Close MORE NEWS Papa Francis yafashije abakozweho n’ibitero by’intagondwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 7-12-2020 saa 11:57' whatsapp Facebook Papa Francis yageneye imfashanyo y’amadolari y’Amerika 121,000 (arenga miliyoni 120Frw) abakozweho n’ibitero by’iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique. Iyo mfashanyo ikurikiye ubusabe bwa Musenyeri Luis Fernando Lisboa wa diyosezi ya Pemba, wari wasabye Papa ko yagoboka abaturage babarirwa mu bihumbi bataye ingo zabo kubera ibitero by’intagondwa ziyitirira idini ya Isilamu. Kuva mu mwaka wa 2017, izo ntagondwa zikomeje kugaba ibitero bya kinyamaswa muri iyo ntara ikungahaye mu bitoro. Abantu bagera hafi ku 430,000 ntibakigira aho kuba kubera ibyo bitero. Musenyeri Lisboa amaze igihe akora ubukangurambaga yise "Dushyire hamwe tugoboke Cabo Delgado", ugenekereje mu Kinyarwanda. Yabwiye abanyamakuru ko iyo mfashanyo yatanzwe na Papa Francis igiye gukoreshwa mu kubaka amavuriro ahantu abantu bataye ingo zabo basigaye bacumbitse, by’umwihariko mu turere twa Montepuez na Chiure. Mu cyumweru gishize, intumwa z’inama nkuru y’abepiskopi bo mu karere k’amajyepfo y’Afurika zasuye iyo ntara ya Cabo Delgado, ku butumire bwa Musenyeri Lisboa. Izo ntumwa zasabye ko ikibazo cy’umutekano mucye muri ako karere kibonerwa umuti byihutirwa ndetse n’abataye ingo zabo bakagezwaho imfashanyo byihuse. Papa Francis yasuye Mozambique mu mwaka ushize ABA BANNYAHE BATI "NTABWO TURWANYA LETA, USHAKA INZU BAYIMUHE", ABANA NIBAMARA KUBYARIRA MU RUGO NTITUZABANIGA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Papa Francis yafashije abakozweho n’ibitero by’intagondwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 7-12-2020 saa 11:57' whatsapp Facebook Papa Francis yageneye imfashanyo y’amadolari y’Amerika 121,000 (arenga miliyoni 120Frw) abakozweho n’ibitero by’iterabwoba mu ntara ya Cabo Delgado mu majyaruguru ya Mozambique. Iyo mfashanyo ikurikiye ubusabe bwa Musenyeri Luis Fernando Lisboa wa diyosezi ya Pemba, wari wasabye Papa ko yagoboka abaturage babarirwa mu bihumbi bataye ingo zabo kubera ibitero by’intagondwa ziyitirira idini ya Isilamu. Kuva mu mwaka wa 2017, izo ntagondwa zikomeje kugaba ibitero bya kinyamaswa muri iyo ntara ikungahaye mu bitoro. Abantu bagera hafi ku 430,000 ntibakigira aho kuba kubera ibyo bitero. Musenyeri Lisboa amaze igihe akora ubukangurambaga yise "Dushyire hamwe tugoboke Cabo Delgado", ugenekereje mu Kinyarwanda. Yabwiye abanyamakuru ko iyo mfashanyo yatanzwe na Papa Francis igiye gukoreshwa mu kubaka amavuriro ahantu abantu bataye ingo zabo basigaye bacumbitse, by’umwihariko mu turere twa Montepuez na Chiure. Mu cyumweru gishize, intumwa z’inama nkuru y’abepiskopi bo mu karere k’amajyepfo y’Afurika zasuye iyo ntara ya Cabo Delgado, ku butumire bwa Musenyeri Lisboa. Izo ntumwa zasabye ko ikibazo cy’umutekano mucye muri ako karere kibonerwa umuti byihutirwa ndetse n’abataye ingo zabo bakagezwaho imfashanyo byihuse. Papa Francis yasuye Mozambique mu mwaka ushize ABA BANNYAHE BATI "NTABWO TURWANYA LETA, USHAKA INZU BAYIMUHE", ABANA NIBAMARA KUBYARIRA MU RUGO NTITUZABANIGA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika