Close MORE NEWS Mu kiswe ’Super Tuesday’ Joe Biden yateye intambwe ikomeye mu matora muri USA UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 4-03-2020 saa 12:03' whatsapp Facebook Joe Biden, umwe mu ba Démocrates bari guharanira kuzahangana na Perezida Donald Trump, yatsinze amatora mu ntara 12 z’igihugu, bikomeza kumwongerera amahirwe yo guhatana kuri uwo mwanya. Uyu mukandida wari usanzwe afite umwanya wa Perezida wungurije, yatsinze amatora muri Leta nka:, Texas, Caroline du Nord, Massachusetts, Minnesota, Oklahoma, Arkansas, Alabama, Tennessee na Virginia. Ariko umukandida bahanganye bikomeye, Bernie Sanders, nawe yikubiye amajwi yo muri leta ya California, n’izindi leta eshatu. Abo bagabo bompi bari imbere muri ayo matora y’intangamarara mu rugamba rw’aba Démocrates rwo kurondera umukandida azohiganwa na Perezida Trump mu kw’icumi na rimwe uno mwaka. Uwahoze ari umukuru w’umujyi wa New York, Michael Bloomberg, we yakoresheje igice cya miliyari y’amadolari mu mutungo we bwite yiyamamaza, ariko ntiyigeze Atsinda muri Leta n’imwe muri ayo matora. Uwitwa Elizabeth Warren we yahisemo kwiyamamariza mu ntara avukamo ariko birangira atsinzwe na Joe Biden kugeza ubu uhabwa amahirwe menshi kurusha abandi. Amatora ya Super Tuesday (Uwa Kabiri Uhambaye) ni amatora ahambaye cyane kuko haba hitezwe kuboneka intumwa zirenga 1300 muri 1991 zikenewe kugira ngo zizatore mu kwezi kwa Karindwi, umukandida uzaserukira ishyaka runaka mu matora nyirizina. Joe Biden amaze kubona abantu 396, naho Sanders bahanganye akaba amaze kubona 314. Bernie Sanders (ibumoso) na Joe Biden (iburyo) ni bo bakandida baje imbere Joe Biden yanatsinze Senateri Elizabeth Warren mu ntara ye avukamo ya Massachusetts Senateri Elizabeth Warren yatsindiwe muri Leta avukamo ya Massachusetts Ibyavuze ko Itorero ADEPR ryaba rikorana n’abarwanya igihugu, Umuvugizi Wungirije uri mu nkiko akurikiranweho inyandiko mpimbano, abari abayobozi b’Itorero na bo bakurikiranweho n’inkiko kunyereza umutungo waryo, uko Itorero rihagaze ubu n’ibindi, Umuvugizi wa ADEPR, Rev. Pasitori Ephrem Karuranga yabigarutseho muri iki kiganiro kirambuye yagiranye n’UMUBAVU: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Mu kiswe ’Super Tuesday’ Joe Biden yateye intambwe ikomeye mu matora muri USA UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 4-03-2020 saa 12:03' whatsapp Facebook Joe Biden, umwe mu ba Démocrates bari guharanira kuzahangana na Perezida Donald Trump, yatsinze amatora mu ntara 12 z’igihugu, bikomeza kumwongerera amahirwe yo guhatana kuri uwo mwanya. Uyu mukandida wari usanzwe afite umwanya wa Perezida wungurije, yatsinze amatora muri Leta nka:, Texas, Caroline du Nord, Massachusetts, Minnesota, Oklahoma, Arkansas, Alabama, Tennessee na Virginia. Ariko umukandida bahanganye bikomeye, Bernie Sanders, nawe yikubiye amajwi yo muri leta ya California, n’izindi leta eshatu. Abo bagabo bompi bari imbere muri ayo matora y’intangamarara mu rugamba rw’aba Démocrates rwo kurondera umukandida azohiganwa na Perezida Trump mu kw’icumi na rimwe uno mwaka. Uwahoze ari umukuru w’umujyi wa New York, Michael Bloomberg, we yakoresheje igice cya miliyari y’amadolari mu mutungo we bwite yiyamamaza, ariko ntiyigeze Atsinda muri Leta n’imwe muri ayo matora. Uwitwa Elizabeth Warren we yahisemo kwiyamamariza mu ntara avukamo ariko birangira atsinzwe na Joe Biden kugeza ubu uhabwa amahirwe menshi kurusha abandi. Amatora ya Super Tuesday (Uwa Kabiri Uhambaye) ni amatora ahambaye cyane kuko haba hitezwe kuboneka intumwa zirenga 1300 muri 1991 zikenewe kugira ngo zizatore mu kwezi kwa Karindwi, umukandida uzaserukira ishyaka runaka mu matora nyirizina. Joe Biden amaze kubona abantu 396, naho Sanders bahanganye akaba amaze kubona 314. Bernie Sanders (ibumoso) na Joe Biden (iburyo) ni bo bakandida baje imbere Joe Biden yanatsinze Senateri Elizabeth Warren mu ntara ye avukamo ya Massachusetts Senateri Elizabeth Warren yatsindiwe muri Leta avukamo ya Massachusetts Ibyavuze ko Itorero ADEPR ryaba rikorana n’abarwanya igihugu, Umuvugizi Wungirije uri mu nkiko akurikiranweho inyandiko mpimbano, abari abayobozi b’Itorero na bo bakurikiranweho n’inkiko kunyereza umutungo waryo, uko Itorero rihagaze ubu n’ibindi, Umuvugizi wa ADEPR, Rev. Pasitori Ephrem Karuranga yabigarutseho muri iki kiganiro kirambuye yagiranye n’UMUBAVU: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu