugejeje nk’uko batujyanye ninako batugaruye na Konvowaye zabo […] narimbayeho mubuzima buteye impungenge cyane kandi bukaze, urugendo rukakaye cyane rutigeze rubaho ku isi yarurema, barukoreye umuntu nkanjye uzi gusoma no kwandika ubwo utazi gusoma no kwandika ubwo ntibagowe cyane”. Akomeza avuga ko uko yari ariko ameze atigeze ahinduka ngo kereka niba haravutse undi Barafinda utari uwu mwimerere. Ati, “Uko narimeze niko nkiri wowe se ko twabanye wabonye narindwaye ni uku kureba nk’uko nareba nawe uko undeba gusa ibyo byose ni ugutekinika ntibibaho.” Umugore wa Barafinda aganira n’umubavu yavuze ko mubitekerezo atahindutse ariko ku mubiri yahindutse kuko ngo yabyibushye cyane kubera ngo imiti yanyoye. Yagize ati, “Njyewe nishimye rwose yewee umva Imana yakoze umuti twamwishimiye [….]iyo yaje uba wumva ususurukiwe [ususurutse] Imana ihabwa icyubahiro niyo mpamvu nishinye by’akataraboneka. Yakomeje agira ati, “mubitekerezo ni wawundi ariko ku mubiri nyine aaah mbese ku mubiri nyine kubera ya miti mbombona agenda nyine aah n’umuntu yabyibuhishije ukuntu ariko mu bitekerezo ni wawundi” Umuvugizi w’ishyaka rya Barafinda Sekikubo Fred yabwiye umubavu ko umuyobozi wabo ameze neza kandi ko bakomeza gukora politike kuko ngo n’ubundi ibyo baharanira ntakirahinduka. Yagize ati, Akimara kugera murugo twavuganye turaganira iminota itari myishyi cyane twaganiriye ameze neza perezida wa R2UDA ameze neza yaramazeyo igihe kinini yagiyeyo tariki ya 12/2/2020 bamurekuye tarikiya 16/07/2020 urumva ni amezi atanu arenzeho iminsi itanu Imana yabanye nawe yavuyeyo amahoro kandi aracaykomeje umurongo we mwiza wa politike murugamba rwiza rwa Demokarasi iharanira impinduka rwose.” Ubwo twateguraga iyi nkuru twahamagaye umuvugizi wa RIB inshuro 2 ntiyafata telephone, iyo atwitaba twarikumubaza icyo barakurikizaho, no kumenyanya niba azishyura ibitaro cyangwa niba ariyo yabimwishyuriye. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Amafoto: RIB yagaruye Barafinda iwe mu rugo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-07-2020 saa 09:13' whatsapp Facebook Barafinda Sekikubo Fred, umuyobozi w’Ishyaka Nyarwanda riharanira ubumwe bw’Abanyarwanda muri Demokarasi yihuse, RUDA yaraye atashye mu rugo iwe aho yazanywe n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB ari na rwo rwari rwamujyanye mu Bitaro bya CARAES-Ndera ruvuga ko ngo rugiye kumusuzuma niba nta ndwara zo mu mutwe yaba afite. Mu kiganiro yagiranye n’umubavu Barafinda Sekikubo Fred yavuze ko urugendo rwe rutari rworoshye kandi ko ngo rugikomeje aho ngu buri byumweru 2 azajya asubirayo ngo nanyuma y’ukwezi asubireye. Yagize ati, “ Twahasesekaye ni mugoroba tuzanywe na Abaribu (RIB) bahatugejeje nk’uko batujyanye ninako batugaruye na Konvowaye zabo […] narimbayeho mubuzima buteye impungenge cyane kandi bukaze, urugendo rukakaye cyane rutigeze rubaho ku isi yarurema, barukoreye umuntu nkanjye uzi gusoma no kwandika ubwo utazi gusoma no kwandika ubwo ntibagowe cyane”. Akomeza avuga ko uko yari ariko ameze atigeze ahinduka ngo kereka niba haravutse undi Barafinda utari uwu mwimerere. Ati, “Uko narimeze niko nkiri wowe se ko twabanye wabonye narindwaye ni uku kureba nk’uko nareba nawe uko undeba gusa ibyo byose ni ugutekinika ntibibaho.” Umugore wa Barafinda aganira n’umubavu yavuze ko mubitekerezo atahindutse ariko ku mubiri yahindutse kuko ngo yabyibushye cyane kubera ngo imiti yanyoye. Yagize ati, “Njyewe nishimye rwose yewee umva Imana yakoze umuti twamwishimiye [….]iyo yaje uba wumva ususurukiwe [ususurutse] Imana ihabwa icyubahiro niyo mpamvu nishinye by’akataraboneka. Yakomeje agira ati, “mubitekerezo ni wawundi ariko ku mubiri nyine aaah mbese ku mubiri nyine kubera ya miti mbombona agenda nyine aah n’umuntu yabyibuhishije ukuntu ariko mu bitekerezo ni wawundi” Umuvugizi w’ishyaka rya Barafinda Sekikubo Fred yabwiye umubavu ko umuyobozi wabo ameze neza kandi ko bakomeza gukora politike kuko ngo n’ubundi ibyo baharanira ntakirahinduka. Yagize ati, Akimara kugera murugo twavuganye turaganira iminota itari myishyi cyane twaganiriye ameze neza perezida wa R2UDA ameze neza yaramazeyo igihe kinini yagiyeyo tariki ya 12/2/2020 bamurekuye tarikiya 16/07/2020 urumva ni amezi atanu arenzeho iminsi itanu Imana yabanye nawe yavuyeyo amahoro kandi aracaykomeje umurongo we mwiza wa politike murugamba rwiza rwa Demokarasi iharanira impinduka rwose.” Ubwo twateguraga iyi nkuru twahamagaye umuvugizi wa RIB inshuro 2 ntiyafata telephone, iyo atwitaba twarikumubaza icyo barakurikizaho, no kumenyanya niba azishyura ibitaro cyangwa niba ariyo yabimwishyuriye. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika