Close MORE NEWS Imyaka 17 irihiritse Anglikani yemeye Umwepiskopi w’umutinganyi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 3-08-2020 saa 14:40' whatsapp Facebook Ku itariki nk’iyi ya 03 Kanama 2003, Kiliziya y’Abanglikani muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaratoye yemeza ishyirwaho ry’Umwepiskopi w’umutinganyi ubikora ku mugaragaro. Musenyeri Gene Robinson, wa Diyosezi ya Hampshire yatowe ku bwiganze bw’amajwi bw’abagize inteko y’Ibisonga bya Kiliziya y’Abangilkani, igizwe n’abasaserdoti n’abalayiki. Icyo cyemezo cyakuruye uburakari ku ruhande rw’abadashaka ko ibintu bihinduka n’abayobozi ba Kiliziya muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’ahandi hose mu isi. Bamwe bari batangaje ko bazasezera muri Kiliziya y’Abanglikani itorwa rya Robinson nirikomeza, bifatanya n’abari muri Afurika, Aziya, no mu birwa bya Caraibes. Gene Robinson yari yarashatse atandukana n’umugore we bafitanye abana babiri, akaba yari amaranye na mugenzi we w’umugabo imyaka 14. Abayobozi ba Kiliziya mu Bwongereza n’abo bari batangaje ko kiriya cyemezo gishobora gutuma Kiliziya icikamo ibice. Umuvugizi wa Kiliziya y’Abanglikani mu Bwongereza yatangaje ko ishyirwaho ry’uwo mwepiskopi w’umutinganyi rireba gusa Kiliziya y’Abanglikani muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Kuva cyera, Kiliziya y’Abanglikani izwiho kwigahananira abadahuje ukwemera, ikaba ifite abayoboke bagera kuri milliyoni 80 mu isi yose. Musenyeri Gene Robinson ahanagura amrira y’umunezero nyuma yo kwimikwa nka Musenyeri mu 2003 SRC: Ijwi ry’Amerika Akarengane nyuma yo gusenyerwa baratabaza, ngo nta ntore isenya, ubuse bazigisha abana ko ari intore: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Iyicarubozo, ubwicanyi ndengakamere,kuburirwa irengero n’ibindi, ibihugu 24 byasabye u Rwanda kubihagarika amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Murumuna wa Dr Kigabo yitabye Imana ku munsi mukuru we yarii gushyingurwaho amakuru Kigali:Abakecuru babiri n’umugabo barwaniye mu kabari barakomeretsanya NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Imyaka 17 irihiritse Anglikani yemeye Umwepiskopi w’umutinganyi UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 3-08-2020 saa 14:40' whatsapp Facebook Ku itariki nk’iyi ya 03 Kanama 2003, Kiliziya y’Abanglikani muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yaratoye yemeza ishyirwaho ry’Umwepiskopi w’umutinganyi ubikora ku mugaragaro. Musenyeri Gene Robinson, wa Diyosezi ya Hampshire yatowe ku bwiganze bw’amajwi bw’abagize inteko y’Ibisonga bya Kiliziya y’Abangilkani, igizwe n’abasaserdoti n’abalayiki. Icyo cyemezo cyakuruye uburakari ku ruhande rw’abadashaka ko ibintu bihinduka n’abayobozi ba Kiliziya muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’ahandi hose mu isi. Bamwe bari batangaje ko bazasezera muri Kiliziya y’Abanglikani itorwa rya Robinson nirikomeza, bifatanya n’abari muri Afurika, Aziya, no mu birwa bya Caraibes. Gene Robinson yari yarashatse atandukana n’umugore we bafitanye abana babiri, akaba yari amaranye na mugenzi we w’umugabo imyaka 14. Abayobozi ba Kiliziya mu Bwongereza n’abo bari batangaje ko kiriya cyemezo gishobora gutuma Kiliziya icikamo ibice. Umuvugizi wa Kiliziya y’Abanglikani mu Bwongereza yatangaje ko ishyirwaho ry’uwo mwepiskopi w’umutinganyi rireba gusa Kiliziya y’Abanglikani muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Kuva cyera, Kiliziya y’Abanglikani izwiho kwigahananira abadahuje ukwemera, ikaba ifite abayoboke bagera kuri milliyoni 80 mu isi yose. Musenyeri Gene Robinson ahanagura amrira y’umunezero nyuma yo kwimikwa nka Musenyeri mu 2003 SRC: Ijwi ry’Amerika Akarengane nyuma yo gusenyerwa baratabaza, ngo nta ntore isenya, ubuse bazigisha abana ko ari intore: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Iyicarubozo, ubwicanyi ndengakamere,kuburirwa irengero n’ibindi, ibihugu 24 byasabye u Rwanda kubihagarika amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Murumuna wa Dr Kigabo yitabye Imana ku munsi mukuru we yarii gushyingurwaho amakuru Kigali:Abakecuru babiri n’umugabo barwaniye mu kabari barakomeretsanya NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi