Close MORE NEWS RDC: Umupolisi wivuganye uwamaganaga Kabila yakatiwe gufungwa burundu UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 27-02-2018 saa 13:33' whatsapp Facebook Umupolisi wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo warashe akica umuntu wari mu myigaragambyo i Mbandaka, mu burasirazuba bushyira uburengerazuba yakatiwe igifungo cya burundu. Bivugwa ko uwo mupolisi yarashe uwo muntu ubwo yarimo ataha iwe mu rugo avuye mu myigaragambyo. Abantu babiri bishwe barashwe n’abashinzwe umutekano mu myigaragambyo iheruka yari ishyigikiwe na Kiliziya Gatolika. Hashize igihe muri Kongo haba imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Perezida Joseph Kabila wagumye ku butegetsi kandi Manda ye agenerwa n’Itegeko Nshinga ry’igihugu yararangiranye n’umwaka wa 2016. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
RDC: Umupolisi wivuganye uwamaganaga Kabila yakatiwe gufungwa burundu UMUBAVU.com Daniel MUKESHIMANA Kuya 27-02-2018 saa 13:33' whatsapp Facebook Umupolisi wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo warashe akica umuntu wari mu myigaragambyo i Mbandaka, mu burasirazuba bushyira uburengerazuba yakatiwe igifungo cya burundu. Bivugwa ko uwo mupolisi yarashe uwo muntu ubwo yarimo ataha iwe mu rugo avuye mu myigaragambyo. Abantu babiri bishwe barashwe n’abashinzwe umutekano mu myigaragambyo iheruka yari ishyigikiwe na Kiliziya Gatolika. Hashize igihe muri Kongo haba imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Perezida Joseph Kabila wagumye ku butegetsi kandi Manda ye agenerwa n’Itegeko Nshinga ry’igihugu yararangiranye n’umwaka wa 2016. Daniel MUKESHIMANA/Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu