Close MORE NEWS Huye: Ababyeyi barinubira abana bari mu biruhuko birirwa birebera Televiziyo UMUBAVU.com Rukundo Kuya 4-12-2019 saa 12:31' whatsapp Facebook Bamwe mu babyeyi bavuga ko igihe cy’ibiruhuko, cyagakwiye kuba umwanya umwiza umwana afashamo ababyeyi tumwe mu turimo two mu rugo, akanasubira mu masomo aho kwirirwa imbere ya Television na Telefoni. Bavuga ko bahangayikishijwe n’imyatwarire ya bamwe mu banyeshuri usanga bahugiye mu matelefone na za filime, ngo ku buryo batabona umwanya wo gusubiramo amasomo yabo, no gukora izindi nshingano bashobora guhabwa n’ababyeyi. Murihano Jean Damascene ni umubyeyi utuye mu Murenge wa Mukura, avuga ko abana bamwe biruhuko birirwa birebera Televisiyo ntibite ku gusubiramo amasomo. Yagize ati ”Njyewe hari ubwo ndeba ab’iwanjye, bari kwirira mu matelefoni na za Televiziyo, nkarwana no kubibabuza ariko ugasanga batabyumva. Mbese ababyeyi mbona dufite uruhare runini mu gukurikirana abana bacu mu bigihe cy’ibiruhuko.” Ku ruhande rwa bamwe mu banyeshuri bari mubiruhuko, bavuga ko Telephone zishobora kurangaza koko, ariko ko atari bose ngo kuko ushobora gukoresha iyo Telephone ukanakora izindi nshingano uba ufite nk’umunyeshuri. Mu rwego rwo gufasha urubyiruko mu gihe cy’ibiruhuko hashyizweho gahunda y’intore mu biruhuko ishyirwa mu bikorwa n’abayobozi b’inzego z’ibanze mu turere twose tw’igihugu, aho abanyeshuri bigishwa indangagaciro zikwiye kubaranga. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Umukozi w’Inteko ushinjwa gufata ku ngufu impunzi y’umurundikazi yahagaritswe ku kazi imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Umugore yamaze iminsi 12 yaraheze mu mugezi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo
Huye: Ababyeyi barinubira abana bari mu biruhuko birirwa birebera Televiziyo UMUBAVU.com Rukundo Kuya 4-12-2019 saa 12:31' whatsapp Facebook Bamwe mu babyeyi bavuga ko igihe cy’ibiruhuko, cyagakwiye kuba umwanya umwiza umwana afashamo ababyeyi tumwe mu turimo two mu rugo, akanasubira mu masomo aho kwirirwa imbere ya Television na Telefoni. Bavuga ko bahangayikishijwe n’imyatwarire ya bamwe mu banyeshuri usanga bahugiye mu matelefone na za filime, ngo ku buryo batabona umwanya wo gusubiramo amasomo yabo, no gukora izindi nshingano bashobora guhabwa n’ababyeyi. Murihano Jean Damascene ni umubyeyi utuye mu Murenge wa Mukura, avuga ko abana bamwe biruhuko birirwa birebera Televisiyo ntibite ku gusubiramo amasomo. Yagize ati ”Njyewe hari ubwo ndeba ab’iwanjye, bari kwirira mu matelefoni na za Televiziyo, nkarwana no kubibabuza ariko ugasanga batabyumva. Mbese ababyeyi mbona dufite uruhare runini mu gukurikirana abana bacu mu bigihe cy’ibiruhuko.” Ku ruhande rwa bamwe mu banyeshuri bari mubiruhuko, bavuga ko Telephone zishobora kurangaza koko, ariko ko atari bose ngo kuko ushobora gukoresha iyo Telephone ukanakora izindi nshingano uba ufite nk’umunyeshuri. Mu rwego rwo gufasha urubyiruko mu gihe cy’ibiruhuko hashyizweho gahunda y’intore mu biruhuko ishyirwa mu bikorwa n’abayobozi b’inzego z’ibanze mu turere twose tw’igihugu, aho abanyeshuri bigishwa indangagaciro zikwiye kubaranga. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru FDLR yirukanwe ku butaka bwa RDC itegekwa gutaha i Rwanda imyidagaduro Umunyamakuru Byansi yasomye umukunzi we abantu barumirwa ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umupolisi yishwe akubiswe umugeri ku bugabo imyidagaduro Depite Frank Habineza yasengeye Byansi isengesho rikomeye ubwo yateraga ivi-Amafoto&Video amakuru Umugabo yafatiwe kwa Nyirabukwe yiba inyama amakuru Umukozi w’Inteko ushinjwa gufata ku ngufu impunzi y’umurundikazi yahagaritswe ku kazi imyidagaduro Ubukwe bw’agatangaza bw’abana b’imyaka 12 biga mu ishuri ribanza, bukomeje kuvugisha benshi-Amafoto amakuru Col. Muhawenimana wari ukuriye FLN muri Kalehe yishwe abandi bamanika amaboko amakuru Umugore yamaze iminsi 12 yaraheze mu mugezi NDANGIRA amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika ubukungu Bakuye isomo muri ‘EXPO’ rizabafasha kumenya Kawa abakiriya bakeneye iterambere Urubuga ‘Business.rw’ ruje ari igisubizo ku bucuruzi bwo kuri Interineti ubuzima Ababuze ubushake mu gutera akabariro, abashaka gutsirika ababazengereje cyangwa kubashika babonye igisubizo