Close MORE NEWS Kigali: Amakuru mashya ku mugabo wasimbutse igorofa agapfa UMUBAVU.com Umubavu Kuya 3-06-2021 saa 07:27' whatsapp Facebook Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umunyamategeko Bukuru Ntwali wari utuye mu Murenge wa Kimisagara mu Mujyi wa Kigali ari we byatangajwe ko yiyahuriye i Nyabugogo mu nyubako z’isoko ry’Inkundamahoro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Kamena 2021. Byari byatangajwe ko yaba yiyahuye nyuma yo kumenya ko umugore we yarimo asambana, icyakora hakaba harimo gukorwa iperereza mu rwego rwo kumenya icyateye urupfu rwe. Umunyamategeko Bukuru Ntwali yakundaga kumvikana mu itangazamakuru akora ubusesenguzi butandukanye mu byerekeranye n’amategeko, akaba mu minsi ishize yarakunze kumvikana agaragaza akarengane Abanyamulemge bakorerwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Zx Kuya 3-06-2021 None c amakuru mashya uvuze Ni ayahe? INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Kigali: Amakuru mashya ku mugabo wasimbutse igorofa agapfa UMUBAVU.com Umubavu Kuya 3-06-2021 saa 07:27' whatsapp Facebook Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko umunyamategeko Bukuru Ntwali wari utuye mu Murenge wa Kimisagara mu Mujyi wa Kigali ari we byatangajwe ko yiyahuriye i Nyabugogo mu nyubako z’isoko ry’Inkundamahoro mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 02 Kamena 2021. Byari byatangajwe ko yaba yiyahuye nyuma yo kumenya ko umugore we yarimo asambana, icyakora hakaba harimo gukorwa iperereza mu rwego rwo kumenya icyateye urupfu rwe. Umunyamategeko Bukuru Ntwali yakundaga kumvikana mu itangazamakuru akora ubusesenguzi butandukanye mu byerekeranye n’amategeko, akaba mu minsi ishize yarakunze kumvikana agaragaza akarengane Abanyamulemge bakorerwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) Zx Kuya 3-06-2021 None c amakuru mashya uvuze Ni ayahe? INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu