Close MORE NEWS Nyuma yo gukora umuhanda wa Km 7 wenyine Niringiyimana yahawe akazi UMUBAVU.com Rukundo Kuya 13-11-2019 saa 12:10' whatsapp Facebook Mu minsi yashize, nibwo umusore witwa Niringiyimana Emmanuel w’imyaka 23 y’amavuko wahanze umuhanda ureshya n’ibirometero birindwi (7Km) ari wenyine, yamamaye cyane mu bitanyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga. Inkuru y’uyu musore wo mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Karongi bwa mbere yatangajwe na TV1, abaturanyi bemeza ko uwo muhanda yawukoze wenyine. Nyuma y’iki gikorwa yakoze bamwita umurwayi, ubu benshi bavuga ko kidasanzwe kubera umuhate n’ubwitange yagaragaje mu kuwukora. Nyuma Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yaje gusubiza ko igiye koherezayo itsinda kumusura. Mu kwezi kwa 9 ari aherutse kwita izinga umwana w’ingagi Mu kwezi kwa 9 uyu mwaka, ubwo mu Rwanda habaga umuhango wo Kwita Izina abana 25 b’ingagi wabereye mu Kinigi mu Karere ka Musanze, Niringiyimana Emmanuel yatumiewe mu bagomba kwita izina, akaba yarise izina ‘Nimugwire mu Rwanda” Nyuma y’uko abantu benshi bari biteze ko uyu mwana w’umusore azakorerwa ikintu gikomeye kubera igikorwa yakoze, kuri ubu sosiyete y’itumanaho mu Rwanda ya Airtel &Tigo yamaze kumuha akazi kuyamamariza iikorwa byayo nk’uko ibyaopa byao biri kubigaragaza. Ku mbuga nkoranyambga byashimishije abantu Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Maurice Kuya 14-11-2019 Leta yakamufashije nka buriya wasanga adafite aho ataha bakamwubakira nkinzu yarakoze rwose kubona nta nuwamufashije munzego z,ibanze koko ngo wenda bapange umuganda umwunganire leta yakabirebyeho B Kuya 13-11-2019 Leta yagakwiye kumugenera ikintu cg ishimwe rikomeye INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Kigali: Abari gusenyerwaho inzu mu gahinda gakomeye amakuru Miss Uwihirwe Yasipi Casimir n’umunyamakuru bahishuye icyatuma batabana amakuru Zambia: Perezida yasabye Ambasaderi wa Amerika kumuvira mu gihugu amakuru Agathon Rwasa ati "Abarundi bategereje ubutegetsi butavangura" amakuru Sudani: Bashir wahoze ari Perezida yahamwe na ruswa arakatirwa amakuru RDC: Abantu 6 baguye mu gitero cy’inyeshyamba I Beni politike Indi Manda, igihe amaze ayobora, ibibazo na Uganda-Perezida Kagame yabigarutseho amakuru Amb. Nduhungirehe ati "Inama y’i Kampala ni iya nyuma" amakuru Nta gushidikanya abagore barusha abagabo-Obama NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Nyuma yo gukora umuhanda wa Km 7 wenyine Niringiyimana yahawe akazi UMUBAVU.com Rukundo Kuya 13-11-2019 saa 12:10' whatsapp Facebook Mu minsi yashize, nibwo umusore witwa Niringiyimana Emmanuel w’imyaka 23 y’amavuko wahanze umuhanda ureshya n’ibirometero birindwi (7Km) ari wenyine, yamamaye cyane mu bitanyamakuru no ku mbuga nkoranyambaga. Inkuru y’uyu musore wo mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Karongi bwa mbere yatangajwe na TV1, abaturanyi bemeza ko uwo muhanda yawukoze wenyine. Nyuma y’iki gikorwa yakoze bamwita umurwayi, ubu benshi bavuga ko kidasanzwe kubera umuhate n’ubwitange yagaragaje mu kuwukora. Nyuma Minisiteri y’Ibikorwa Remezo ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Twitter, yaje gusubiza ko igiye koherezayo itsinda kumusura. Mu kwezi kwa 9 ari aherutse kwita izinga umwana w’ingagi Mu kwezi kwa 9 uyu mwaka, ubwo mu Rwanda habaga umuhango wo Kwita Izina abana 25 b’ingagi wabereye mu Kinigi mu Karere ka Musanze, Niringiyimana Emmanuel yatumiewe mu bagomba kwita izina, akaba yarise izina ‘Nimugwire mu Rwanda” Nyuma y’uko abantu benshi bari biteze ko uyu mwana w’umusore azakorerwa ikintu gikomeye kubera igikorwa yakoze, kuri ubu sosiyete y’itumanaho mu Rwanda ya Airtel &Tigo yamaze kumuha akazi kuyamamariza iikorwa byayo nk’uko ibyaopa byao biri kubigaragaza. Ku mbuga nkoranyambga byashimishije abantu Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Maurice Kuya 14-11-2019 Leta yakamufashije nka buriya wasanga adafite aho ataha bakamwubakira nkinzu yarakoze rwose kubona nta nuwamufashije munzego z,ibanze koko ngo wenda bapange umuganda umwunganire leta yakabirebyeho B Kuya 13-11-2019 Leta yagakwiye kumugenera ikintu cg ishimwe rikomeye INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Kigali: Abari gusenyerwaho inzu mu gahinda gakomeye amakuru Miss Uwihirwe Yasipi Casimir n’umunyamakuru bahishuye icyatuma batabana amakuru Zambia: Perezida yasabye Ambasaderi wa Amerika kumuvira mu gihugu amakuru Agathon Rwasa ati "Abarundi bategereje ubutegetsi butavangura" amakuru Sudani: Bashir wahoze ari Perezida yahamwe na ruswa arakatirwa amakuru RDC: Abantu 6 baguye mu gitero cy’inyeshyamba I Beni politike Indi Manda, igihe amaze ayobora, ibibazo na Uganda-Perezida Kagame yabigarutseho amakuru Amb. Nduhungirehe ati "Inama y’i Kampala ni iya nyuma" amakuru Nta gushidikanya abagore barusha abagabo-Obama NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo