Close MORE NEWS Nigeria: Abagore batangije imyigaragambyo barasaba ko ihagarara UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-10-2020 saa 09:34' whatsapp Facebook Ihuriro ry’abaharanira ijambo ry’umugore, ryagize uruhare rukomeye mu gutangiza imyigaragambyo yiswe #EndSARS, ryasabye urubyiruko rwa Nigeria kuguma mu rugo rukubahiriza umukwabu wategetswe na leta zo muri iki gihugu. Iri huriro ryavuze ko ritazongera kwakira impano rihabwa z’ibikorwa byo kwigaragambya. Muri Nigeria hamaze iminsi imyigaragambyo ikomeye yageze aho abashinzwe umutekano barasa bakica abayirimo, abayikora nabo bagasenya inyubako zitandukanye za leta. Ibyasabwe n’iri huriro birabonwa na benshi nk’iherezo ry’iyi nkubiri y’imyigaragambyo, yashegeshe Nigeria mu buryo bukomeye cyane. Iri tangazo ryatanzwe hashize amasaha atanu Perezida Muhammadu Buhari aburiye urubyiruko ngo ruhagarike imyigaragambyo kuko iteje akaga umutekano w’igihugu kandi bitaza kwihanganirwa. Iri huriro riharanira imbaraga n’ijambo ry’abagore, rivuga ko ryakiriye impano ya $400,000 (hafi miliyoni 400 Frw) avuye ahatandukanye ku isi. Kandi menshi muri yo atarakoreshwa. Rivuga ko riteganya kugabanya aya mafaranga mu bikorwa byo kuvura abakomeretse, ibijyanye n’amategeko, no ku miryango y’abiciwe ababo muri iyi myigaragambyo ya #EndSARS. Mu itangazo rindi ryatanzwe n’uhagarariye Amerika muri Nigeria, ryavuze ko kuwa kane bahuye na Visi Perezida wa Nigeria Yemi Osinbajo bakamubwira impungenge batewe n’ibiri kuba. Iri tangazo ryamagana ko kuwa Kabiri ingabo za Nigeria zakoresheje imbaraga z’umurengera zikarasa ku bigaragambya i Lagos. Ingabo, mbere zari zahakanye amakuru ko zarashe zikica abigaragambya, ziyita "Fake news". Abigaragambya bamaze ibyumweru bibiri basaba impinduka mu gipolisi Turumiwe!!! ABATURAGE BASOHOWE MU NZU ZIRASENYWA N’IBINTU BYOSE BITABWA HANZE N’UWO BISE UMUKIRE NONE BARATABAZA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Nigeria: Abagore batangije imyigaragambyo barasaba ko ihagarara UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-10-2020 saa 09:34' whatsapp Facebook Ihuriro ry’abaharanira ijambo ry’umugore, ryagize uruhare rukomeye mu gutangiza imyigaragambyo yiswe #EndSARS, ryasabye urubyiruko rwa Nigeria kuguma mu rugo rukubahiriza umukwabu wategetswe na leta zo muri iki gihugu. Iri huriro ryavuze ko ritazongera kwakira impano rihabwa z’ibikorwa byo kwigaragambya. Muri Nigeria hamaze iminsi imyigaragambyo ikomeye yageze aho abashinzwe umutekano barasa bakica abayirimo, abayikora nabo bagasenya inyubako zitandukanye za leta. Ibyasabwe n’iri huriro birabonwa na benshi nk’iherezo ry’iyi nkubiri y’imyigaragambyo, yashegeshe Nigeria mu buryo bukomeye cyane. Iri tangazo ryatanzwe hashize amasaha atanu Perezida Muhammadu Buhari aburiye urubyiruko ngo ruhagarike imyigaragambyo kuko iteje akaga umutekano w’igihugu kandi bitaza kwihanganirwa. Iri huriro riharanira imbaraga n’ijambo ry’abagore, rivuga ko ryakiriye impano ya $400,000 (hafi miliyoni 400 Frw) avuye ahatandukanye ku isi. Kandi menshi muri yo atarakoreshwa. Rivuga ko riteganya kugabanya aya mafaranga mu bikorwa byo kuvura abakomeretse, ibijyanye n’amategeko, no ku miryango y’abiciwe ababo muri iyi myigaragambyo ya #EndSARS. Mu itangazo rindi ryatanzwe n’uhagarariye Amerika muri Nigeria, ryavuze ko kuwa kane bahuye na Visi Perezida wa Nigeria Yemi Osinbajo bakamubwira impungenge batewe n’ibiri kuba. Iri tangazo ryamagana ko kuwa Kabiri ingabo za Nigeria zakoresheje imbaraga z’umurengera zikarasa ku bigaragambya i Lagos. Ingabo, mbere zari zahakanye amakuru ko zarashe zikica abigaragambya, ziyita "Fake news". Abigaragambya bamaze ibyumweru bibiri basaba impinduka mu gipolisi Turumiwe!!! ABATURAGE BASOHOWE MU NZU ZIRASENYWA N’IBINTU BYOSE BITABWA HANZE N’UWO BISE UMUKIRE NONE BARATABAZA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika