Close MORE NEWS Nyaruguru: Abaretse ibiyobyabwenge barifuza ishuri ry’imyuga UMUBAVU.com Rukundo Kuya 20-11-2019 saa 09:05' whatsapp Facebook Abavuga ibi, ni abari mu itsinda rigizwe n’urubyiruko rwaretse kunywa no gukoresha ibiyobyabwenge, barangije kwiga amashuri yisumbuye ndetse n’abayakicirije bo mu Murenge wa Rusenge. Burindwi Francois afite imyaka 27, ni umwe muri urwo rubyiruko. Avuga ko yari yarabaswe n’ibiyobyabwenge ariko kuba yarabiretse akwiye gushaka ukundi yakwiteza imbere. Yagize ati ”Njyewe nanywaga kore, n’urumogi cyane! Ariko nyuma navuga ko ari Imana yamfashije kubisezerera burundu. Ubu rero njyewe na abagenzi banjye, icyo twifuza ni uko twashyirirwaho uburyo twakwigamo imyuga.” Kuri iki kibazo, umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru Habitegeko Francois, avuga ko hari gahunda yo guhugura urubyiruko ndetse bakanabahuza n’ibigo by’imari. Ati ”Turashima aba bana baretse gukoresha ibiyobyabwenge. Nibahumure, hari uburyo twabashyiriyeho bwo kubahugura, no kubahuza n’ibigo byimari bizajya bibafasha kubona inguzanyo bagura ibikoresho kuko bazaba baribumbiye mu matsinda.” Uretse kuba abagize iri tsinda bahura bakizigama, banagira n’indi gahunda yo guhuriza imbaraga hamwe, bagafasha abaturage mu bibazo bitandukanye bahura na byo birimo nko kubakira amazu n’ubwiherero abatishoboye, gutunganya uturima tw’igikoni, gufasha mu kurwanya ibiyobyabwenge ndetse no kurwanya amakimbirane mu miryango. Iri tsinda ry’uru rubyiruko, rikaba rigizwe n’abasaga 150. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Nyaruguru: Abaretse ibiyobyabwenge barifuza ishuri ry’imyuga UMUBAVU.com Rukundo Kuya 20-11-2019 saa 09:05' whatsapp Facebook Abavuga ibi, ni abari mu itsinda rigizwe n’urubyiruko rwaretse kunywa no gukoresha ibiyobyabwenge, barangije kwiga amashuri yisumbuye ndetse n’abayakicirije bo mu Murenge wa Rusenge. Burindwi Francois afite imyaka 27, ni umwe muri urwo rubyiruko. Avuga ko yari yarabaswe n’ibiyobyabwenge ariko kuba yarabiretse akwiye gushaka ukundi yakwiteza imbere. Yagize ati ”Njyewe nanywaga kore, n’urumogi cyane! Ariko nyuma navuga ko ari Imana yamfashije kubisezerera burundu. Ubu rero njyewe na abagenzi banjye, icyo twifuza ni uko twashyirirwaho uburyo twakwigamo imyuga.” Kuri iki kibazo, umuyobozi w’akarere ka Nyaruguru Habitegeko Francois, avuga ko hari gahunda yo guhugura urubyiruko ndetse bakanabahuza n’ibigo by’imari. Ati ”Turashima aba bana baretse gukoresha ibiyobyabwenge. Nibahumure, hari uburyo twabashyiriyeho bwo kubahugura, no kubahuza n’ibigo byimari bizajya bibafasha kubona inguzanyo bagura ibikoresho kuko bazaba baribumbiye mu matsinda.” Uretse kuba abagize iri tsinda bahura bakizigama, banagira n’indi gahunda yo guhuriza imbaraga hamwe, bagafasha abaturage mu bibazo bitandukanye bahura na byo birimo nko kubakira amazu n’ubwiherero abatishoboye, gutunganya uturima tw’igikoni, gufasha mu kurwanya ibiyobyabwenge ndetse no kurwanya amakimbirane mu miryango. Iri tsinda ry’uru rubyiruko, rikaba rigizwe n’abasaga 150. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Victoire: Igihembo yahawe adahari, igiciro gihanitse cy’ibishyimbo, amakuru y’ishyaka rye-Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Victoire Ingabire yahawe igihembo cyo guharanira uburenganzira bwa muntu cyakirwa n’umwana we NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo