Close MORE NEWS Hon Depite Ndahiro Logan uherutse kwitaba Imana yasimbujwe UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 12-11-2019 saa 18:33' whatsapp Facebook Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, nibwo komisiyo y’amatora yatangaje ko Karemera Emmanuel ariwe wasimbuye Hon Depite Rtd Capt Ndahiro Logan, uherutse kwitaba Imana ibinyujije mu itangazo. Ibyo abantu bazamwibukiraho, ni uko ari umwe mu barwanye urugamba rwo kubohora igihugu, akaba yari asigaye ari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, aho yitabye Imana azize uburwayi kuwa 31 Ukwakira 2019. Komisiyo y’amatora yagize iti “Komisiyo y’amatora iramenyesha abanyarwanda ko Bwana Karemera Emmanuel No42 ari na we ukurikira ku rutonde ntakuka rw’abari abakandida b’Umuryango FPR-Inkotanyi n’indi mitwe ya politiki yishyize hamwe na wo mu matora yabaye muri Nzeri 2018, ari we uzasimbura Nyakubahwa Ndahiro Logan”. Ibi ngo bikaba bigenwa n’itegeko N0 1510/P/CD/F.A/ FN/2019 ryo kuwa 06/11/2019. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Hon Depite Ndahiro Logan uherutse kwitaba Imana yasimbujwe UMUBAVU.com Nsanzimana Kuya 12-11-2019 saa 18:33' whatsapp Facebook Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kabiri, nibwo komisiyo y’amatora yatangaje ko Karemera Emmanuel ariwe wasimbuye Hon Depite Rtd Capt Ndahiro Logan, uherutse kwitaba Imana ibinyujije mu itangazo. Ibyo abantu bazamwibukiraho, ni uko ari umwe mu barwanye urugamba rwo kubohora igihugu, akaba yari asigaye ari Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, aho yitabye Imana azize uburwayi kuwa 31 Ukwakira 2019. Komisiyo y’amatora yagize iti “Komisiyo y’amatora iramenyesha abanyarwanda ko Bwana Karemera Emmanuel No42 ari na we ukurikira ku rutonde ntakuka rw’abari abakandida b’Umuryango FPR-Inkotanyi n’indi mitwe ya politiki yishyize hamwe na wo mu matora yabaye muri Nzeri 2018, ari we uzasimbura Nyakubahwa Ndahiro Logan”. Ibi ngo bikaba bigenwa n’itegeko N0 1510/P/CD/F.A/ FN/2019 ryo kuwa 06/11/2019. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu