Close MORE NEWS Gutera intambwe ku Rwanda mu kubungabunga urusobe rw’ ibinyabuzima UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 28-06-2015 saa 17:15' whatsapp Facebook Samuel Baker Byansi Uyu munsi byashyizwemo imbaraga bigenda bitera intambwe mu gihugu mu ku bungabunga urusobe rw’ ibinyabuzima Intare zirindwi nyuma na nyuma zongeye gukandagiza ibirenge muri pariki y’ igihugu ya Akagera nyuma yo kuvanywa muri afurika yepfo, hakaba hari hashize imyaka 20 zicitse muri iyi pariki yaAkagera, nyuma yiyi myaka yose ubuzima bw’ inyamaswa z’ ishyamba zabayeho nta mwami wa ryo uhari. Nyuma yo kugarura intare mu Rwanda bizongera uruganda rw’ ubukera rugendo no mu rusobe rw’ ibinyabuzima, ubwa abanya gihugu bushobora kuba bwiza ku buryo abantu benshi bazajya kwihera ijisho intare ndetse n’ izindi nyamaswa z’ inyagasozi muri pariki z’ igihugu. Abanyeshuri nabo bazabasha kwirebera inyamaswa nahoziba bari basanzwe babona ku mafoto na televisiyo. Kwishimira ubwenge muri uyu mushinga wo ku garura intare muri pariki ya Akagera ni buryo bwo Gutera intambwe kuri pariki no ku gihugu muri rusange, mugihe igihe cyashize u Rwanda rwari rufite intare ariko zikaza kwicwa kubera amakimbirane n’ ikiremwamuntu. Intare zateraga abantu babaga begereye aho ziba zika bica cyangwa zikica amatungo yabo abantu nabo bafata umwanzuro wo kuzica rimwe na rimwe bakaziroga zigapfa. Gusa ubu abaturiye pariki ntabwo ba bafite ko intare zishobora kugaruka zikabagenza nkuko igihe cyashize za bagenzaga kubera ko leta ibinyujije mu kigo cy’ igihugu cyiterambere (RDB) yashyizeho urukuta rw’ umuriro ruzengurutse pariki mu rwego rwo kurinda abantu n’ inyamaswa z’ agasozi no kurinda pariki ba rushimusi bajyaga guhiga inyamaswa. Kuwa 5 nzeri2013, ikigocy’igihugu cy’ iterambere (RDB) cyatashye ku mu garagaro urukuta rureshyana110km rw’ umuriro ruzengurutse kugera mu burengerazuba bwa pariki y’ igihugu ya Akagera mu kurinda amakimbirane hagati y’ inyamanswa n’ abantu yagaragaye mu gihe cyashize ko bigira ingaruka ku begereye pariki. Nubwo bimeze gutyo u Rwanda ruzakenera kwiga umuco wo gusura pariki z’ igihugu ndetse na ahandi hakurura ba mukerarugendo mu rwego rwo kuzamura ubukera rugendo muri rusange. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Gutera intambwe ku Rwanda mu kubungabunga urusobe rw’ ibinyabuzima UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 28-06-2015 saa 17:15' whatsapp Facebook Samuel Baker Byansi Uyu munsi byashyizwemo imbaraga bigenda bitera intambwe mu gihugu mu ku bungabunga urusobe rw’ ibinyabuzima Intare zirindwi nyuma na nyuma zongeye gukandagiza ibirenge muri pariki y’ igihugu ya Akagera nyuma yo kuvanywa muri afurika yepfo, hakaba hari hashize imyaka 20 zicitse muri iyi pariki yaAkagera, nyuma yiyi myaka yose ubuzima bw’ inyamaswa z’ ishyamba zabayeho nta mwami wa ryo uhari. Nyuma yo kugarura intare mu Rwanda bizongera uruganda rw’ ubukera rugendo no mu rusobe rw’ ibinyabuzima, ubwa abanya gihugu bushobora kuba bwiza ku buryo abantu benshi bazajya kwihera ijisho intare ndetse n’ izindi nyamaswa z’ inyagasozi muri pariki z’ igihugu. Abanyeshuri nabo bazabasha kwirebera inyamaswa nahoziba bari basanzwe babona ku mafoto na televisiyo. Kwishimira ubwenge muri uyu mushinga wo ku garura intare muri pariki ya Akagera ni buryo bwo Gutera intambwe kuri pariki no ku gihugu muri rusange, mugihe igihe cyashize u Rwanda rwari rufite intare ariko zikaza kwicwa kubera amakimbirane n’ ikiremwamuntu. Intare zateraga abantu babaga begereye aho ziba zika bica cyangwa zikica amatungo yabo abantu nabo bafata umwanzuro wo kuzica rimwe na rimwe bakaziroga zigapfa. Gusa ubu abaturiye pariki ntabwo ba bafite ko intare zishobora kugaruka zikabagenza nkuko igihe cyashize za bagenzaga kubera ko leta ibinyujije mu kigo cy’ igihugu cyiterambere (RDB) yashyizeho urukuta rw’ umuriro ruzengurutse pariki mu rwego rwo kurinda abantu n’ inyamaswa z’ agasozi no kurinda pariki ba rushimusi bajyaga guhiga inyamaswa. Kuwa 5 nzeri2013, ikigocy’igihugu cy’ iterambere (RDB) cyatashye ku mu garagaro urukuta rureshyana110km rw’ umuriro ruzengurutse kugera mu burengerazuba bwa pariki y’ igihugu ya Akagera mu kurinda amakimbirane hagati y’ inyamanswa n’ abantu yagaragaye mu gihe cyashize ko bigira ingaruka ku begereye pariki. Nubwo bimeze gutyo u Rwanda ruzakenera kwiga umuco wo gusura pariki z’ igihugu ndetse na ahandi hakurura ba mukerarugendo mu rwego rwo kuzamura ubukera rugendo muri rusange. Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu