Close MORE NEWS RDC: Inyeshyamba zishe abantu 9 biganjemo abana zikoresheje imihoro UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-07-2019 saa 15:26' whatsapp Facebook Abategetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baravuga ko abantu icyenda, barimo n’abana benshi, bishwe igihe inyeshyamba zagabaga ibitero mu mirenge ibiri iri mu burasirazuba bw’igihugu. Ku wa Mbere mu masaha ya nijoro, inyeshyamba z’umutwe wa Allied Democratic Forces, ADF, zakoresheje imihoro mu kwica abantu mu duce twa Oicha na Eringeti turi mu majyaruguru y’umujyi wa Beni. Abatuye aho baravuga ko izo nyeshyamba zari zababuriye ko hagiye kuba ibitero ariko impamvu yabyo ntiramenyekana. Kuva icyo gihe abantu benshi babarirwa mu majana bahunze ako gace. ADF nta murongo uhamye wa Politike ifite ariko bivugwa ko mu minsi ishize washinze ubufatanye n’umutwe wa kiyisilamu, Islamic State. Umutwe wa ADF wakoresheje imihoro mu kwica abantu mu duce twa Oicha na Eringeti mu majyaruguru ya Beni @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
RDC: Inyeshyamba zishe abantu 9 biganjemo abana zikoresheje imihoro UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-07-2019 saa 15:26' whatsapp Facebook Abategetsi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo baravuga ko abantu icyenda, barimo n’abana benshi, bishwe igihe inyeshyamba zagabaga ibitero mu mirenge ibiri iri mu burasirazuba bw’igihugu. Ku wa Mbere mu masaha ya nijoro, inyeshyamba z’umutwe wa Allied Democratic Forces, ADF, zakoresheje imihoro mu kwica abantu mu duce twa Oicha na Eringeti turi mu majyaruguru y’umujyi wa Beni. Abatuye aho baravuga ko izo nyeshyamba zari zababuriye ko hagiye kuba ibitero ariko impamvu yabyo ntiramenyekana. Kuva icyo gihe abantu benshi babarirwa mu majana bahunze ako gace. ADF nta murongo uhamye wa Politike ifite ariko bivugwa ko mu minsi ishize washinze ubufatanye n’umutwe wa kiyisilamu, Islamic State. Umutwe wa ADF wakoresheje imihoro mu kwica abantu mu duce twa Oicha na Eringeti mu majyaruguru ya Beni @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu