Close MORE NEWS Igitero cya Grenade cyagabwe ku basirikare ba Uganda,babiri barakomereka bikomeye UMUBAVU.com admin Kuya 6-07-2018 saa 08:20' whatsapp Facebook Abasirikare babiri ba Uganda bakomerekejwe bikomeye n’igitero cya Grenade cyabagabweho mu gace ka Rwenshama mu Karere ka Rukungiri ku wa Kabiri tariki 3 Nyakanga 2018. Nubwo amazina y’abakomerekeye muri iki gitero atigeze atangazwa,Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda , Brig. Richard Karemire yemeje aya makuru ndetse yongeraho ko abakomeretse barindaga umutekano mu kiyaga cya Edward nk’uko bitangazwa na New Vision. Brig. Richard Karemire akomeza avuga ko abagabye iki gitero ari bantu bitwaje intwaro bateye Grenade mu bwato aba basirikare barimo ati’’Twakajije umutekano ari nako duhiga abagizi ba nabi’’ Agace ka Rwenshama kazwiho uburobyi kakaba kari hafi y’umupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Perezida Museveni yongeye kuzamura mu mapeti umuhungu we birakemangwa imyidagaduro Videos: Utundi dushya utigeze umenya ku bukwe bw’umuhanzikazi Olive wapfakaye akiri umugeni politike Iyo u Rwanda rutabaho ntabwo u Burundi bwari kugira ibibazo? Perezida Kagame amakuru Ingabire Victoire yanyomoje amakuru avuga ko agiye gusohoka mu Rwanda amakuru Leta ishobora kongera umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) amakuru RDC: Abasirikari 2 ba FARDC bishwe baciwe imitwe n’inyeshyamba za FDLR amakuru Abahungu bahigitse abakobwa mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye 2018 amakuru Perezida Tshisekedi yaganiriye na Kabila ku gushyiraho Guverinoma nshya ihuriweho n’impande imyidagaduro Se wa Diamond ashobora gucibwa amaguru kubera uburwayi bw’amayobera NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)
Igitero cya Grenade cyagabwe ku basirikare ba Uganda,babiri barakomereka bikomeye UMUBAVU.com admin Kuya 6-07-2018 saa 08:20' whatsapp Facebook Abasirikare babiri ba Uganda bakomerekejwe bikomeye n’igitero cya Grenade cyabagabweho mu gace ka Rwenshama mu Karere ka Rukungiri ku wa Kabiri tariki 3 Nyakanga 2018. Nubwo amazina y’abakomerekeye muri iki gitero atigeze atangazwa,Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda , Brig. Richard Karemire yemeje aya makuru ndetse yongeraho ko abakomeretse barindaga umutekano mu kiyaga cya Edward nk’uko bitangazwa na New Vision. Brig. Richard Karemire akomeza avuga ko abagabye iki gitero ari bantu bitwaje intwaro bateye Grenade mu bwato aba basirikare barimo ati’’Twakajije umutekano ari nako duhiga abagizi ba nabi’’ Agace ka Rwenshama kazwiho uburobyi kakaba kari hafi y’umupaka wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Perezida Museveni yongeye kuzamura mu mapeti umuhungu we birakemangwa imyidagaduro Videos: Utundi dushya utigeze umenya ku bukwe bw’umuhanzikazi Olive wapfakaye akiri umugeni politike Iyo u Rwanda rutabaho ntabwo u Burundi bwari kugira ibibazo? Perezida Kagame amakuru Ingabire Victoire yanyomoje amakuru avuga ko agiye gusohoka mu Rwanda amakuru Leta ishobora kongera umusanzu w’ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) amakuru RDC: Abasirikari 2 ba FARDC bishwe baciwe imitwe n’inyeshyamba za FDLR amakuru Abahungu bahigitse abakobwa mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye 2018 amakuru Perezida Tshisekedi yaganiriye na Kabila ku gushyiraho Guverinoma nshya ihuriweho n’impande imyidagaduro Se wa Diamond ashobora gucibwa amaguru kubera uburwayi bw’amayobera NDANGIRA Inkuru zamamaza ’Umwenya’ ikinyobwa gifasha kongera imbaraga mu mabanga y’abashakanye Inkuru zamamaza Kigali Coach, umwihariko muri Kampani zitwara abagenzi iterambere Arakirigita ifaranga nyuma yo gutinyuka agafata inguzanyo Inkuru zamamaza Ababyeyi barerera mu kigo cya Kigali Christian School barakivuga imyato ubuzima Abazengerejwe n’abarozi babagendaho bararye bari menge Inkuru zamamaza Kampani Ubumwe Cleaning Services Ltd yita ku isuku yazanye agashya amakuru Kigali: Iduka CP New Species Technology ricuruza Telephone zigezweho riravugwaho amagambo Inkuru zamamaza Ibyatuma uhitamo Hill Top Hotel&Country Club urengeje ijisho andi mahoteli Inkuru zamamaza Ubudasa n’umwihariko by’ishuri rya College Doctrina Vitae (CDV)