Close MORE NEWS Gicumbi: Umwana w’imyaka 3 yapfiriye mu mugongo wa Nyina UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-06-2020 saa 13:03' whatsapp Facebook Mu Karere ka Gicumbi Umurenge wa Rushaki mu Kagari ka Karurama umwana w’imyaka itatu y’amavuko witwa Ayenimbabazi Charité yapfiriye mu mugongo wa Nyina. Bamwe mu baturanyi buriya muryango bavuga ko hari bafite amakuru y’uko uriya mwana yari amaze igihe runaka arwaye. Se yitwa Emmanuel Nizeyimana, Nyina ayitwa Alphonsine Mukeshimana. Mukeshimana avuga ko yururukije umwana agasanga yapfuye. Uyu mubyeyi avuga ko afite agahinda kenshi ko kubura umwana we ndetse akaba yari amuhetse atazi ko yapfuye. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rushaki witwa Irankijije Nduwayezu avuga ko amakuru y’urupfu rw’uriya mwana bayamenye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ariko ko umurambo we wajyanywe gusuzumwa. Avuga ko nubwo bibabaje gupfusha umwana ariko ngo ababyeyi bashobora kuba barabigizemo uburangare. Ati: “ …Gusa urupfu rw’uyu mwana bikekwa ko byaturutse ku burangare bw’ababyeyi be, gusa twarabasuye nk’ubuyobozi, ariko urebye bigaragara ko habayeho kumurangarana…” Umurambo w’uriya mwana wajyanywe ku bitaro bya Byumba kugira ngo usuzumwe mbere y’uko ushyingurwa. Ishyaka rya DALFA-UMURINZI rya Ingabire Victoire ngo ryiteguye gukora ibishoboka byose, ngo rizanahatana mu matora ya Perezida ari imbere, n’ibindi byinshi tutavuze urabyiyumvira muri iyi Video utapfa gusanga ahandi umuvugizi w’iri shyaka abisobanura neza: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Gicumbi: Umwana w’imyaka 3 yapfiriye mu mugongo wa Nyina UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 23-06-2020 saa 13:03' whatsapp Facebook Mu Karere ka Gicumbi Umurenge wa Rushaki mu Kagari ka Karurama umwana w’imyaka itatu y’amavuko witwa Ayenimbabazi Charité yapfiriye mu mugongo wa Nyina. Bamwe mu baturanyi buriya muryango bavuga ko hari bafite amakuru y’uko uriya mwana yari amaze igihe runaka arwaye. Se yitwa Emmanuel Nizeyimana, Nyina ayitwa Alphonsine Mukeshimana. Mukeshimana avuga ko yururukije umwana agasanga yapfuye. Uyu mubyeyi avuga ko afite agahinda kenshi ko kubura umwana we ndetse akaba yari amuhetse atazi ko yapfuye. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rushaki witwa Irankijije Nduwayezu avuga ko amakuru y’urupfu rw’uriya mwana bayamenye mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ariko ko umurambo we wajyanywe gusuzumwa. Avuga ko nubwo bibabaje gupfusha umwana ariko ngo ababyeyi bashobora kuba barabigizemo uburangare. Ati: “ …Gusa urupfu rw’uyu mwana bikekwa ko byaturutse ku burangare bw’ababyeyi be, gusa twarabasuye nk’ubuyobozi, ariko urebye bigaragara ko habayeho kumurangarana…” Umurambo w’uriya mwana wajyanywe ku bitaro bya Byumba kugira ngo usuzumwe mbere y’uko ushyingurwa. Ishyaka rya DALFA-UMURINZI rya Ingabire Victoire ngo ryiteguye gukora ibishoboka byose, ngo rizanahatana mu matora ya Perezida ari imbere, n’ibindi byinshi tutavuze urabyiyumvira muri iyi Video utapfa gusanga ahandi umuvugizi w’iri shyaka abisobanura neza: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu