Close MORE NEWS Kamonyi: RIB yinjiye mu kibazo cy’uvuga ko yasambanyijwe arimo kubyazwa UMUBAVU.com Rukundo Kuya 13-11-2019 saa 11:13' whatsapp Facebook Mu karere ka Kamonyi, haravugwa umugore ngo wagiye kubyara ku itariki ya 9 Ugushyingo 2019 ariko ngo akaba shobora kuba yarasambajyijwe arimo kubyzwa n’umuganga nk’uko byatangajwe n’umugabo we. Uyu mugore ngo ubwo yasohokaga mu cyumba cy’ababyeyi babyariramo (materinite), yabwiye umubabo we ko umuganga wamubyaje ashoborakuba yamusambanyije. Uhagarariye umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ umurenge wa Nyamiyaga muri iki gihe, Kubwimana Jean de Dieu yabwiye itangazamakurunko iki kibazo cyagejejwe mu rw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha n’ubwo umuganga yabihakanye yivuye inyuma. Kuri ubu Uyu muganga n’uyu mubyeyi boherejwe ku bitaro bya Remera Rukoma, ngo bapimwe. Gusa ngo uyu muganga yari asanzwe yitwara neza. Umuvugizi wa RIB Marie Michelle Umuhoza yatangarije itangazamakuru ko, aya amakuru bayamenye kandi uyu muganga yatawe muri yombi. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Kamonyi: RIB yinjiye mu kibazo cy’uvuga ko yasambanyijwe arimo kubyazwa UMUBAVU.com Rukundo Kuya 13-11-2019 saa 11:13' whatsapp Facebook Mu karere ka Kamonyi, haravugwa umugore ngo wagiye kubyara ku itariki ya 9 Ugushyingo 2019 ariko ngo akaba shobora kuba yarasambajyijwe arimo kubyzwa n’umuganga nk’uko byatangajwe n’umugabo we. Uyu mugore ngo ubwo yasohokaga mu cyumba cy’ababyeyi babyariramo (materinite), yabwiye umubabo we ko umuganga wamubyaje ashoborakuba yamusambanyije. Uhagarariye umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ umurenge wa Nyamiyaga muri iki gihe, Kubwimana Jean de Dieu yabwiye itangazamakurunko iki kibazo cyagejejwe mu rw’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha n’ubwo umuganga yabihakanye yivuye inyuma. Kuri ubu Uyu muganga n’uyu mubyeyi boherejwe ku bitaro bya Remera Rukoma, ngo bapimwe. Gusa ngo uyu muganga yari asanzwe yitwara neza. Umuvugizi wa RIB Marie Michelle Umuhoza yatangarije itangazamakuru ko, aya amakuru bayamenye kandi uyu muganga yatawe muri yombi. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru ADEPR barasaba ko ikibazo cya Karasha kigezwa kwa Perezida Kagame imyidagaduro Miss Josiane yabonanye na ’Mimi Mirage’ wamuhaye amafaranga agura imodoka amakuru RNC yasezereye burundu bamwe mu bayobozi bayo amakuru Kigali: Bavuga ko batewe bagakubitwa kuko banze kwimuka aho batuye amakuru Buyoya ushinjwa kwica Ndadaye ati "Ibi bifite icyo bivuze" amakuru Michelle Obama yasobanuye uburyo kweguza Perezida Donald Trump ari ubujiji amakuru Ben Rutabana, ishingiro ry’ibibazo muri RNC-Mushiki we amakuru Umupolisi yafatiwe mu cyuho n’abaturage akora mu mufuka ’Boss we’ mu muvundo amakuru EACJ yatesheje agaciro ikirego kuri Manda ya 3 ya Perezida Nkurunziza NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo