Close MORE NEWS Ethiopia: Hashyizeho igihembo ku watuma abategetsi ba TPLF bafatwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 18-12-2020 saa 13:03' whatsapp Facebook Minisiteri y’Ingabo ya Ethiopia yatangaje igihembo cya miliyoni 10 z’ama-birr akoreshwa muri icyo gihugu (arenga miliyoni 253Frw) ku muntu wese watanga amakuru yatuma abakuru b’umutwe Tigray People’s Liberation Front (TPLF) bafatwa. Leta ya Ethiopia ivuga ko abo bakuru ba TPLF barimo gushakishwa. Icyo gihembo ku muntu watanga amakuru yatuma bafatwa cyatangajwe kuri uyu wa Gatanu na Liyetona Jenerali Asrat Denero. Yavuze ko kigamije gutuma abo bantu bafatwa byihuse. Mu kwezi gushize, hasohowe impapuro zo guta muri yombi abategetsi bakuru ba TPLF barenga 60. Nyuma haje gusohorwa n’izindi mpapuro zo guta muri yombi abandi babarirwa mu macumi bakuru cyangwa bahoze ari bakuru mu gisirikare cya Ethiopia. Mu kwezi gushize, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yatangaje ko imirwano yarangiye muri Tigray, nyuma yuko ingabo za Ethiopia zifashe umurwa mukuru Mekelle wa Tigray. Hashize iminsi nta makuru y’abakuru ba TPLF, ariko mbere bari basezeranyije ko bazakomeza kurwana kugeza ingabo za leta ya Ethiopia bita ababateye zivuye muri Tigray. Ntibizwi aho benshi mu bakuru ba TPLF bari, barimo n’umukuru wayo Debretsion Gebremichael. Mbere, leta ya Ethiopia yari yavuze ko yafashe babiri mu bakuru ba TPLF. Umwe muri bo ni Keria Ibrahim wahoze ari umukuru w’Inteko Ishinga Amategeko ya Tigray, byavuzwe ko yishyikirije abategetsi ba Ethiopia mu byumweru birenga bibiri bishize, ariko ntarongera kugaragara. Kugeza ubu ntabwo kandi bizwi niba hari urukiko yajyanywemo. Abategetsi ba Ethiopia batangaje icyapa kigaragaza abakuru ba TPLF bashakishwa ICYO U RWANDA RWASUBIJE UMUDEPITE WO MURI AMERIKA WANDIKIYE PEREZIDA KAGAME AMUSABA KUREKURA ’BYIHUSE’ RUSESABAGINA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Ethiopia: Hashyizeho igihembo ku watuma abategetsi ba TPLF bafatwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 18-12-2020 saa 13:03' whatsapp Facebook Minisiteri y’Ingabo ya Ethiopia yatangaje igihembo cya miliyoni 10 z’ama-birr akoreshwa muri icyo gihugu (arenga miliyoni 253Frw) ku muntu wese watanga amakuru yatuma abakuru b’umutwe Tigray People’s Liberation Front (TPLF) bafatwa. Leta ya Ethiopia ivuga ko abo bakuru ba TPLF barimo gushakishwa. Icyo gihembo ku muntu watanga amakuru yatuma bafatwa cyatangajwe kuri uyu wa Gatanu na Liyetona Jenerali Asrat Denero. Yavuze ko kigamije gutuma abo bantu bafatwa byihuse. Mu kwezi gushize, hasohowe impapuro zo guta muri yombi abategetsi bakuru ba TPLF barenga 60. Nyuma haje gusohorwa n’izindi mpapuro zo guta muri yombi abandi babarirwa mu macumi bakuru cyangwa bahoze ari bakuru mu gisirikare cya Ethiopia. Mu kwezi gushize, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yatangaje ko imirwano yarangiye muri Tigray, nyuma yuko ingabo za Ethiopia zifashe umurwa mukuru Mekelle wa Tigray. Hashize iminsi nta makuru y’abakuru ba TPLF, ariko mbere bari basezeranyije ko bazakomeza kurwana kugeza ingabo za leta ya Ethiopia bita ababateye zivuye muri Tigray. Ntibizwi aho benshi mu bakuru ba TPLF bari, barimo n’umukuru wayo Debretsion Gebremichael. Mbere, leta ya Ethiopia yari yavuze ko yafashe babiri mu bakuru ba TPLF. Umwe muri bo ni Keria Ibrahim wahoze ari umukuru w’Inteko Ishinga Amategeko ya Tigray, byavuzwe ko yishyikirije abategetsi ba Ethiopia mu byumweru birenga bibiri bishize, ariko ntarongera kugaragara. Kugeza ubu ntabwo kandi bizwi niba hari urukiko yajyanywemo. Abategetsi ba Ethiopia batangaje icyapa kigaragaza abakuru ba TPLF bashakishwa ICYO U RWANDA RWASUBIJE UMUDEPITE WO MURI AMERIKA WANDIKIYE PEREZIDA KAGAME AMUSABA KUREKURA ’BYIHUSE’ RUSESABAGINA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika