Close MORE NEWS Inyandiko zishobora kwerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside zikomeje kugirwa ubwiru UMUBAVU.com admin Kuya 16-09-2017 saa 00:13' whatsapp Facebook Urukiko rurengera itegeko nshinga mu Bufaransa rwashyigikiye icyemezo cy’ubutegetsi cyo kudafungura inyandiko za François Mitterrand wigeze kuyobora iki gihugu, umushakashatsi atekereza ko zishobora kwerekana uruhare rw’Ubufaransa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Urwo rukiko rwashyigikiye ingingo ivuga ko inyandiko z’abaperezida b’Ubufaransa zidashobora gufungurwa hatarashira imyaka makumyabiri n’itanu bitabye imana. Umushakashatsi, Francois Graner, ashaka gusoma inyandiko za nyakwigendera Perezida Francois Mitterand zidashobora gufungurwa kugeza mu mwaka wa bibiri na makumyabiri na rimwe. Bwana Graner yanditse igitabo gishinja abasirikare b’Ubufaransa gushyigikira interahamwe. Ibi birego ariko Ubufaransa burabihakana. Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside CNLG, ikaba yarashyize ahagaragara inyandiko zitandukanye zigaragaraho bamwe mu bamwe mu bayobozi b’inzego zikomeye ndetse n’abasirikare bakuru b’u Bufaransa ibashinja kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. U Bufaransa akaba ari kimwe mu bihugu bitungwa agatoki ku kuba bicumbikiye abagize uruhare muri Jenoside bacyidegembya kandi bakagombye kuba barashyikirijwe inkiko bakaburanishwa. Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Inyandiko zishobora kwerekana uruhare rw’u Bufaransa muri Jenoside zikomeje kugirwa ubwiru UMUBAVU.com admin Kuya 16-09-2017 saa 00:13' whatsapp Facebook Urukiko rurengera itegeko nshinga mu Bufaransa rwashyigikiye icyemezo cy’ubutegetsi cyo kudafungura inyandiko za François Mitterrand wigeze kuyobora iki gihugu, umushakashatsi atekereza ko zishobora kwerekana uruhare rw’Ubufaransa muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Urwo rukiko rwashyigikiye ingingo ivuga ko inyandiko z’abaperezida b’Ubufaransa zidashobora gufungurwa hatarashira imyaka makumyabiri n’itanu bitabye imana. Umushakashatsi, Francois Graner, ashaka gusoma inyandiko za nyakwigendera Perezida Francois Mitterand zidashobora gufungurwa kugeza mu mwaka wa bibiri na makumyabiri na rimwe. Bwana Graner yanditse igitabo gishinja abasirikare b’Ubufaransa gushyigikira interahamwe. Ibi birego ariko Ubufaransa burabihakana. Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside CNLG, ikaba yarashyize ahagaragara inyandiko zitandukanye zigaragaraho bamwe mu bamwe mu bayobozi b’inzego zikomeye ndetse n’abasirikare bakuru b’u Bufaransa ibashinja kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. U Bufaransa akaba ari kimwe mu bihugu bitungwa agatoki ku kuba bicumbikiye abagize uruhare muri Jenoside bacyidegembya kandi bakagombye kuba barashyikirijwe inkiko bakaburanishwa. Umubavu.com Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu