Close MORE NEWS Mwarimu yatamaje umukobwa ko yagiye mu mihango bimutera kwiyahura arapfa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 12-09-2019 saa 06:43' whatsapp Facebook Umunyeshuri w’umukobwa wo mu gihugu cya Kenya yariyahuye ahita apfa nyuma y’uko agiye mu mihango akanduza imyenda y’ishuri umwarimu akamusohora mu ishuri ngo ni umunyamwanda. Ku wa Gatanu w’icyumweu gishize umwana w’umukobwa yariyahuye nyuma yo kunanirwa kwakira uburyo umwarimu yamutukiye imbere y’abandi banyeshuri ndetse akamusohora mu ishuri akamutegeka kuguma hanze yaryo amubwira ko kuba yiyanduje ari umwanda. Uyu mukobwa ngo yageze iwabo ahita yiyahura arapfa, ibintu byatumwe ababyeyi basaga 200 bajya kwigaragambiriza imbere y’ikigo umwana yigagaho bamagana umwarimu wabaye nyirabayazana w’urupfu rw’uwo mwana. Police yo muri Kenya yabatatanyije ibarohamo ibyuka biryani mu maso. Iperereza ririho rirakorwa nubwo ubuyobozi bw’iki kigo ntacyo buratangaza ngo hamenyekane icyatumye yiyahura . Nyina w’umukobwa yavuze ko umwana we yari afite imyaka 14 y’amavuko. Mu mwaka wa 2017 muri Kenya hatowe itegeko ryo guha abana b’abakobwa bose biga mu mashuri abanza ibikoresho by’isuku bakoresha mu gihe bagiye mu mihango kandi bakabihabwa ku buntu. Abagize Inteko Ishinga Amategeko bahise batangira gusuzuma impamvu iryo tegeko ridashyirwa mu bikorwa hose no kuri bose. Raporo ya 2014 y’umuryango w’abibumbye yagaragaje ko mu bice bya Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara umukobwa umwe mu bakobwa 10 basiba ishuri mu gihe bari mu muhango. Bamwe mu bashinzwe kureberera abana b’abakobwa bakavuga ko 20% batakaza amashuri kubera iyo mpamvu bakishimira kuva mu mashuri burundu. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Mwarimu yatamaje umukobwa ko yagiye mu mihango bimutera kwiyahura arapfa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 12-09-2019 saa 06:43' whatsapp Facebook Umunyeshuri w’umukobwa wo mu gihugu cya Kenya yariyahuye ahita apfa nyuma y’uko agiye mu mihango akanduza imyenda y’ishuri umwarimu akamusohora mu ishuri ngo ni umunyamwanda. Ku wa Gatanu w’icyumweu gishize umwana w’umukobwa yariyahuye nyuma yo kunanirwa kwakira uburyo umwarimu yamutukiye imbere y’abandi banyeshuri ndetse akamusohora mu ishuri akamutegeka kuguma hanze yaryo amubwira ko kuba yiyanduje ari umwanda. Uyu mukobwa ngo yageze iwabo ahita yiyahura arapfa, ibintu byatumwe ababyeyi basaga 200 bajya kwigaragambiriza imbere y’ikigo umwana yigagaho bamagana umwarimu wabaye nyirabayazana w’urupfu rw’uwo mwana. Police yo muri Kenya yabatatanyije ibarohamo ibyuka biryani mu maso. Iperereza ririho rirakorwa nubwo ubuyobozi bw’iki kigo ntacyo buratangaza ngo hamenyekane icyatumye yiyahura . Nyina w’umukobwa yavuze ko umwana we yari afite imyaka 14 y’amavuko. Mu mwaka wa 2017 muri Kenya hatowe itegeko ryo guha abana b’abakobwa bose biga mu mashuri abanza ibikoresho by’isuku bakoresha mu gihe bagiye mu mihango kandi bakabihabwa ku buntu. Abagize Inteko Ishinga Amategeko bahise batangira gusuzuma impamvu iryo tegeko ridashyirwa mu bikorwa hose no kuri bose. Raporo ya 2014 y’umuryango w’abibumbye yagaragaje ko mu bice bya Afurika yo munsi y’ubutayu bwa Sahara umukobwa umwe mu bakobwa 10 basiba ishuri mu gihe bari mu muhango. Bamwe mu bashinzwe kureberera abana b’abakobwa bakavuga ko 20% batakaza amashuri kubera iyo mpamvu bakishimira kuva mu mashuri burundu. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika