Close MORE NEWS Ngororero: Abayobozi barimo ba ’Gitifu’ babiri RIB yabataye muri yombi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 19-11-2020 saa 13:41' whatsapp Facebook Urwego rugenza ibyaha mu Rwanda, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi batandukanye bo mu Karere ka Ngororero mu Burengerazuba bw’u Rwanda aho bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no kunyereza umutungo. Aba bayobozi batawe muri yombi ni batatu aho bose bakurikiranyweho kunyereza umutungo, guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na RIB kuri uyu wa Kane tariki 18 Ugushyingo 2020, rivuga ko abafunzwe ari Harerimana Adrien Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Sovu ; Umubyeyi Ildegonde, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kavumu. Hafunzwe kandi na Ntashamaje Eliazar Umucungamali w’Umurenge wa Sovu, iyi Mirenge yose ikaba ari iyo muri aka karere ka Ngororero Iri tangazo rikomeza rigira riti “Bose bakurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo, guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano.” Abakekwa ubu bafungiye kuri RIB Post ya Ngororero mu gihe iperereza rikomeje kugira ngo hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Menya umwanzuro w’urukiko ku rubanza rw’umuyobozi w’UMUBAVU ku bujurire bw’ubushinjacyaha bwari bwajuririye ifungurwa ry’agateganyo rye: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Ngororero: Abayobozi barimo ba ’Gitifu’ babiri RIB yabataye muri yombi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 19-11-2020 saa 13:41' whatsapp Facebook Urwego rugenza ibyaha mu Rwanda, RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi batandukanye bo mu Karere ka Ngororero mu Burengerazuba bw’u Rwanda aho bakurikiranyweho ibyaha bifitanye isano no kunyereza umutungo. Aba bayobozi batawe muri yombi ni batatu aho bose bakurikiranyweho kunyereza umutungo, guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na RIB kuri uyu wa Kane tariki 18 Ugushyingo 2020, rivuga ko abafunzwe ari Harerimana Adrien Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Sovu ; Umubyeyi Ildegonde, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kavumu. Hafunzwe kandi na Ntashamaje Eliazar Umucungamali w’Umurenge wa Sovu, iyi Mirenge yose ikaba ari iyo muri aka karere ka Ngororero Iri tangazo rikomeza rigira riti “Bose bakurikiranyweho icyaha cyo kunyereza umutungo, guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano.” Abakekwa ubu bafungiye kuri RIB Post ya Ngororero mu gihe iperereza rikomeje kugira ngo hakorwe dosiye ishyikirizwe Ubushinjacyaha. Menya umwanzuro w’urukiko ku rubanza rw’umuyobozi w’UMUBAVU ku bujurire bw’ubushinjacyaha bwari bwajuririye ifungurwa ry’agateganyo rye: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe amakuru Inkuru y’umupolisi yakubise umugore inkoni igafata umwana we w’amezi 9 agapfa amakuru Kim Jong-un yahaye ubutumwa bukomeye Joe Biden ugiye gutegeka USA NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika