Close MORE NEWS Inkoko yashinjwe ubwicanyi ifungirwa muri Gereza UMUBAVU.com Umubavu Kuya 1-03-2021 saa 15:23' whatsapp Facebook Inkoko y’Isake yari yarambitswe icyuma ngo ijye irwana mu mirwano y’isake itemewe n’amategeko, yishe sebuja mu majyepfo y’Ubuhinde. Nyir’iyi nkoko yamuteye icyo cyuma ahagana mu rukenyerero ubwo yari irimo igerageza guhunga. Uwo mugabo yapfiriye mu nzira ajyanwe ku bitaro azize kubura amaraso. Polisi ubu irimo gushakisha abandi bantu 15 bagize uruhare mu gutegura icyo gikorwa cy’imirwano y’isake, yabereye mu cyaro cya Lothunur muri leta ya Telangana mu ntangiriro y’iki cyumweru.Iyo sake yafungiwe kuri stasiyo ya polisi, nyuma iza kwimurirwa ahororerwa inkoko. Polisi yavuze ko iyo nkoko yari irimo gutegurwa ngo ishoke imirwano ubwo yageragezaga guhunga. Nyirayo yagerageje kuyifata ariko akubitwa n’icyo cyuma yambitswe gifite uburebure bwa santimetero 7 (7cm) cyari ku kaguru kayo, ubwo yari arimo agundagurana nayo. Abantu bari bari muri icyo gikorwa cyo kurwanisha isake baregwa kwica umuntu, gukina imikino y’amahirwe itemewe n’amategeko ndetse no gutegura imirwano y’isake, nkuko ibiro ntaramakuru AFP bibitangaza. Umupolisi B Jeevan ukorera aho byabereye yavuze ko iyo sake izajyanwa mu rukiko nk’ikimenyetso mu gihe kiri imbere, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru The New Indian Express. Imirwano y’isake yaciwe n’amategeko y’Ubuhinde mu mwaka wa 1960, ariko muri rusange iracyabaho mu turere tw’icyaro nk’aho muri leta ya Telangana, aho myinshi ikorwa mu gihe cy’iserukiramuco ry’abo mu bwoko bw’aba Hindu rizwi nka Sankranti. NTAGANDA ATI"ABATAVUGA RUMWE N’UBUTEGETSI BW’U RDA NTIBAKADUFATE NK’AGAHARARUTSWE GAHABWA AGAHINI" Umuryango Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE ubukungu Kigali: Baranduye imyaka y’abaturage ngo ni ’ Umwanda’ iyobokamana BYAKAZE: Muri EDNTR Umuvugizi n’Umubitsi baramarana Leta nidatabara amakuru Tanzania: Perezida Samia Suluhu yasubije abamugereranya na Magufuli amakuru Umugore wa Magufuli ararwaye politike Perezida Idriss Déby wa Tchad yishwe arashwe n’inyeshyamba politike Mu Rwanga hari abanyamakuru banga kwiteranya n’Ubutegtsi amakuru Kigali:Polisi yacakiye abibaga mu maduka bakoresheje imfunguzo z’incurano amakuru Abagabo 2 barasiwe i Rubavu bagerageza kwinjira mu Rwanda banyuze ahatemewe ubukungu Batangiye kwiyahura! Inzara iraca ibintu mu nkambi z’impunzi mu Rwanda NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Inkoko yashinjwe ubwicanyi ifungirwa muri Gereza UMUBAVU.com Umubavu Kuya 1-03-2021 saa 15:23' whatsapp Facebook Inkoko y’Isake yari yarambitswe icyuma ngo ijye irwana mu mirwano y’isake itemewe n’amategeko, yishe sebuja mu majyepfo y’Ubuhinde. Nyir’iyi nkoko yamuteye icyo cyuma ahagana mu rukenyerero ubwo yari irimo igerageza guhunga. Uwo mugabo yapfiriye mu nzira ajyanwe ku bitaro azize kubura amaraso. Polisi ubu irimo gushakisha abandi bantu 15 bagize uruhare mu gutegura icyo gikorwa cy’imirwano y’isake, yabereye mu cyaro cya Lothunur muri leta ya Telangana mu ntangiriro y’iki cyumweru.Iyo sake yafungiwe kuri stasiyo ya polisi, nyuma iza kwimurirwa ahororerwa inkoko. Polisi yavuze ko iyo nkoko yari irimo gutegurwa ngo ishoke imirwano ubwo yageragezaga guhunga. Nyirayo yagerageje kuyifata ariko akubitwa n’icyo cyuma yambitswe gifite uburebure bwa santimetero 7 (7cm) cyari ku kaguru kayo, ubwo yari arimo agundagurana nayo. Abantu bari bari muri icyo gikorwa cyo kurwanisha isake baregwa kwica umuntu, gukina imikino y’amahirwe itemewe n’amategeko ndetse no gutegura imirwano y’isake, nkuko ibiro ntaramakuru AFP bibitangaza. Umupolisi B Jeevan ukorera aho byabereye yavuze ko iyo sake izajyanwa mu rukiko nk’ikimenyetso mu gihe kiri imbere, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru The New Indian Express. Imirwano y’isake yaciwe n’amategeko y’Ubuhinde mu mwaka wa 1960, ariko muri rusange iracyabaho mu turere tw’icyaro nk’aho muri leta ya Telangana, aho myinshi ikorwa mu gihe cy’iserukiramuco ry’abo mu bwoko bw’aba Hindu rizwi nka Sankranti. NTAGANDA ATI"ABATAVUGA RUMWE N’UBUTEGETSI BW’U RDA NTIBAKADUFATE NK’AGAHARARUTSWE GAHABWA AGAHINI" Umuryango Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE ubukungu Kigali: Baranduye imyaka y’abaturage ngo ni ’ Umwanda’ iyobokamana BYAKAZE: Muri EDNTR Umuvugizi n’Umubitsi baramarana Leta nidatabara amakuru Tanzania: Perezida Samia Suluhu yasubije abamugereranya na Magufuli amakuru Umugore wa Magufuli ararwaye politike Perezida Idriss Déby wa Tchad yishwe arashwe n’inyeshyamba politike Mu Rwanga hari abanyamakuru banga kwiteranya n’Ubutegtsi amakuru Kigali:Polisi yacakiye abibaga mu maduka bakoresheje imfunguzo z’incurano amakuru Abagabo 2 barasiwe i Rubavu bagerageza kwinjira mu Rwanda banyuze ahatemewe ubukungu Batangiye kwiyahura! Inzara iraca ibintu mu nkambi z’impunzi mu Rwanda NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi