Close MORE NEWS Faustin Archange Touadera yatsindiye kongera gutegeka Centrafrique UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 5-01-2021 saa 07:18' whatsapp Facebook Komisiyo y’amatora muri Centrafriue yatangaje ko Faustin Archange Touadera ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yaherukaga kuba agize amajwi y’agateganyo 53.92%. Ku wa 27 Ukuboza 2020, nibwo Abanya-Centrafrique babyukiye mu matora y’umukuru w’igihugu aho Perezida Faustin-Archange Touadéra wiyamamarizaga manda ya Kabiri yagaragaye agiye gutora arinzwe cyane n’ingabo za MINUSCA zirimo n’Abanyarwanda Aya ni yo matora ya Mbere yabaye muri Centrafrique kuva hasinywa amasezerano y’amahoro mu 2019. Yari yitabiriwe n’abakandida 30 ku mwanya wa Perezida. Aya matora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite yabaye mu gihe inyeshyamba zari zarwanyije ko aba, ibyatumye ingabo za MINUSCA zirimo n’iz’u Rwanda zoherezwa kubungabunga amahoro muri iki gihugu. Hashize iminsi Perezida Faustin Archange Touadéra w’imyaka 63 ashinja François Bozizé yasimbuye gushaka guhirika ubutegetsi nubwo uyu we yabihakanye yivuye inyuma. Bozizé yafatiwe ibihano na Loni, bituma atemererwa kuba mu bahatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu muri aya matora. Ku wa Kabiri w’cyumweru gishize, imitwe yitwaje intwaro yari yafashe umujyi wa Kane munini muri iki gihugu gusa ingabo za Loni ziza kuwukura mu maboko y’abo barwanyi. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Loni ryavuze ko “abasirikare batatu b’u Burundi bari mu bikorwa byo kubungabunga amahoro bishwe abandi barakomereka” mu gitero bagabweho ku wa Gatanu w’icyo Cyumweru. Iki gitero cyagabwe mu gace ka Dekoa muri Perefegitura ya Kemo na Bakouma mu Majyepfo ya Perefegitura ya Mbomou. Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Stephane Dujarric, yamaganye iki gitero, asaba Centrafrique gukora iperereza ku mvano yacyo. Yatanze umuburo avuga ko ibitero nk’ibi ku ngabo za Loni ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro “bigize icyaha cy’intambara” ku muntu uwo ari we wese ubigaragaramo. Perezida Faustin Archange Touadera yatsindiye Manda ya Kabiri yo kuyobora Centrafrique Inzobere za UN ngo zabonye ingabo z’u Rwanda n’iz’u Burundi muri RDC! Yandikiye Kagame atabariza abana biga mu mashuri y’incuke n’abanza kugeza ubu bakicaye mu rugo: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Faustin Archange Touadera yatsindiye kongera gutegeka Centrafrique UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 5-01-2021 saa 07:18' whatsapp Facebook Komisiyo y’amatora muri Centrafriue yatangaje ko Faustin Archange Touadera ari we watsinze amatora y’umukuru w’igihugu yaherukaga kuba agize amajwi y’agateganyo 53.92%. Ku wa 27 Ukuboza 2020, nibwo Abanya-Centrafrique babyukiye mu matora y’umukuru w’igihugu aho Perezida Faustin-Archange Touadéra wiyamamarizaga manda ya Kabiri yagaragaye agiye gutora arinzwe cyane n’ingabo za MINUSCA zirimo n’Abanyarwanda Aya ni yo matora ya Mbere yabaye muri Centrafrique kuva hasinywa amasezerano y’amahoro mu 2019. Yari yitabiriwe n’abakandida 30 ku mwanya wa Perezida. Aya matora y’Umukuru w’Igihugu n’Abadepite yabaye mu gihe inyeshyamba zari zarwanyije ko aba, ibyatumye ingabo za MINUSCA zirimo n’iz’u Rwanda zoherezwa kubungabunga amahoro muri iki gihugu. Hashize iminsi Perezida Faustin Archange Touadéra w’imyaka 63 ashinja François Bozizé yasimbuye gushaka guhirika ubutegetsi nubwo uyu we yabihakanye yivuye inyuma. Bozizé yafatiwe ibihano na Loni, bituma atemererwa kuba mu bahatanira umwanya w’Umukuru w’Igihugu muri aya matora. Ku wa Kabiri w’cyumweru gishize, imitwe yitwaje intwaro yari yafashe umujyi wa Kane munini muri iki gihugu gusa ingabo za Loni ziza kuwukura mu maboko y’abo barwanyi. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na Loni ryavuze ko “abasirikare batatu b’u Burundi bari mu bikorwa byo kubungabunga amahoro bishwe abandi barakomereka” mu gitero bagabweho ku wa Gatanu w’icyo Cyumweru. Iki gitero cyagabwe mu gace ka Dekoa muri Perefegitura ya Kemo na Bakouma mu Majyepfo ya Perefegitura ya Mbomou. Umuvugizi w’Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Stephane Dujarric, yamaganye iki gitero, asaba Centrafrique gukora iperereza ku mvano yacyo. Yatanze umuburo avuga ko ibitero nk’ibi ku ngabo za Loni ziri mu butumwa bwo kubungabunga amahoro “bigize icyaha cy’intambara” ku muntu uwo ari we wese ubigaragaramo. Perezida Faustin Archange Touadera yatsindiye Manda ya Kabiri yo kuyobora Centrafrique Inzobere za UN ngo zabonye ingabo z’u Rwanda n’iz’u Burundi muri RDC! Yandikiye Kagame atabariza abana biga mu mashuri y’incuke n’abanza kugeza ubu bakicaye mu rugo: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Ishyaka rirasaba ko ingabo z’u Rwanda zivanwa muri Centrafrique amakuru Ukuri ku bikemangwa ko urukingo rwa Covid-19 rwaba rurimo ’ikimenyetso cy’inyamaswa’ amakuru Amatora Uganda: Bobi Wine yatangaje ikintu gikomeye nyuma yo gutora iyobokamana Imana yamuhaye ubutumwa imutegeka kubunyuza k’UMUBAVU-Video amakuru Uko umusirikare w’u Rwanda wo mu ngabo za UN yiciwe muri Centrafrique amakuru Icyoba ni cyose mu Mujyi wa Bangui wiciwemo umusirikare w’u Rwanda amakuru Nyarugenge: Umugabo yaramutumye agarutse asanga yimukanye ibintu byose amakuru Ingagi zasanzwemo icyorezo cya COVID-19 ku nshuro ya Mbere amakuru Amerika: Umugore rukumbi wari ku rutonde rw’abakatiwe kwicwa yanyonzwe NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika