Close MORE NEWS Nigeria: Perezida Buhari yanyomoje amakuru yavugaga ko yapfuye hagakorwa undi usa nawe UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 3-12-2018 saa 13:54' whatsapp Facebook Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari, yahakanye amakuru yavugaga ko igihe yarwaraga ashobora kuba yarapfuye hagakorwa undi muntu usa nawe (clone). Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, ku Cyumweru Buhari yavuze ko yanyomoje aya makuru yuzuyemo ubujiji ubwo yari mu nama n’abanya-Nigeria batuye muri Pologne. Ati “Kimwe mu bibazo nabajijwe uyu munsi ubwo nari mu nama n’abanya-Nigeria muri Pologne ni uko naba narakozwemo undi muntu cyangwa atari byo. Ibi binyoma byuzuye ubujiji ntibitunguranye kuko ubwo najyaga mu kiruhuko cy’uburwayi umwaka ushize hari abizeraga ko napfuye.” Mu 2017, Perezida Buhari yagiye yerekeza kenshi mu Mujyi wa Londres mu Bwongereza kwivuza, ku buryo hari n’ubwo yigeze kumarayo amezi arenga atatu. CNN ivuga ko icyo gihe hatangiye gukwirakwira ibihuha ku buzima bwa Perezida, aho hari n’abatangiye kuvuga ko yitabye Imana. Nk’uko we Buhari ubwe yabyitangarije, ngo ibi binyoma byatumye bamwe batangira gusaba Visi Perezida, Yemi Osinbajo kuba yamusimbura. Ati “Ibi byamuteye ikimwaro cyane, twabiganiriyeho ubwo yazaga kunsura ntangiye koroherwa. Nahamiriza mwe mwese ko uyu ari njye nyawe. Mu minsi mike muri uku kwezi nzizihiza isabukuru y’imyaka 76, kandi ndacyakomeye.” Umuvugizi wa Perezida, Garba Shehu, yavuze ko Buhari wajyanywe muri Pologne n’Inama ya 24 y’Ishami rya Loni rishinzwe guhangana n’imihindagurikire y’ikirere (COP24), yasubije kuriya nyuma yo kubazwa niba ataba ari umunya-Sudani, Jubril bivugwa ko basa cyane. Iyi nama ya COP24 Buhari watorewe kuyobora Nigeria mu 2015 yitabiriye iteganyijwe kuba kuva kuri uyu wa 3-14 Ukuboza mu Mujyi wa Katowice muri Pologne. Perezida Buhari yahakanye kuba Clone ya Perezida nyawe Abanya-Nigeria bitoreye @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)
Nigeria: Perezida Buhari yanyomoje amakuru yavugaga ko yapfuye hagakorwa undi usa nawe UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 3-12-2018 saa 13:54' whatsapp Facebook Perezida wa Nigeria, Muhammadu Buhari, yahakanye amakuru yavugaga ko igihe yarwaraga ashobora kuba yarapfuye hagakorwa undi muntu usa nawe (clone). Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, ku Cyumweru Buhari yavuze ko yanyomoje aya makuru yuzuyemo ubujiji ubwo yari mu nama n’abanya-Nigeria batuye muri Pologne. Ati “Kimwe mu bibazo nabajijwe uyu munsi ubwo nari mu nama n’abanya-Nigeria muri Pologne ni uko naba narakozwemo undi muntu cyangwa atari byo. Ibi binyoma byuzuye ubujiji ntibitunguranye kuko ubwo najyaga mu kiruhuko cy’uburwayi umwaka ushize hari abizeraga ko napfuye.” Mu 2017, Perezida Buhari yagiye yerekeza kenshi mu Mujyi wa Londres mu Bwongereza kwivuza, ku buryo hari n’ubwo yigeze kumarayo amezi arenga atatu. CNN ivuga ko icyo gihe hatangiye gukwirakwira ibihuha ku buzima bwa Perezida, aho hari n’abatangiye kuvuga ko yitabye Imana. Nk’uko we Buhari ubwe yabyitangarije, ngo ibi binyoma byatumye bamwe batangira gusaba Visi Perezida, Yemi Osinbajo kuba yamusimbura. Ati “Ibi byamuteye ikimwaro cyane, twabiganiriyeho ubwo yazaga kunsura ntangiye koroherwa. Nahamiriza mwe mwese ko uyu ari njye nyawe. Mu minsi mike muri uku kwezi nzizihiza isabukuru y’imyaka 76, kandi ndacyakomeye.” Umuvugizi wa Perezida, Garba Shehu, yavuze ko Buhari wajyanywe muri Pologne n’Inama ya 24 y’Ishami rya Loni rishinzwe guhangana n’imihindagurikire y’ikirere (COP24), yasubije kuriya nyuma yo kubazwa niba ataba ari umunya-Sudani, Jubril bivugwa ko basa cyane. Iyi nama ya COP24 Buhari watorewe kuyobora Nigeria mu 2015 yitabiriye iteganyijwe kuba kuva kuri uyu wa 3-14 Ukuboza mu Mujyi wa Katowice muri Pologne. Perezida Buhari yahakanye kuba Clone ya Perezida nyawe Abanya-Nigeria bitoreye @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)