Close MORE NEWS Pasiteri yishe umukobwa amuhamba mu rusengero UMUBAVU.com admin Kuya 27-06-2018 saa 06:01' whatsapp Facebook Umupasiteri wafunzwe azira kwica umukobwa wo mu gace ka Kogi, mu gihugu cya Nigeria, yasobanuyeko yamufashe ku ngufu ndetse na nyuma yo kumwica asambanya umurambo we. Ngo nyuma yo kumwica yamukataguyemo ibice, bimwe abitaba mu rusengero ku ruhimbi, ibindi bice abijyana kubitaba mu gihuru kiri hafi y’urusengero. Uyu mupasiteri ubusanzwe ni umugabo ufite abana umunani, akaba yaratawe muri yombi kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Kamena 2018, nyuma yo gutahurwaho amahano yo kwica umwana w’umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko, akamukoreraho imigenzo. Mu bisobanuro uyu mupasiteri yatanze ku mahano yakoze, yireguye avugako ari satani watumye akora ubu bwicanyi ngo kandi binongeyeho ngo byari mu rwego rwo kuba yava mu bukene abona bwugarije umuryango we. Mubyo yaganirije abanyamakuru ubwo bamujyanaga mu gihome, yavuzeko mubyo yasabwaga gukora, ari ukwica abantu batatu kandi akabashyingura mu buryo abakoreraho imigenzo yategetswe na satani, aho avugako yari yizeye ko nyuma yo kwica Moses w’imyaka 19, yari guhita abona akayabo ka miliyoni 2.5 z’amanaira (N2.5 million). Yakomeje avugako we nabo yifashishije muri uyu mugambi mubisha, babanje gusambanya uyu mwana w’umukobwa ku ngufu, bajya babona kumwica. Ngo bamaze no kumica kandi bongeye gusambanya umurambo we nkuko bari babitegetswe. Yavuzeko ibyo birangiye, bamuciye umutwe, bumuca intoki n’amano, barangije babivanga n’ibindi bintu ngo bakombaga buri gitondo, mu rwego bizeraga ko bazabona amafaranga menshi. Kuri ubu, uyu mupasiteri n’abandi 2, bafatanyije muri ubu bwicanyi batawe muri yombi, aho bategereje kugezwa imbere y’ubutaberango baryozwe ibyo bakoze. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) binel Kuya 28-06-2018 agace ni kogi igihugu ni Nigeria ntabyo mwabonye? Sibomana.Phocas Kuya 27-06-2018 Andika Igitekerezo Hanno.Gusaturabakunda.Ariko.Muduha.Inkuru.Zitavuga.Ahozabereye.Bigatuma.Inkuruzanyu.Tutazizera.Ko.Arukuri Theogene Kuya 27-06-2018 iyi nkuru ntiziguye kbsa!! Muge mutanga inguru kinyamwuga. ni mukihe gihugu? urusengero rwitwa ngp iki? Satani yahuri he na bo? ese aya mahano yaje kumenyekana ate? me Gabriel Kuya 27-06-2018 uyu munyamakuru wanditse iyi nkuru si uw umwuga peee koko ntavuga uyu mupasito uri ubwo mukihe gihugu uwuhe muji. mujye mubanza gusoma inkuru mbere yo kuyisakaza Deo Kuya 27-06-2018 Umubavu mbashimira inkuru mutugezaho ariko mujye muvuga aho inkuru mutangaza yabereye,keretse niba nibeshye iyi nkuru yanyu ntihavuga pe. INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Perezida Museveni yongeye kuzamura mu mapeti umuhungu we birakemangwa imyidagaduro Videos: Utundi dushya utigeze umenya ku bukwe bw’umuhanzikazi Olive wapfakaye akiri umugeni politike Iyo u Rwanda rutabaho ntabwo u Burundi bwari kugira ibibazo? Perezida Kagame amakuru Ingabire Victoire yanyomoje amakuru avuga ko agiye gusohoka mu Rwanda amakuru Leta ishobora kongera umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) amakuru Abahungu bahigitse abakobwa mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye 2018 amakuru RDC: Abasirikari 2 ba FARDC bishwe baciwe imitwe n’inyeshyamba za FDLR amakuru Perezida Tshisekedi yaganiriye na Kabila ku gushyiraho Guverinoma nshya ihuriweho n’impande imyidagaduro Se wa Diamond ashobora gucibwa amaguru kubera uburwayi bw’amayobera NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)
Pasiteri yishe umukobwa amuhamba mu rusengero UMUBAVU.com admin Kuya 27-06-2018 saa 06:01' whatsapp Facebook Umupasiteri wafunzwe azira kwica umukobwa wo mu gace ka Kogi, mu gihugu cya Nigeria, yasobanuyeko yamufashe ku ngufu ndetse na nyuma yo kumwica asambanya umurambo we. Ngo nyuma yo kumwica yamukataguyemo ibice, bimwe abitaba mu rusengero ku ruhimbi, ibindi bice abijyana kubitaba mu gihuru kiri hafi y’urusengero. Uyu mupasiteri ubusanzwe ni umugabo ufite abana umunani, akaba yaratawe muri yombi kuri uyu wa mbere tariki ya 25 Kamena 2018, nyuma yo gutahurwaho amahano yo kwica umwana w’umukobwa w’imyaka 19 y’amavuko, akamukoreraho imigenzo. Mu bisobanuro uyu mupasiteri yatanze ku mahano yakoze, yireguye avugako ari satani watumye akora ubu bwicanyi ngo kandi binongeyeho ngo byari mu rwego rwo kuba yava mu bukene abona bwugarije umuryango we. Mubyo yaganirije abanyamakuru ubwo bamujyanaga mu gihome, yavuzeko mubyo yasabwaga gukora, ari ukwica abantu batatu kandi akabashyingura mu buryo abakoreraho imigenzo yategetswe na satani, aho avugako yari yizeye ko nyuma yo kwica Moses w’imyaka 19, yari guhita abona akayabo ka miliyoni 2.5 z’amanaira (N2.5 million). Yakomeje avugako we nabo yifashishije muri uyu mugambi mubisha, babanje gusambanya uyu mwana w’umukobwa ku ngufu, bajya babona kumwica. Ngo bamaze no kumica kandi bongeye gusambanya umurambo we nkuko bari babitegetswe. Yavuzeko ibyo birangiye, bamuciye umutwe, bumuca intoki n’amano, barangije babivanga n’ibindi bintu ngo bakombaga buri gitondo, mu rwego bizeraga ko bazabona amafaranga menshi. Kuri ubu, uyu mupasiteri n’abandi 2, bafatanyije muri ubu bwicanyi batawe muri yombi, aho bategereje kugezwa imbere y’ubutaberango baryozwe ibyo bakoze. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) binel Kuya 28-06-2018 agace ni kogi igihugu ni Nigeria ntabyo mwabonye? Sibomana.Phocas Kuya 27-06-2018 Andika Igitekerezo Hanno.Gusaturabakunda.Ariko.Muduha.Inkuru.Zitavuga.Ahozabereye.Bigatuma.Inkuruzanyu.Tutazizera.Ko.Arukuri Theogene Kuya 27-06-2018 iyi nkuru ntiziguye kbsa!! Muge mutanga inguru kinyamwuga. ni mukihe gihugu? urusengero rwitwa ngp iki? Satani yahuri he na bo? ese aya mahano yaje kumenyekana ate? me Gabriel Kuya 27-06-2018 uyu munyamakuru wanditse iyi nkuru si uw umwuga peee koko ntavuga uyu mupasito uri ubwo mukihe gihugu uwuhe muji. mujye mubanza gusoma inkuru mbere yo kuyisakaza Deo Kuya 27-06-2018 Umubavu mbashimira inkuru mutugezaho ariko mujye muvuga aho inkuru mutangaza yabereye,keretse niba nibeshye iyi nkuru yanyu ntihavuga pe. INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Perezida Museveni yongeye kuzamura mu mapeti umuhungu we birakemangwa imyidagaduro Videos: Utundi dushya utigeze umenya ku bukwe bw’umuhanzikazi Olive wapfakaye akiri umugeni politike Iyo u Rwanda rutabaho ntabwo u Burundi bwari kugira ibibazo? Perezida Kagame amakuru Ingabire Victoire yanyomoje amakuru avuga ko agiye gusohoka mu Rwanda amakuru Leta ishobora kongera umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) amakuru Abahungu bahigitse abakobwa mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye 2018 amakuru RDC: Abasirikari 2 ba FARDC bishwe baciwe imitwe n’inyeshyamba za FDLR amakuru Perezida Tshisekedi yaganiriye na Kabila ku gushyiraho Guverinoma nshya ihuriweho n’impande imyidagaduro Se wa Diamond ashobora gucibwa amaguru kubera uburwayi bw’amayobera NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)