Close MORE NEWS Kenya: Inzu y’amagorofa atandatu ibamo abantu yahirimye-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 6-12-2019 saa 11:07' whatsapp Facebook Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 06 Ukuboza 2019, mu gihugu cya Kenya, inzu igerekeranya y’amagorofa atandatu yahirimye mu gace kitwa Embakasi mu Burasirazuba bw’umujyi wa Nairobi, biracyekwa ko hari benshi yagwiriye. Mu myaka ya vuba abantu babarirwa muri mirongo bapfuye mu mpanuka nk’iyi muri Kenya. Itangazamakuru ryari aho iyi nzu yahirimye, ryavuze ko abantu batatu bakomeretse bikomeye bamaze kuvanwa munsi y’ibice by’inzu byabagwiriye ariko bagihumeka. Muri bo harimo umugore n’umwana, undi ni umugabo, aba bahise bajyanwa ku bitaro bya Kenyatta National Hospital. Imiryango 46 isanzwe ituye muri iyi gorofa yo guturamo (Estate), igice cya mbere (Niveau) cy’iyi nyubako ntabwo cyakoreshwaga. Nta bantu bari bagituyemo. Kugeza ubu ntabwo bizwi neza umubare w’abantu baba bagwiriwe n’iyi nzu yahirimye iva hejuru ijya hasi. Ibikorwa byo gutabara biri gukorwa. Polisi ya Kenya, abatabazi bo mu muryango wa ’Coix Rouge’ n’abandi bari ahabereye iyi mpanuka mu gihe kandi batanorohewe n’imbaga y’abantu iri aho ishaka kureba ibyabaye. Abaturage bamwe nabo barashaka gukora ubutabazi Hari ubwoba ko hari abantu baba bagwiriwe muri iyi gorofa yari ituyemo imiryango 46 Inzu igeretse Gatandatu yahirimye ijya hasi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Kenya: Inzu y’amagorofa atandatu ibamo abantu yahirimye-Amafoto UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 6-12-2019 saa 11:07' whatsapp Facebook Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 06 Ukuboza 2019, mu gihugu cya Kenya, inzu igerekeranya y’amagorofa atandatu yahirimye mu gace kitwa Embakasi mu Burasirazuba bw’umujyi wa Nairobi, biracyekwa ko hari benshi yagwiriye. Mu myaka ya vuba abantu babarirwa muri mirongo bapfuye mu mpanuka nk’iyi muri Kenya. Itangazamakuru ryari aho iyi nzu yahirimye, ryavuze ko abantu batatu bakomeretse bikomeye bamaze kuvanwa munsi y’ibice by’inzu byabagwiriye ariko bagihumeka. Muri bo harimo umugore n’umwana, undi ni umugabo, aba bahise bajyanwa ku bitaro bya Kenyatta National Hospital. Imiryango 46 isanzwe ituye muri iyi gorofa yo guturamo (Estate), igice cya mbere (Niveau) cy’iyi nyubako ntabwo cyakoreshwaga. Nta bantu bari bagituyemo. Kugeza ubu ntabwo bizwi neza umubare w’abantu baba bagwiriwe n’iyi nzu yahirimye iva hejuru ijya hasi. Ibikorwa byo gutabara biri gukorwa. Polisi ya Kenya, abatabazi bo mu muryango wa ’Coix Rouge’ n’abandi bari ahabereye iyi mpanuka mu gihe kandi batanorohewe n’imbaga y’abantu iri aho ishaka kureba ibyabaye. Abaturage bamwe nabo barashaka gukora ubutabazi Hari ubwoba ko hari abantu baba bagwiriwe muri iyi gorofa yari ituyemo imiryango 46 Inzu igeretse Gatandatu yahirimye ijya hasi Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu