Close MORE NEWS Huye: Umujyi wunganira Kigali uracyagaragaramo inzu zishaje cyane UMUBAVU.com Rukundo Kuya 23-11-2019 saa 11:20' whatsapp Facebook Buri mwaka inzego zubiyobozi zisaba abaturage kuzirika ibisange byinzu birinda ko bitwarwa numuyaga, bariko zimwe mu nzu zrimu mujyi wa Huye, umuyanga wazitwara isaha nisaha kuko zishaje cyane. Umwe mu bayuye muri izi nzu zishaje cyane twaganiriye yagize ati: Iyi nzu yanjye rwose irashaje biragaragara ariko, nta bushobozi mfite bwo kuyisanira. Nubwo turi mujyi bwose ariko, turi abakene. Ahagaragara iki kibazo cyane, ni mu murenge wa Tumba. Iyo winjiye mur ayo mazu ukareba hejuru, hari ubwo ureba ikirere cyose uko cyakabaye kuko amabati aba ashaje cyane yaratobotse, ndetse ninkuta ukabona zenda kugwa ku buryo no kuzurira ngo isakarwe nabyo bitapfa korohera abubatsi. Ubuyobozi bwakagari ka Gitwa kagaragaramo izi nzu nyinshi zishaje, buvuga iki kibazo nabwo bwakibonye kandi buri gukora ubuvugizi. Mukamuhirwa Betty ni umunyamabanga Nshingwabikorwa wAkagari ka Gitwa yagize ati:Na twe twarabibonye ko mu kagari kacu harimo amazu mesnhi ashaje, atajyanye numujwi. Gusa, twatangiye gukorera ba nyirazo ubuvugizi kugirango babe babafasha kuzisana. Umuyobozi wakarere wungirije ushinzwe iterambere ryubukungu mu Karere ka Huye, Kamana Andre, avuga kuri iki kibazo cyaba baba mu nzu zishaje akagira nicyo asaba abaturage muri rusange. Ati: mu byukuri ikigaragara ni ukobikorwaremezo bigenda birushaho kwiyingera umunsi ku wundi. Bariya bari mu nzu zisahaje rero nabo dukomeza kubigisha, ubwabo ngo abzivugururire, ariko nabo byananaira twabafasha bigendanye nubushobozi buhari. Imibare igaragaza ko mu Karere ka Huye hari inzu 1157 zishaje cyane ku buryo byumwihariko muri ibi bighe byimvura zishobora guteza impanuka ku bazityemo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umukozi w’Inteko ushinjwa gufata ku ngufu impunzi y’umurundikazi yahagaritswe ku kazi amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugore yamaze iminsi 12 yaraheze mu mugezi amakuru Museveni yahishuye ko mu minsi iza Uganda yose iraba igenzurwa na Cameras NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Huye: Umujyi wunganira Kigali uracyagaragaramo inzu zishaje cyane UMUBAVU.com Rukundo Kuya 23-11-2019 saa 11:20' whatsapp Facebook Buri mwaka inzego zubiyobozi zisaba abaturage kuzirika ibisange byinzu birinda ko bitwarwa numuyaga, bariko zimwe mu nzu zrimu mujyi wa Huye, umuyanga wazitwara isaha nisaha kuko zishaje cyane. Umwe mu bayuye muri izi nzu zishaje cyane twaganiriye yagize ati: Iyi nzu yanjye rwose irashaje biragaragara ariko, nta bushobozi mfite bwo kuyisanira. Nubwo turi mujyi bwose ariko, turi abakene. Ahagaragara iki kibazo cyane, ni mu murenge wa Tumba. Iyo winjiye mur ayo mazu ukareba hejuru, hari ubwo ureba ikirere cyose uko cyakabaye kuko amabati aba ashaje cyane yaratobotse, ndetse ninkuta ukabona zenda kugwa ku buryo no kuzurira ngo isakarwe nabyo bitapfa korohera abubatsi. Ubuyobozi bwakagari ka Gitwa kagaragaramo izi nzu nyinshi zishaje, buvuga iki kibazo nabwo bwakibonye kandi buri gukora ubuvugizi. Mukamuhirwa Betty ni umunyamabanga Nshingwabikorwa wAkagari ka Gitwa yagize ati:Na twe twarabibonye ko mu kagari kacu harimo amazu mesnhi ashaje, atajyanye numujwi. Gusa, twatangiye gukorera ba nyirazo ubuvugizi kugirango babe babafasha kuzisana. Umuyobozi wakarere wungirije ushinzwe iterambere ryubukungu mu Karere ka Huye, Kamana Andre, avuga kuri iki kibazo cyaba baba mu nzu zishaje akagira nicyo asaba abaturage muri rusange. Ati: mu byukuri ikigaragara ni ukobikorwaremezo bigenda birushaho kwiyingera umunsi ku wundi. Bariya bari mu nzu zisahaje rero nabo dukomeza kubigisha, ubwabo ngo abzivugururire, ariko nabo byananaira twabafasha bigendanye nubushobozi buhari. Imibare igaragaza ko mu Karere ka Huye hari inzu 1157 zishaje cyane ku buryo byumwihariko muri ibi bighe byimvura zishobora guteza impanuka ku bazityemo. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umukozi w’Inteko ushinjwa gufata ku ngufu impunzi y’umurundikazi yahagaritswe ku kazi amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Umugore yamaze iminsi 12 yaraheze mu mugezi amakuru Museveni yahishuye ko mu minsi iza Uganda yose iraba igenzurwa na Cameras NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo