Close MORE NEWS Jacques Chirac wayoboye u Bufaransa yitabye Imana UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 26-09-2019 saa 10:30' whatsapp Facebook Jacques Chirac,wabaye Perezida w’u Bufaransa mu bihe bitandukanye yitabye Imana ku myaka 86. Inkuru y’urupfu rwe igiye ahagaragara muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Nzeli 2019, aho yitabye Imana bamwe bo mu muryango we bahari kandi mu mahoro nkuko umukwe we, Frederic Salat-Baroux yabitangarije AFP. Jacques Chirac wayoboye igihugu cy’u Bufaransa muri Manda ebyiri hagati ya 1995 na 2007, yafashije iki gihugu kwinjira mu muryango w’ibihugu by’i Burayi by’umwihariko mu gukoresha ifaranga rimwe rizwi nka ’EURO’. Kimwe mu byemezo bye bikakaye mu rugendo rwe rwa Politiki azahora yibukirwaho, ni ukugabanya imyaka umukuru w’igihugu amara ku butegetsi aho ku bwe yavuye ku myaka irindwi ikagirwa itanu. Ni umwe kandi mu Baperezida bashize amanga bakereka Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko atabashyigikiye mu bikorwa byose bakoraga mu gihugu cya Iraki birimo kugabayo ibitero. Nubwo yakoze ibi byose kandi uyu mugabo ubutegetsi bwe bwaranzwe na ruswa cyane. Uburwayi yigeze kugira mu 2005 ubwo yari Perezida bwamuciye intege bituma atangira kugaragara mu ruhame inshuro nke muri iki gihe. Mu Ukuboza 2015, yamaze ibyumweru bibiri mu bitaro arwaye ibyo umuryango we wise umunaniro. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Jacques Chirac wayoboye u Bufaransa yitabye Imana UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 26-09-2019 saa 10:30' whatsapp Facebook Jacques Chirac,wabaye Perezida w’u Bufaransa mu bihe bitandukanye yitabye Imana ku myaka 86. Inkuru y’urupfu rwe igiye ahagaragara muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Nzeli 2019, aho yitabye Imana bamwe bo mu muryango we bahari kandi mu mahoro nkuko umukwe we, Frederic Salat-Baroux yabitangarije AFP. Jacques Chirac wayoboye igihugu cy’u Bufaransa muri Manda ebyiri hagati ya 1995 na 2007, yafashije iki gihugu kwinjira mu muryango w’ibihugu by’i Burayi by’umwihariko mu gukoresha ifaranga rimwe rizwi nka ’EURO’. Kimwe mu byemezo bye bikakaye mu rugendo rwe rwa Politiki azahora yibukirwaho, ni ukugabanya imyaka umukuru w’igihugu amara ku butegetsi aho ku bwe yavuye ku myaka irindwi ikagirwa itanu. Ni umwe kandi mu Baperezida bashize amanga bakereka Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko atabashyigikiye mu bikorwa byose bakoraga mu gihugu cya Iraki birimo kugabayo ibitero. Nubwo yakoze ibi byose kandi uyu mugabo ubutegetsi bwe bwaranzwe na ruswa cyane. Uburwayi yigeze kugira mu 2005 ubwo yari Perezida bwamuciye intege bituma atangira kugaragara mu ruhame inshuro nke muri iki gihe. Mu Ukuboza 2015, yamaze ibyumweru bibiri mu bitaro arwaye ibyo umuryango we wise umunaniro. @Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika