Close MORE NEWS N’abadiyakoni baraza tukabafasha-Umuvuzi Gakondo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 4-08-2020 saa 07:51' whatsapp Facebook Habinshuti Jean Pierre ni umwe mu bavuzi Gakondo unabarizwa mu Ihuriro ry’Abavuzi Gakondo mu Rwanda (AGA RWANDA NETWORK), yaganiriye n’UMUBAVU agaruka ku bijyanye n’imandwa, abazimu, imiterekero, imikoshi n’inzigo avuga ingaruka byatera umuntu n’uburyo izi ngaruka zamuvaho, yahishuye ko ngo n’abadiyakoni bo mu nsengero abafasha akabavura. Avuga ko kumugana ngo agufashe bitewe n’ikibazo ufite utaba ugiye mu irimbukiro cyangwa mu kuzimu ngo kuko akoresha imiti gakondo ishobora gufasha uwo ari we wese. Avuga ko n’abo mu nsengero nk’abadiyakoni abafasha, ati "Dufasha ahubwo n’abantu bari mu nsengero, umuntu akaza ati ’ndi umudiyakoni’ tukamufasha ati ’sinsinzira ndwara umutwe’ ngira gute..baransengeye biranga, twamara kumufasha...kuko nta mategeko twebwe duha umuntu ngo ubwo tugufashije ngo wisubira mu idini, hoya ntabwo ibyongibyo tubikora". Akomeza ati "Turagufasha twamara kugufasha ukagenda ukabaho uko ushaka, ugaterana uko ushaka ugakora ibyo ushaka kandi bikagenda neza". Abajijwe niba we atemera imbaraga zo mu rusengero zishobora kwirukana ibi by’imandwa, imikoshi, imiterekero n’ibindi, ati "Usanga n’iyo babikoze byorohaho igihe gitoya cyangwa se bigasaba ko wa muntu aguma mu rusengero akazasa nk’umuntu utuyemo n’akandi kazi yakoraga akakareka". Muri iki kiganiro uyu muvuzi Gakondo yasobanuye uburyo akoresha kugira ngo ibi byose yavuze bive ku muntu burimo nko kubatsirika no kubaha imiti avuga ko ikomeye ikomoka ku byatsi. Umuvuzi Gakondo Habinshuti Jean Pierre akorera I Nyamirambo ugeze kuri 40, umukeneye ushobora no kumuvugisha kuri Nomero ya Telefoni igendanwa 0789388195/0728816224. Ibindi tutavuze mu nkuru Habinshuti yaganirije UMUBAVU urabyiyumvira muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Kwizera Kuya 4-08-2020 Uwo muvuzi ntaribi kuvugana ntawe bisaba angahe? INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
N’abadiyakoni baraza tukabafasha-Umuvuzi Gakondo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 4-08-2020 saa 07:51' whatsapp Facebook Habinshuti Jean Pierre ni umwe mu bavuzi Gakondo unabarizwa mu Ihuriro ry’Abavuzi Gakondo mu Rwanda (AGA RWANDA NETWORK), yaganiriye n’UMUBAVU agaruka ku bijyanye n’imandwa, abazimu, imiterekero, imikoshi n’inzigo avuga ingaruka byatera umuntu n’uburyo izi ngaruka zamuvaho, yahishuye ko ngo n’abadiyakoni bo mu nsengero abafasha akabavura. Avuga ko kumugana ngo agufashe bitewe n’ikibazo ufite utaba ugiye mu irimbukiro cyangwa mu kuzimu ngo kuko akoresha imiti gakondo ishobora gufasha uwo ari we wese. Avuga ko n’abo mu nsengero nk’abadiyakoni abafasha, ati "Dufasha ahubwo n’abantu bari mu nsengero, umuntu akaza ati ’ndi umudiyakoni’ tukamufasha ati ’sinsinzira ndwara umutwe’ ngira gute..baransengeye biranga, twamara kumufasha...kuko nta mategeko twebwe duha umuntu ngo ubwo tugufashije ngo wisubira mu idini, hoya ntabwo ibyongibyo tubikora". Akomeza ati "Turagufasha twamara kugufasha ukagenda ukabaho uko ushaka, ugaterana uko ushaka ugakora ibyo ushaka kandi bikagenda neza". Abajijwe niba we atemera imbaraga zo mu rusengero zishobora kwirukana ibi by’imandwa, imikoshi, imiterekero n’ibindi, ati "Usanga n’iyo babikoze byorohaho igihe gitoya cyangwa se bigasaba ko wa muntu aguma mu rusengero akazasa nk’umuntu utuyemo n’akandi kazi yakoraga akakareka". Muri iki kiganiro uyu muvuzi Gakondo yasobanuye uburyo akoresha kugira ngo ibi byose yavuze bive ku muntu burimo nko kubatsirika no kubaha imiti avuga ko ikomeye ikomoka ku byatsi. Umuvuzi Gakondo Habinshuti Jean Pierre akorera I Nyamirambo ugeze kuri 40, umukeneye ushobora no kumuvugisha kuri Nomero ya Telefoni igendanwa 0789388195/0728816224. Ibindi tutavuze mu nkuru Habinshuti yaganirije UMUBAVU urabyiyumvira muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Kwizera Kuya 4-08-2020 Uwo muvuzi ntaribi kuvugana ntawe bisaba angahe? INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika