Close MORE NEWS Isi ntizatsinda COVID-19 nidashyira hamwe-Dr Tedros UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-06-2020 saa 08:23' whatsapp Facebook Dr Tedros, umunya-Etiyopiya uyoboye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku isi (OMS/WHO) avuga ko ikibazo gikomereye cyane umuryango ayoboye n’Isi muri rusange kurusha ibindi atari Virusi ya Corona ubwayo, ngo ni ibura ryo gushyira hamwe n’ubuyobozi ku rwego rw’isi. Mu kiganiro cyo mu buryo bwa Video, Tedros Adhanom Ghebreyesus yagize ati "Ntidushobora gutsinda iki cyorezo [cya Coronavirus] mu gihe isi idashyize hamwe". Nubwo Dr Tedros atigeze avuga kuri Perezida Donald Trump w’Amerika by’umwihariko, mu kwezi gushize kwa Gatanu Bwana Trump yavuze ko igihugu cye kigiye guhagarika inkunga kigenera OMS. Amerika ni cyo gihugu gitera inkungu nyinshi cyane OMS kurusha ibindi bihugu, mu mwaka ushize yayihaye inkunga irenga miliyoni 400 z’amadolari. Bwana Trump yavuze ko OMS yahindutse igikoresho cy’u Bushinwa. Yagize ati "U Bushinwa bwigaruriye burundu umuryango mpuzamahanga w’ubuzima". Dr Tedros ukomoka muri Ethiopia ayobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku isi (OMS/WHO) kuva mu mwaka wa 2017 Ishyaka rya DALFA-UMURINZI rya Ingabire Victoire ngo ryiteguye gukora ibishoboka byose, ngo rizanahatana mu matora ya Perezida ari imbere, n’ibindi byinshi tutavuze urabyiyumvira muri iyi Video utapfa gusanga ahandi umuvugizi w’iri shyaka abisobanura neza: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Isi ntizatsinda COVID-19 nidashyira hamwe-Dr Tedros UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-06-2020 saa 08:23' whatsapp Facebook Dr Tedros, umunya-Etiyopiya uyoboye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku isi (OMS/WHO) avuga ko ikibazo gikomereye cyane umuryango ayoboye n’Isi muri rusange kurusha ibindi atari Virusi ya Corona ubwayo, ngo ni ibura ryo gushyira hamwe n’ubuyobozi ku rwego rw’isi. Mu kiganiro cyo mu buryo bwa Video, Tedros Adhanom Ghebreyesus yagize ati "Ntidushobora gutsinda iki cyorezo [cya Coronavirus] mu gihe isi idashyize hamwe". Nubwo Dr Tedros atigeze avuga kuri Perezida Donald Trump w’Amerika by’umwihariko, mu kwezi gushize kwa Gatanu Bwana Trump yavuze ko igihugu cye kigiye guhagarika inkunga kigenera OMS. Amerika ni cyo gihugu gitera inkungu nyinshi cyane OMS kurusha ibindi bihugu, mu mwaka ushize yayihaye inkunga irenga miliyoni 400 z’amadolari. Bwana Trump yavuze ko OMS yahindutse igikoresho cy’u Bushinwa. Yagize ati "U Bushinwa bwigaruriye burundu umuryango mpuzamahanga w’ubuzima". Dr Tedros ukomoka muri Ethiopia ayobora Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku isi (OMS/WHO) kuva mu mwaka wa 2017 Ishyaka rya DALFA-UMURINZI rya Ingabire Victoire ngo ryiteguye gukora ibishoboka byose, ngo rizanahatana mu matora ya Perezida ari imbere, n’ibindi byinshi tutavuze urabyiyumvira muri iyi Video utapfa gusanga ahandi umuvugizi w’iri shyaka abisobanura neza: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu