Close MORE NEWS Masisi:Aba Ofisiye 2 ba FARDC bishwe n’abantu batazwi UMUBAVU.com admin Kuya 18-06-2018 saa 05:28' whatsapp Facebook Abasirikare babiri ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bo mu rwego rwa Ofisiye baguye mu gitero cyagabwe n’abantu batazwi ku wa Gatandatu tariki 16 Kamena 2018. Abaguye muri iki gitero cyagabwe ku birindiro by’ingabo za Congo Kinshasa(FARDC) biri i Ruzirantaka muri Teritwari ya Masisi ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ni Major Ombeni n’undi mu Lieutenant utaratangajwe amazina. Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko yagerageje kuvugana n’ubuyobozi bwa gisirikare muri aka gace ntibikunde ariko igashimangira ko aba ba Ofisiye 2 aribo gusa baguye muri iki gitero ndetse imirambo yabo yahise ijyanwa ku kigo nderabuzima mu gihe ubwoba ari bwinshi mu baturage. Muri Nzeri 2017 ibirindiro by’igipolisi cya Congo biri i Ruzirantaka nabyo byagabweho igitero, abakigabye batwara imbunda ebyiri. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Masisi:Aba Ofisiye 2 ba FARDC bishwe n’abantu batazwi UMUBAVU.com admin Kuya 18-06-2018 saa 05:28' whatsapp Facebook Abasirikare babiri ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bo mu rwego rwa Ofisiye baguye mu gitero cyagabwe n’abantu batazwi ku wa Gatandatu tariki 16 Kamena 2018. Abaguye muri iki gitero cyagabwe ku birindiro by’ingabo za Congo Kinshasa(FARDC) biri i Ruzirantaka muri Teritwari ya Masisi ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ni Major Ombeni n’undi mu Lieutenant utaratangajwe amazina. Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko yagerageje kuvugana n’ubuyobozi bwa gisirikare muri aka gace ntibikunde ariko igashimangira ko aba ba Ofisiye 2 aribo gusa baguye muri iki gitero ndetse imirambo yabo yahise ijyanwa ku kigo nderabuzima mu gihe ubwoba ari bwinshi mu baturage. Muri Nzeri 2017 ibirindiro by’igipolisi cya Congo biri i Ruzirantaka nabyo byagabweho igitero, abakigabye batwara imbunda ebyiri. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu