Close MORE NEWS Impungenge ko ’Kasike’ z’abamotari zakwirakwiza Koronavirusi-Video UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 16-03-2020 saa 08:16' whatsapp Facebook Kubera uburyo Kasike z’abamotari zambarwa n’abantu benshi batandukanye, hari impungenge ko bishobora gukwirakwiza icyorezo cya Koronavirusi mu gihe haba hari uwacyanduye. Uyobora Koperative y’abamotari mu Rwanda avuga ko hari uburyo bashyizeho bwafasha abamotari n’abagenzi, ati "Twasizeho ko tuza kureba uburyo dushyiraho za Kandagira Ukarabe hafi aha kuri Parking zabo, uburyo bashobora kubona amazi meza afite isuku ku buryo nanjya gutwara umugenzi aparitse aha, abanza agahanagura Kasike". Akomeza avuga ko ibi bigomba kuba byatangiye gusahyirwa mu bikorwa kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Werurwe 2020, ati "Ndagira ngo ibyongibyo guhera ejo (avuga kuri uyuwa Mbere) hano bizaba bihari, ku buryo nakenera guhanagura Kasike ye ahita abona uburyo ayitunganya yitegura kuza gutwara umugenzi". Byose byiyumvire muri iyi Video y’ikiganiro UMUBAVU wagiranye n’abamotari n’umuyobozi wabo: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Impungenge ko ’Kasike’ z’abamotari zakwirakwiza Koronavirusi-Video UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 16-03-2020 saa 08:16' whatsapp Facebook Kubera uburyo Kasike z’abamotari zambarwa n’abantu benshi batandukanye, hari impungenge ko bishobora gukwirakwiza icyorezo cya Koronavirusi mu gihe haba hari uwacyanduye. Uyobora Koperative y’abamotari mu Rwanda avuga ko hari uburyo bashyizeho bwafasha abamotari n’abagenzi, ati "Twasizeho ko tuza kureba uburyo dushyiraho za Kandagira Ukarabe hafi aha kuri Parking zabo, uburyo bashobora kubona amazi meza afite isuku ku buryo nanjya gutwara umugenzi aparitse aha, abanza agahanagura Kasike". Akomeza avuga ko ibi bigomba kuba byatangiye gusahyirwa mu bikorwa kuri uyu wa Mbere tariki ya 16 Werurwe 2020, ati "Ndagira ngo ibyongibyo guhera ejo (avuga kuri uyuwa Mbere) hano bizaba bihari, ku buryo nakenera guhanagura Kasike ye ahita abona uburyo ayitunganya yitegura kuza gutwara umugenzi". Byose byiyumvire muri iyi Video y’ikiganiro UMUBAVU wagiranye n’abamotari n’umuyobozi wabo: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu