Close MORE NEWS I Kigali hatengutse Inzu ingwira abafundi 4 UMUBAVU.com Umubavu Kuya 16-10-2018 saa 18:17' whatsapp Facebook Abantu bane bakoraga imirimo yo kubaka hafi y’umuturirwa wa Centenary House uherereye mu Mujyi wa Kigali rwagati, bagwiriwe n’ikibanza cyatengutse. Ikibanza barimo gusiza cyaridutse kigwira abantu, gusa inzego z’umutekano zirimo Polisi y’Igihugu zahageze zihutira gushakisha imashini yaza igataburura abagwiriwe n’itaka kuko abakoresha amasuka n’ibitiyo batabishobora. Ahagana saa cyenda n’igice nibwo bivugwa ko iki kibanza cyagwiriye abafundi n’abayede bane. Kugeza ubu ntiharamenyekana icyatumye gitenguka. Umwe mu bashinzwe imirimo yo kubakisha ahari iki kibanza yabwiye IGIHE ko nta ngaruka byagira ku magorofa ya Centenary House kubera ko inkingi z’ayo mazu zubakiye kasi cyane. Umuntu umwe wari wagwiriwe n’itaka yakuwemo ari muzima, gusa abandi batatu baracyarimo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) MANZI john Kuya 17-10-2018 Twihanganishije imiryango yabagwiriwe nicyo cyibanza ariko birakwiye ko impuguke za Rwanda housing Authority zajya zibanza gupima ireme ry’ubutaka mbere yo gutanga ibyangombwa byo kubaka. Sixbert Kuya 17-10-2018 Nonese aho mutweretse ni kuri centenary? INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
I Kigali hatengutse Inzu ingwira abafundi 4 UMUBAVU.com Umubavu Kuya 16-10-2018 saa 18:17' whatsapp Facebook Abantu bane bakoraga imirimo yo kubaka hafi y’umuturirwa wa Centenary House uherereye mu Mujyi wa Kigali rwagati, bagwiriwe n’ikibanza cyatengutse. Ikibanza barimo gusiza cyaridutse kigwira abantu, gusa inzego z’umutekano zirimo Polisi y’Igihugu zahageze zihutira gushakisha imashini yaza igataburura abagwiriwe n’itaka kuko abakoresha amasuka n’ibitiyo batabishobora. Ahagana saa cyenda n’igice nibwo bivugwa ko iki kibanza cyagwiriye abafundi n’abayede bane. Kugeza ubu ntiharamenyekana icyatumye gitenguka. Umwe mu bashinzwe imirimo yo kubakisha ahari iki kibanza yabwiye IGIHE ko nta ngaruka byagira ku magorofa ya Centenary House kubera ko inkingi z’ayo mazu zubakiye kasi cyane. Umuntu umwe wari wagwiriwe n’itaka yakuwemo ari muzima, gusa abandi batatu baracyarimo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) MANZI john Kuya 17-10-2018 Twihanganishije imiryango yabagwiriwe nicyo cyibanza ariko birakwiye ko impuguke za Rwanda housing Authority zajya zibanza gupima ireme ry’ubutaka mbere yo gutanga ibyangombwa byo kubaka. Sixbert Kuya 17-10-2018 Nonese aho mutweretse ni kuri centenary? INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu