Close MORE NEWS Kenya: Abaturage bariye karungu bamenye ko Kawunga bakoresha irimo uburozi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 11-11-2019 saa 13:18' whatsapp Facebook Nyuma yuko Televiziyo NTV yo muri Kenya ikoze iperereza ryerekanye ko kudakurikirana kw’ababishinzwe byatumye abakora ifu y’ibigori (Kawunga) bakora irimo uburozi bwitwa aflatoxin ikajya ku isoko, abaturage bo muri iki gihugu bariye karungu bibaza uburyo bidakurikiranwa mbere n’ababishinzwe. NTV yabonye amoko 12 anyuranye ya Kawunga igurishwa mu gihugu irimo ubu burozi. Aflatoxin ni uburozi buva mu binyabuzima bito (fungi) biza mu busaze bw’igihingwa, bukaba bushobora gutera indwara ya Kanseri. Mu cyumweru gishize, ikigo Kenya Bureau of Standards (Kebs) gishinzwe ubuziranenge, cyahagaritse ku isoko amoko arindwi y’amafu ya Kawunga akekwaho kugira iriya Aflatoxin. Abaganga n’inzobere mu mirire babwiye NTV ko hari abantu bashobora kuba barapfuye bikomotse ku ngaruka ziterwa n’aya mafu. Abaganga bavuga ko ifu irimo Aflatoxin iganisha ku gutera abayirya indwara ya Cancer y’umwujima cyangwa izindi nyama zo mu nda. Minisitiri w’uUuhinzi muri Kenya Mwangi Kiunjuri yemeje iby’ubu burozi buvugwa mu ifu y’akawunga. Yavuze afite ubwoba ko amatungo yo mu rugo nk’inka zihabwa aya mafu yavanywe ku isoko nazo zishobora kuzanduza abantu. Ubugari bw’ibigori ni ibiryo by’ibanze bya miliyoni nyinshi z’abaturage ba Kenya, ibi bituma hari amafu yabwo atumizwa no hanze kubera isoko rinini. Mu 2009, umuyobozi wa Kebs Kioko Mangeli yatangaje ko abaturage bagurishwa amafu y’ibigori arimo uburozi kuva mu 2008 kandi bigakorwa Guverinoma ibizi neza. Uyu mugabo yabwiye Inteko ati "Mbizi neza ku kigero kirenga 100% ko ibi bigira ingaruka ku baturage, mu myaka 10, 15 iri imbere tuzaba tubona za Cancer zikomeye kubera ibi bigori". Kuri Twitter hashtag #WhiteAlert iriganje cyane muri Kenya aho basaba ko abategetsi bamwe bafungwa kubera kutarengera ubuzima bw’abaturage muri iki kibazo. Kimwe no mu bindi bihugu bitandukanye cyane cyane bya Afurika, Kawunga ni ibiryo by’ibanze by’abaturage benshi muri Kenya Ushobora no kwirebera Video utasanga ahandi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Umukozi w’Inteko ushinjwa gufata ku ngufu impunzi y’umurundikazi yahagaritswe ku kazi imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Umugore yamaze iminsi 12 yaraheze mu mugezi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Kenya: Abaturage bariye karungu bamenye ko Kawunga bakoresha irimo uburozi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 11-11-2019 saa 13:18' whatsapp Facebook Nyuma yuko Televiziyo NTV yo muri Kenya ikoze iperereza ryerekanye ko kudakurikirana kw’ababishinzwe byatumye abakora ifu y’ibigori (Kawunga) bakora irimo uburozi bwitwa aflatoxin ikajya ku isoko, abaturage bo muri iki gihugu bariye karungu bibaza uburyo bidakurikiranwa mbere n’ababishinzwe. NTV yabonye amoko 12 anyuranye ya Kawunga igurishwa mu gihugu irimo ubu burozi. Aflatoxin ni uburozi buva mu binyabuzima bito (fungi) biza mu busaze bw’igihingwa, bukaba bushobora gutera indwara ya Kanseri. Mu cyumweru gishize, ikigo Kenya Bureau of Standards (Kebs) gishinzwe ubuziranenge, cyahagaritse ku isoko amoko arindwi y’amafu ya Kawunga akekwaho kugira iriya Aflatoxin. Abaganga n’inzobere mu mirire babwiye NTV ko hari abantu bashobora kuba barapfuye bikomotse ku ngaruka ziterwa n’aya mafu. Abaganga bavuga ko ifu irimo Aflatoxin iganisha ku gutera abayirya indwara ya Cancer y’umwujima cyangwa izindi nyama zo mu nda. Minisitiri w’uUuhinzi muri Kenya Mwangi Kiunjuri yemeje iby’ubu burozi buvugwa mu ifu y’akawunga. Yavuze afite ubwoba ko amatungo yo mu rugo nk’inka zihabwa aya mafu yavanywe ku isoko nazo zishobora kuzanduza abantu. Ubugari bw’ibigori ni ibiryo by’ibanze bya miliyoni nyinshi z’abaturage ba Kenya, ibi bituma hari amafu yabwo atumizwa no hanze kubera isoko rinini. Mu 2009, umuyobozi wa Kebs Kioko Mangeli yatangaje ko abaturage bagurishwa amafu y’ibigori arimo uburozi kuva mu 2008 kandi bigakorwa Guverinoma ibizi neza. Uyu mugabo yabwiye Inteko ati "Mbizi neza ku kigero kirenga 100% ko ibi bigira ingaruka ku baturage, mu myaka 10, 15 iri imbere tuzaba tubona za Cancer zikomeye kubera ibi bigori". Kuri Twitter hashtag #WhiteAlert iriganje cyane muri Kenya aho basaba ko abategetsi bamwe bafungwa kubera kutarengera ubuzima bw’abaturage muri iki kibazo. Kimwe no mu bindi bihugu bitandukanye cyane cyane bya Afurika, Kawunga ni ibiryo by’ibanze by’abaturage benshi muri Kenya Ushobora no kwirebera Video utasanga ahandi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Umukozi w’Inteko ushinjwa gufata ku ngufu impunzi y’umurundikazi yahagaritswe ku kazi imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Umugore yamaze iminsi 12 yaraheze mu mugezi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo