Close MORE NEWS Gasabo: Hafunzwe umusore ukekwaho gusambanya nyina umubyara UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-11-2020 saa 10:17' whatsapp Facebook Umusore witwa Bakundukize Fils wo mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Nyaburiba, Umurenge wa Jali, mu Karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, yatawe muri yombi nyuma y’amakuru yatanzwe n’inzego z’umutekano avuga ko yasambanyije umubyeyi umubyara [Nyina]. Amakuru avuga ko Bakundukize ucyekwaho icyaha cyo gusambanya nyina umubyara bari basanzwe babana mu nzu ya bonyine mu Murenge wa Jali wo mu Mujyi wa Kigali. Aya mahano bivugwa ko yabaye mu ijoro ryo ku wa 23 Ugushyingo 2020, gusa ngo ubwo byabaga uyu mukecuru yahise atabaza inzego z’umutekano ziraza zisanga koko uyu musore ashobora kuba amaze kumusambanya nk’uko yabivugaga. Itangazo ryatanzwe na RIB, rivuga ko “Umuyobozi ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Kirehe yatanze amakuru ko uwitwa Bakundukize Fils w’imyaka 41 yasambanyije nyina umubyara witwa Muhutukazi Ancile w’imyaka 65.” Rikomeza rivuga ko “Abashinzwe umutekano bahise bajyayo basanga koko umukecuru agitaka ababwira ibimubayeho n’umuhungu akiri aho, bakaba babanaga mu nzu bonyine.” Urwego rw’Ubugenzacyaha rutangaza ko ukekwaho iki cyaha yashyikirijwe Sitasiyo ya RIB ya Gatsata ngo akurikiranwe mu gihe uwasambanyijwe we yoherejwe ku Bitaro bya Kacyiru mu gihe iperereza rikomeje. ABAFUNGWA IMINSI 30 Y’AGATEGANYO BAGAHERA MURI GEREZA IMYAKA BATARABURANA, NI UBUTABERA BUBONEYE? UMVA ICYO URUKIKO RW’IKIRENGA N’UBUSHINJACYAHA BABIVUZEHO: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
Gasabo: Hafunzwe umusore ukekwaho gusambanya nyina umubyara UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-11-2020 saa 10:17' whatsapp Facebook Umusore witwa Bakundukize Fils wo mu Mudugudu wa Kirehe, Akagari ka Nyaburiba, Umurenge wa Jali, mu Karere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali, yatawe muri yombi nyuma y’amakuru yatanzwe n’inzego z’umutekano avuga ko yasambanyije umubyeyi umubyara [Nyina]. Amakuru avuga ko Bakundukize ucyekwaho icyaha cyo gusambanya nyina umubyara bari basanzwe babana mu nzu ya bonyine mu Murenge wa Jali wo mu Mujyi wa Kigali. Aya mahano bivugwa ko yabaye mu ijoro ryo ku wa 23 Ugushyingo 2020, gusa ngo ubwo byabaga uyu mukecuru yahise atabaza inzego z’umutekano ziraza zisanga koko uyu musore ashobora kuba amaze kumusambanya nk’uko yabivugaga. Itangazo ryatanzwe na RIB, rivuga ko “Umuyobozi ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Kirehe yatanze amakuru ko uwitwa Bakundukize Fils w’imyaka 41 yasambanyije nyina umubyara witwa Muhutukazi Ancile w’imyaka 65.” Rikomeza rivuga ko “Abashinzwe umutekano bahise bajyayo basanga koko umukecuru agitaka ababwira ibimubayeho n’umuhungu akiri aho, bakaba babanaga mu nzu bonyine.” Urwego rw’Ubugenzacyaha rutangaza ko ukekwaho iki cyaha yashyikirijwe Sitasiyo ya RIB ya Gatsata ngo akurikiranwe mu gihe uwasambanyijwe we yoherejwe ku Bitaro bya Kacyiru mu gihe iperereza rikomeje. ABAFUNGWA IMINSI 30 Y’AGATEGANYO BAGAHERA MURI GEREZA IMYAKA BATARABURANA, NI UBUTABERA BUBONEYE? UMVA ICYO URUKIKO RW’IKIRENGA N’UBUSHINJACYAHA BABIVUZEHO: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu