Close MORE NEWS Museveni yemejwe nk’umukandida w’ishyaka NRM mu matora UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 28-07-2020 saa 17:48' whatsapp Facebook Ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda rimaze kwemeza ko umukuru waryo Yoweri Kaguta Museveni ari we uzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe umwaka utaha. Nta gutungurana kwabaye kuko umunyamabanga mukuru wa NRM yari aherutse kuvuga ko muri iryo shyaka nta muntu wagaragaje ubushake bwo guhatana na Bwana Museveni. Kuri Twitter, Bwana Museveni w’imyaka 75 ugiye kwiyamamarinda manda ya Gatandatu, yahise avuga ko "mu gihe nyacyo, azatangaza gahunda ye n’imigabo n’imigambi afite". Mu kwezi kwa 11 biteganyijwe ko komisiyo y’amatora ari bwo izemeza ’Kandidatire’ z’abashaka guhatanira uwo mwanya. Naramuka yongeye gutorwa, uyu mugabo umaze imyaka 34 ku butegetsi, ni ukuvuga kuva mu 1986, azaba yemerewe gutegeka indi myaka itanu, yabishaka agahatanira indi kuko mu 2017 Itegeko Nshinga ryavanyeho manda ntarengwa. Itegeko Nshinga rya Uganda ryo mu 1995 ryabuzaga umuntu uri munsi y’imyaka 35 n’urengeje 75 kuba Perezida. Nubwo andi mashyaka ataratangaza abazayaserukira mu matora, gusa byitezwe ko ushobora kuzahangana bikomeye na Museveni ari umunyamuziki n’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine. Kubera Coronavirus, leta ya Uganda yategetse ko ibikorwa byo kwiyamamaza bitagomba kuba mu buryo busanzwe, abiyamamaza bagomba gukoresha amaradiyo na Televiziyo gusa. Mu gihe Radiyo arizo benshi bageraho, ishyaka riri ku butegetsi rifite amahirwe, ugereranyije n’uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi, kuko Radiyo nyinshi zifitwe n’abantu bo muri NRM. Ishyaka NRM ryemeje Museveni nk’umukandida waryo um matora yimirijwe imbere Barafinda ati "Bagiye kuzasubiranamo, uburenganzira bwa muntu burahonyorwa, Abaruda ntidukangwa n’ibitontoma byose, byinshi ni muri iki kiganiro UMUBAVU wagiranye na Barafinda: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Museveni yemejwe nk’umukandida w’ishyaka NRM mu matora UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 28-07-2020 saa 17:48' whatsapp Facebook Ishyaka NRM riri ku butegetsi muri Uganda rimaze kwemeza ko umukuru waryo Yoweri Kaguta Museveni ari we uzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe umwaka utaha. Nta gutungurana kwabaye kuko umunyamabanga mukuru wa NRM yari aherutse kuvuga ko muri iryo shyaka nta muntu wagaragaje ubushake bwo guhatana na Bwana Museveni. Kuri Twitter, Bwana Museveni w’imyaka 75 ugiye kwiyamamarinda manda ya Gatandatu, yahise avuga ko "mu gihe nyacyo, azatangaza gahunda ye n’imigabo n’imigambi afite". Mu kwezi kwa 11 biteganyijwe ko komisiyo y’amatora ari bwo izemeza ’Kandidatire’ z’abashaka guhatanira uwo mwanya. Naramuka yongeye gutorwa, uyu mugabo umaze imyaka 34 ku butegetsi, ni ukuvuga kuva mu 1986, azaba yemerewe gutegeka indi myaka itanu, yabishaka agahatanira indi kuko mu 2017 Itegeko Nshinga ryavanyeho manda ntarengwa. Itegeko Nshinga rya Uganda ryo mu 1995 ryabuzaga umuntu uri munsi y’imyaka 35 n’urengeje 75 kuba Perezida. Nubwo andi mashyaka ataratangaza abazayaserukira mu matora, gusa byitezwe ko ushobora kuzahangana bikomeye na Museveni ari umunyamuziki n’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi uzwi cyane nka Bobi Wine. Kubera Coronavirus, leta ya Uganda yategetse ko ibikorwa byo kwiyamamaza bitagomba kuba mu buryo busanzwe, abiyamamaza bagomba gukoresha amaradiyo na Televiziyo gusa. Mu gihe Radiyo arizo benshi bageraho, ishyaka riri ku butegetsi rifite amahirwe, ugereranyije n’uruhande rutavuga rumwe n’ubutegetsi, kuko Radiyo nyinshi zifitwe n’abantu bo muri NRM. Ishyaka NRM ryemeje Museveni nk’umukandida waryo um matora yimirijwe imbere Barafinda ati "Bagiye kuzasubiranamo, uburenganzira bwa muntu burahonyorwa, Abaruda ntidukangwa n’ibitontoma byose, byinshi ni muri iki kiganiro UMUBAVU wagiranye na Barafinda: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika