Close MORE NEWS Kayonza :Ishyaka DGPR ryijeje abaturage ko rizabazanira icyogajuru cyo kubarindira umutekano UMUBAVU.com umubavu Kuya 16-08-2018 saa 09:50' whatsapp Facebook Kuri uyu munsi wo kuwa gatatu nibwo Ishyaka riharanira Demokarasi n’ibidukikije(DGPR)ryari ririmo kwiyamamaza mu Akarere ka Kayonza mu Umurenge wa Kabarondo,hamwe n’umurenge wa Mukarange,kumwanya w’abakandida munteko nshingamategeko,mumatora azaba kuya 03 nzeri muri uyumwaka w’2018 rijeje abanyakayonza ko nibaritora rizakora ubuvugizi leta ikagura icyogajuru cyo kurinda umutekano. Ubwo Abakandida bari barimo kwiyamamaza muri ako karere bagaragariza abaturage imigabo n’imigabi bazabagezaho babasaba kubashyigikira bakajya munteko nshingamategek kuko babafitiye imigabo n’imigambi. Umuyobozi mukuru w’Ishyaka DGPR yakomeje gusobanurira abaturage ibyo azabagezaho nibabagirira icyizere bagatora Ishyaka DGPR.Yijeje abaturage ko nibatora ishyaka rye bazakora ubuvugizi leta ikagura Icyogajuru kizabafasha kurinda umutekano w’Igihugu neza kandi ko igihugu kizagira umutekano hamwe n’abaturage bacyo. Yagize ati, “ nimutugirira icyizere mukadutora tuzabakorera ubuvugizi Leta igure icyogajuru kizadufasha kurinda umutekano, “ Yakomeje yizeza abaturage ko azabikora ngo kuko hari ahandi yabibonye kandi ngo ko bamubwiye ko bazabimufashamo kuzana Icyogajuru. Yakomeje anavuga ko nibamugirira icyizere bagatora DGPR ko bazakora ubuvugizi urukiko rw’ikirenga rukagira ubushobozi n’ ububasha,anavuga ko hakwiye gushyiraho ikigega cyunganira abarwayi mu gihe umuntu agiye kwivuza hanze yigihugu ntabushobozi bajya bamuvuza bayavanye muri icyo kigega,ari na bwo yavuze ko mu gihe hishyuwe Mitiweli murugo bose batararangiza abishyuye bagiye bahita bivuza mu gihe abandi batari bayabona,akomeza anavuga ko abantu bidakwiye ko bategereza ukwezi ngo gushire bamaze kuyatanga bahita bivuza. Umuyobozi mukuru w’Ishyaka DGPR yakomeje ashimira abaturage ba Kayonza,n’uburyo baje kumwakira n’abayobozi baho anabasaba ko kuri iriya tariki bazatora ahari ikirango k’inyoni ya Kagoma akaba ariho bashyira igikumwe cyabo anabasabira amahoro n’imigisha. Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije muri aya matora y’abadepite rifitemo abakandida i 32 Abagabo ni 18 Abagore ni 14, rikaba rikomeje ibikorwa byo kwiyamamaza aho bazongera kubisubukura kuri uyu wa gatanu muntara y’iburengerazuba mu karere ka Rubavu na Nyabihu. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)
Kayonza :Ishyaka DGPR ryijeje abaturage ko rizabazanira icyogajuru cyo kubarindira umutekano UMUBAVU.com umubavu Kuya 16-08-2018 saa 09:50' whatsapp Facebook Kuri uyu munsi wo kuwa gatatu nibwo Ishyaka riharanira Demokarasi n’ibidukikije(DGPR)ryari ririmo kwiyamamaza mu Akarere ka Kayonza mu Umurenge wa Kabarondo,hamwe n’umurenge wa Mukarange,kumwanya w’abakandida munteko nshingamategeko,mumatora azaba kuya 03 nzeri muri uyumwaka w’2018 rijeje abanyakayonza ko nibaritora rizakora ubuvugizi leta ikagura icyogajuru cyo kurinda umutekano. Ubwo Abakandida bari barimo kwiyamamaza muri ako karere bagaragariza abaturage imigabo n’imigabi bazabagezaho babasaba kubashyigikira bakajya munteko nshingamategek kuko babafitiye imigabo n’imigambi. Umuyobozi mukuru w’Ishyaka DGPR yakomeje gusobanurira abaturage ibyo azabagezaho nibabagirira icyizere bagatora Ishyaka DGPR.Yijeje abaturage ko nibatora ishyaka rye bazakora ubuvugizi leta ikagura Icyogajuru kizabafasha kurinda umutekano w’Igihugu neza kandi ko igihugu kizagira umutekano hamwe n’abaturage bacyo. Yagize ati, “ nimutugirira icyizere mukadutora tuzabakorera ubuvugizi Leta igure icyogajuru kizadufasha kurinda umutekano, “ Yakomeje yizeza abaturage ko azabikora ngo kuko hari ahandi yabibonye kandi ngo ko bamubwiye ko bazabimufashamo kuzana Icyogajuru. Yakomeje anavuga ko nibamugirira icyizere bagatora DGPR ko bazakora ubuvugizi urukiko rw’ikirenga rukagira ubushobozi n’ ububasha,anavuga ko hakwiye gushyiraho ikigega cyunganira abarwayi mu gihe umuntu agiye kwivuza hanze yigihugu ntabushobozi bajya bamuvuza bayavanye muri icyo kigega,ari na bwo yavuze ko mu gihe hishyuwe Mitiweli murugo bose batararangiza abishyuye bagiye bahita bivuza mu gihe abandi batari bayabona,akomeza anavuga ko abantu bidakwiye ko bategereza ukwezi ngo gushire bamaze kuyatanga bahita bivuza. Umuyobozi mukuru w’Ishyaka DGPR yakomeje ashimira abaturage ba Kayonza,n’uburyo baje kumwakira n’abayobozi baho anabasaba ko kuri iriya tariki bazatora ahari ikirango k’inyoni ya Kagoma akaba ariho bashyira igikumwe cyabo anabasabira amahoro n’imigisha. Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije muri aya matora y’abadepite rifitemo abakandida i 32 Abagabo ni 18 Abagore ni 14, rikaba rikomeje ibikorwa byo kwiyamamaza aho bazongera kubisubukura kuri uyu wa gatanu muntara y’iburengerazuba mu karere ka Rubavu na Nyabihu. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ubukwe bwa Umurerwa Olive wari wapfakaye akiri umugeni bwabaye agahebuzo-AMAFOTO&VIDEO ubuzima Urusaku rw’agakingirizo k’abagore mu gutera akabariro, intandaro yo kudakunda kugakoresha amakuru Uganda: Gen. Kale Kayihura yatahuweho indi Dosiye ikakaye ishobora kumushyirishamo amakuru Umwana utangaje! Yamenye gusoma no kwandika afite imyaka 2 gusa, ku myaka 13 ubu ni umushakashatsi amakuru Abarimu bo mu mashuri abanza n’ayisumbuye ntibazongera gutegura ibizamini bisoza ibihembwe n’umwaka iyobokamana Umupadiri wari ukuze kurusha abandi mu Rwanda yitabye Imana Amakuru yo hanze Indonesia: Polisi yifashishije inzoka mu guhata ibibazo no gutera ubwoba uwakekwagaho ubujura amakuru Abapolisi barangaye imodoka ya Perezida Museveni igaterwa amabuye bamanuwe mu mapeti amakuru U Rwanda rwateye utwatsi ibivugwa ko hari ahantu hatazwi hafungirwa abantu NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)