Close MORE NEWS Paul Muvunyi uregwa gukoresha inyandiko mpimbano yitabye ubushinjacyaha UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-12-2020 saa 09:19' whatsapp Facebook Umunyemari Paul Muvunyi wabaye na Perezida wa Rayon Sports ukurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimbano, yashyikirijwe ubushinjacyaha nyuma yo gutabwa muri yombi ku wa 24 Ukuboza 2020. Umunyemari Paul Muvunyi umaze hafi icyumweru afunzwe akurikuranyweho guhimba sinya, yitabye ubushinjacyaha kuri uyu wa Kabiri ahagana saa munani, akaba yitabye ubushinjacyaha bw’i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali. Umwe mu bunganizi ba Muvunyi babiri, witwa Me Christopher Niyomugabo, yabwiye ikinyamakuru Taarifa dukesha iyi nkuru ko Muvunyi yisobanuye imbere y’ubushinjacyaha bukamwumva nyuma agasubizwa muri Kasho ya Remera. Nyuma yo kumvwa, ubushinjacyaha ngo bwamubwiye ko buzasuzuma ubwisobanure bwe n’ibikubiye muri dosiye ya RIB. Ngo nibusanga ari ngombwa ko arekurwa by’agateganyo azarekurwa cyangwa se bukore dosiye ishyikirizwe urukiko. Icyo gihe ngo hazakurikiraho kuburana ku ifungwa cyangwa ifungurwa ry’agateganyo. Muvunyi yunganiwe na Me Christopher Niyomugabo na Me Evode Kayitana. Afunganwe n’abandi batatu harimo Rtd Col Eugene Ruzibiza wigeze kuba Umuyobozi w’Ingabo mu Karere ka Karongi na Gérard Niyongamije, Gitifu (Executive Secretary) w’Akagari ka Gasura, Umurenge wa Bwishyura n’umuturage witwa Félicien Kayigema. Paul Muvunyi na bagenzi be 3 bakurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimpano, yifashishije asaba guhabwa icyangombwa cy’ubutaka (acquisition of Land Title).” Muvunyi arakekwaho guhimba sinya yiyita umwe muri ba nyiri ubutaka kugira ngo abone uko ahinduza amazina mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka kitwa, Rwanda Land Management And Use Authority. Yaje guhabwa ibyangombwa aba nyiri ubutaka ariko nyuma abakozi b’iki kigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka ngo baza guhagarika ibyangombwa bye banatanga ikirego muri RIB bavuga ko hari ibigaragaramo ko yahimbye basaba ko akurikiranwa. RIB na yo yatangiye kubikoraho iperereza. Muri iri perereza nibwo hari abandi bantu batatu bakekwaho uruhare, ubu bakaba bari kubikorerwaho iperereza. Umunyemari Paul Muvunyi ushinjwa gukoresha impapuro mpimbano yitabye ubushinjacyaha INGABIRE VICTOIRE AVUZE AMAGAMBO AKOMEYE KU BANTU BARI HANZE Y’IGIHUGU, ATANZE N’IMPANURO ZISOZA UYU MWAKA WA 2020: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Paul Muvunyi uregwa gukoresha inyandiko mpimbano yitabye ubushinjacyaha UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 30-12-2020 saa 09:19' whatsapp Facebook Umunyemari Paul Muvunyi wabaye na Perezida wa Rayon Sports ukurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimbano, yashyikirijwe ubushinjacyaha nyuma yo gutabwa muri yombi ku wa 24 Ukuboza 2020. Umunyemari Paul Muvunyi umaze hafi icyumweru afunzwe akurikuranyweho guhimba sinya, yitabye ubushinjacyaha kuri uyu wa Kabiri ahagana saa munani, akaba yitabye ubushinjacyaha bw’i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali. Umwe mu bunganizi ba Muvunyi babiri, witwa Me Christopher Niyomugabo, yabwiye ikinyamakuru Taarifa dukesha iyi nkuru ko Muvunyi yisobanuye imbere y’ubushinjacyaha bukamwumva nyuma agasubizwa muri Kasho ya Remera. Nyuma yo kumvwa, ubushinjacyaha ngo bwamubwiye ko buzasuzuma ubwisobanure bwe n’ibikubiye muri dosiye ya RIB. Ngo nibusanga ari ngombwa ko arekurwa by’agateganyo azarekurwa cyangwa se bukore dosiye ishyikirizwe urukiko. Icyo gihe ngo hazakurikiraho kuburana ku ifungwa cyangwa ifungurwa ry’agateganyo. Muvunyi yunganiwe na Me Christopher Niyomugabo na Me Evode Kayitana. Afunganwe n’abandi batatu harimo Rtd Col Eugene Ruzibiza wigeze kuba Umuyobozi w’Ingabo mu Karere ka Karongi na Gérard Niyongamije, Gitifu (Executive Secretary) w’Akagari ka Gasura, Umurenge wa Bwishyura n’umuturage witwa Félicien Kayigema. Paul Muvunyi na bagenzi be 3 bakurikiranyweho gukoresha inyandiko mpimpano, yifashishije asaba guhabwa icyangombwa cy’ubutaka (acquisition of Land Title).” Muvunyi arakekwaho guhimba sinya yiyita umwe muri ba nyiri ubutaka kugira ngo abone uko ahinduza amazina mu kigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka kitwa, Rwanda Land Management And Use Authority. Yaje guhabwa ibyangombwa aba nyiri ubutaka ariko nyuma abakozi b’iki kigo cy’igihugu gishinzwe ubutaka ngo baza guhagarika ibyangombwa bye banatanga ikirego muri RIB bavuga ko hari ibigaragaramo ko yahimbye basaba ko akurikiranwa. RIB na yo yatangiye kubikoraho iperereza. Muri iri perereza nibwo hari abandi bantu batatu bakekwaho uruhare, ubu bakaba bari kubikorerwaho iperereza. Umunyemari Paul Muvunyi ushinjwa gukoresha impapuro mpimbano yitabye ubushinjacyaha INGABIRE VICTOIRE AVUZE AMAGAMBO AKOMEYE KU BANTU BARI HANZE Y’IGIHUGU, ATANZE N’IMPANURO ZISOZA UYU MWAKA WA 2020: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika