Close MORE NEWS Musanze: Abacungagereza batatu n’abandi bantu bari mu kabari batawe muri yombi UMUBAVU.com Umubavu Kuya 25-01-2021 saa 13:58' whatsapp Facebook Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Mutarama 2021, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze yataye muri yombi abacungagereza batatu n’abandi bantu batanu barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 bari mu kabari kari mu Murenge wa Cyuve. Nyuma yo guhabwa amakuru ko hari abantu bari kunywera mu kabari k’ahitwa Nyarubande mu Mujyi wa Musanze, Poilisi yihutiye kuhagera isanga bakkinze umuryango wo ku muhanda maze bamwe baca mu gikari baracika ifatamo abo umunani barimo n’umwe mu bacungagereza ufite ipeti rya Chief Inspector of Prison(CIP). Igihe cyanditse ko umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS), SSP Pelly Gakwaya Uwera atahita yemeza ayo makuru kuko atarayamenya neza gusa ahamya ko niba koko ayo makosa yabaye abayakoze bagomba kuyahanirwa. Abatawe muri yombi bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza hamwe n’imodoka y’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa yari iparitse imbere y’ako kabari banyweragamo. Source:Ibicu Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Musanze: Abacungagereza batatu n’abandi bantu bari mu kabari batawe muri yombi UMUBAVU.com Umubavu Kuya 25-01-2021 saa 13:58' whatsapp Facebook Ku gicamunsi cyo kuri iki Cyumweru tariki ya 24 Mutarama 2021, Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Musanze yataye muri yombi abacungagereza batatu n’abandi bantu batanu barenze ku mabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 bari mu kabari kari mu Murenge wa Cyuve. Nyuma yo guhabwa amakuru ko hari abantu bari kunywera mu kabari k’ahitwa Nyarubande mu Mujyi wa Musanze, Poilisi yihutiye kuhagera isanga bakkinze umuryango wo ku muhanda maze bamwe baca mu gikari baracika ifatamo abo umunani barimo n’umwe mu bacungagereza ufite ipeti rya Chief Inspector of Prison(CIP). Igihe cyanditse ko umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa (RCS), SSP Pelly Gakwaya Uwera atahita yemeza ayo makuru kuko atarayamenya neza gusa ahamya ko niba koko ayo makosa yabaye abayakoze bagomba kuyahanirwa. Abatawe muri yombi bafungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Muhoza hamwe n’imodoka y’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Imfungwa n’Abagororwa yari iparitse imbere y’ako kabari banyweragamo. Source:Ibicu Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umugore wigeze kuyobora ADEPR UMUHOZA Aurelie akurikiranweho kuba mu mutwe w’iterabwoba amakuru Idamange ngo yagabweho igitero n’abantu batazwi amakuru Umugororwa arasiwe I Rusizi arapfa amakuru Urujijo mu rubanza rw’umunyamakuru Niyonsenga Dieudonne uzwi nka Cyuma Hassan amakuru Umunsi wo kwibuka abuhutu bishwe wasabwe n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda amakuru Uwahoze ari minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda yatanze ikirego mu Bufaransa amakuru Umwanditsi w’ibitabo avuze kuri Maj Gen Rwarakabije ,yikoma RDB amakuru Urujijo ku nyandiko isinywa n’abagiye gukingirwa Covid-19 mu Rwanda amakuru Iperereza ku bari abayobozi ba ADEPR ku cyaha cyo kuba mu mutwe w’iterabwoba NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi