Close MORE NEWS Kigali: Umwe mu bakekwaho gutera ibyuma umunyamakuru yafashwe UMUBAVU.com Daniel Kuya 21-08-2018 saa 10:07' whatsapp Facebook Umunyamakuru wa Televiziyo ya BTN, Nsengimana Élysée, yateraguwe ibyuma n’abagizi ba nabi bataramenyekana. Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru ubwo yari atashye mu Murenge wa Gitega, yateraguwe ibyuma nyuma y’uko moto yari imutwaye yapfumukiraga ipine ku Kimisagara. Nsengimana yabwiye IGIHE, ubwo yavaga kuri moto yari imutwaye ashaka gutega indi abantu batatu bamuturutse inyuma bamujombagura ibyuma. Ati “Nari ntashye noneho moto yari intwaye ipfumuka ipine tugeze hafi ya sitasiyo ya lisansi ku Kimisagra, ngiye gutega indi moto nibwo numvise umuntu ankubise igitiyo mpita ngwa hasi”. Yongeyeho ko abari kumwe n’uwamukubise bahise baza bamujombagura ibyuma mu mutwe bakubita muri nyiramivumbi. Nyuma yatwawe ku Kigo Nderabuzima cya Kimisagara nacyo kimwoherereza CHUK. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Mbabazi Modeste, avuga ko umwe mu bakekwaho kugira uruhare muri ubu bugizi bwa nabi yamaze gutabwa muri yombi. Yagize ati “Hari umwe wafashwe wari uri kumwe n’abandi babiri, bikimara kuba ubugenzacyaha bwatangiye iperereza.” Nsengimana ufite umugore n’abana bane, azwi mu kiganiro cyitwa ‘Isoko y’Umunezero’, kuri televiziyo ya BTN. Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)
Kigali: Umwe mu bakekwaho gutera ibyuma umunyamakuru yafashwe UMUBAVU.com Daniel Kuya 21-08-2018 saa 10:07' whatsapp Facebook Umunyamakuru wa Televiziyo ya BTN, Nsengimana Élysée, yateraguwe ibyuma n’abagizi ba nabi bataramenyekana. Mu ijoro ryo ku wa Gatandatu rishyira ku Cyumweru ubwo yari atashye mu Murenge wa Gitega, yateraguwe ibyuma nyuma y’uko moto yari imutwaye yapfumukiraga ipine ku Kimisagara. Nsengimana yabwiye IGIHE, ubwo yavaga kuri moto yari imutwaye ashaka gutega indi abantu batatu bamuturutse inyuma bamujombagura ibyuma. Ati “Nari ntashye noneho moto yari intwaye ipfumuka ipine tugeze hafi ya sitasiyo ya lisansi ku Kimisagra, ngiye gutega indi moto nibwo numvise umuntu ankubise igitiyo mpita ngwa hasi”. Yongeyeho ko abari kumwe n’uwamukubise bahise baza bamujombagura ibyuma mu mutwe bakubita muri nyiramivumbi. Nyuma yatwawe ku Kigo Nderabuzima cya Kimisagara nacyo kimwoherereza CHUK. Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Mbabazi Modeste, avuga ko umwe mu bakekwaho kugira uruhare muri ubu bugizi bwa nabi yamaze gutabwa muri yombi. Yagize ati “Hari umwe wafashwe wari uri kumwe n’abandi babiri, bikimara kuba ubugenzacyaha bwatangiye iperereza.” Nsengimana ufite umugore n’abana bane, azwi mu kiganiro cyitwa ‘Isoko y’Umunezero’, kuri televiziyo ya BTN. Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)