Close MORE NEWS Mali: Keita wahiritswe ku butegetsi yagarutse mu gihugu UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-10-2020 saa 10:18' whatsapp Facebook Uyu wahoze ari Perezida wa Mali, yagarutse mu gihugu cye nyuma y’amezi hafi abiri ari kwivuriza muri Emira Zunze Ubumwe z’Abarabu. Boubacar Keita yahiritswe ku butegetsi tariki 18 z’ukwezi kwa Munani. Yabanje gufungwa n’agatsiko k’abasirikare kahiritse ubutegetsi mu gihe cy’ibyumweru bibiri. Tariki 05 z’ukwezi kwa Cyenda yemewe kuva mu gihugu ngo ajye kwivuza. Nyuma yo guhirikwa ku butegetsi, Boubacar Keita w’imyaka 75 yagize impanuka yo gucika kw’udutsi two mu bwoko (stroke/AVC). Abasirikare bavuze ko bamwemereye kujya kwivuza “mu gihe kitarenze ukwezi” ariko gishobora kongerwa ku mabwiriza y’abaganga “ntikirenze amezi atatu, akagaruka kuvurirwa muri Mali”. Keita yavuye mu gihugu gitegekwa na Colonel Assimi Goïta w’imyaka 37 wari ku isonga mu bahiritse ubutegetsi bwe. Ubu yasanze Goïta ari Visi Perezida yarashyizeho na Bah Ndaw nka Perezida w’inzibacyuho. Turumiwe!!! ABATURAGE BASOHOWE MU NZU ZIRASENYWA N’IBINTU BYOSE BITABWA HANZE N’UWO BISE UMUKIRE NONE BARATABAZA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Mali: Keita wahiritswe ku butegetsi yagarutse mu gihugu UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-10-2020 saa 10:18' whatsapp Facebook Uyu wahoze ari Perezida wa Mali, yagarutse mu gihugu cye nyuma y’amezi hafi abiri ari kwivuriza muri Emira Zunze Ubumwe z’Abarabu. Boubacar Keita yahiritswe ku butegetsi tariki 18 z’ukwezi kwa Munani. Yabanje gufungwa n’agatsiko k’abasirikare kahiritse ubutegetsi mu gihe cy’ibyumweru bibiri. Tariki 05 z’ukwezi kwa Cyenda yemewe kuva mu gihugu ngo ajye kwivuza. Nyuma yo guhirikwa ku butegetsi, Boubacar Keita w’imyaka 75 yagize impanuka yo gucika kw’udutsi two mu bwoko (stroke/AVC). Abasirikare bavuze ko bamwemereye kujya kwivuza “mu gihe kitarenze ukwezi” ariko gishobora kongerwa ku mabwiriza y’abaganga “ntikirenze amezi atatu, akagaruka kuvurirwa muri Mali”. Keita yavuye mu gihugu gitegekwa na Colonel Assimi Goïta w’imyaka 37 wari ku isonga mu bahiritse ubutegetsi bwe. Ubu yasanze Goïta ari Visi Perezida yarashyizeho na Bah Ndaw nka Perezida w’inzibacyuho. Turumiwe!!! ABATURAGE BASOHOWE MU NZU ZIRASENYWA N’IBINTU BYOSE BITABWA HANZE N’UWO BISE UMUKIRE NONE BARATABAZA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika