Close MORE NEWS Dr Habumuremyi yakatiwe gufungwa imyaka 3 n’ihazabu y’akayabo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-11-2020 saa 14:44' whatsapp Facebook Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ugushyingo 2020 rwahamije Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda icyaha cyo gutanga sheki itazigamiwe rumuhanisha gufungwa imyaka itatu (3) no gutanga ihazabu ya Miliyoni 892 Frw. Urukiko kandi rwahanaguyeho Dr Pierre Damien icyaha cy’Ubuhemu ngo kuko nta bimenyetso bifatika byatanzwe n’Ubushinjacyaha. Uregwa yavugaga ko ibi byaha aregwa bikwiye kujya ku gahanga ka kaminuza ya Christian University ngo kuko ibyakozwe byose byakorwaga mu izina ry’iriya kaminuza yashinze. Urukiko rwagarutse ku byaburanyweho, rwavuze ko Dr Damien Habumuremyi ari we uza imbere mu bashyize umukono kuri ziriya sheki zitazigamiwe bityo ko adakwiye kubyegeka kuri iriya kaminuza. Ubushinjacyaha kandi bwagaragarije Urukiko ko abatangabuhamya barimo n’abahawe ziriya sheki zitazigamiwe, bwari bwausabiye gufungwa imyaka umunani (8) irimo itanu (5) ku cyaha cyo gutanga Sheki zitazigamiwe n’itatu ku cyaha cy’ubuhemu. Urukiko rwasomye uru rubanza regwa ari aho afungiye i Mageragere ndetse n’abamwunganira bose nta n’umwe uhari, rwavuze ko uregwa ahamwa n’icyaha cya sheki i zitazigamiwe ariko adahamwa n’icyaha cy’ubuhemu. Urukiko kandi rwagize umwere Serushyana Charles wahoze ari umucangamutungo muri iriya kaminuza na we wari uhuriyeho icyaha cya sheki zitazigamiwe na Dr Damien Habumuremyi. Isomwa ry’uyu mwanzuro ryabaye Pierre Damien ari aho afungiye i Mageragere Icyumba cy’urukiko cyarimo abaje kumva umwanzuro w’uru rubanza BIRANGIYE RYA SOKO RYA WA MUSORE WIHANGIYE UMURIMO UBUYOBOZI BURISENYE, ABATURAGE BASUTSE AMARIRA TUBURA ICYO DUKORA, ABATURAGE BARABASENYEYE, BARASHINJA LETA KUBAHOMBYA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
Dr Habumuremyi yakatiwe gufungwa imyaka 3 n’ihazabu y’akayabo UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 27-11-2020 saa 14:44' whatsapp Facebook Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ugushyingo 2020 rwahamije Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda icyaha cyo gutanga sheki itazigamiwe rumuhanisha gufungwa imyaka itatu (3) no gutanga ihazabu ya Miliyoni 892 Frw. Urukiko kandi rwahanaguyeho Dr Pierre Damien icyaha cy’Ubuhemu ngo kuko nta bimenyetso bifatika byatanzwe n’Ubushinjacyaha. Uregwa yavugaga ko ibi byaha aregwa bikwiye kujya ku gahanga ka kaminuza ya Christian University ngo kuko ibyakozwe byose byakorwaga mu izina ry’iriya kaminuza yashinze. Urukiko rwagarutse ku byaburanyweho, rwavuze ko Dr Damien Habumuremyi ari we uza imbere mu bashyize umukono kuri ziriya sheki zitazigamiwe bityo ko adakwiye kubyegeka kuri iriya kaminuza. Ubushinjacyaha kandi bwagaragarije Urukiko ko abatangabuhamya barimo n’abahawe ziriya sheki zitazigamiwe, bwari bwausabiye gufungwa imyaka umunani (8) irimo itanu (5) ku cyaha cyo gutanga Sheki zitazigamiwe n’itatu ku cyaha cy’ubuhemu. Urukiko rwasomye uru rubanza regwa ari aho afungiye i Mageragere ndetse n’abamwunganira bose nta n’umwe uhari, rwavuze ko uregwa ahamwa n’icyaha cya sheki i zitazigamiwe ariko adahamwa n’icyaha cy’ubuhemu. Urukiko kandi rwagize umwere Serushyana Charles wahoze ari umucangamutungo muri iriya kaminuza na we wari uhuriyeho icyaha cya sheki zitazigamiwe na Dr Damien Habumuremyi. Isomwa ry’uyu mwanzuro ryabaye Pierre Damien ari aho afungiye i Mageragere Icyumba cy’urukiko cyarimo abaje kumva umwanzuro w’uru rubanza BIRANGIYE RYA SOKO RYA WA MUSORE WIHANGIYE UMURIMO UBUYOBOZI BURISENYE, ABATURAGE BASUTSE AMARIRA TUBURA ICYO DUKORA, ABATURAGE BARABASENYEYE, BARASHINJA LETA KUBAHOMBYA: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Gutaburura Mirimo,gufunga umubavu,guhagarika amashuri bitunguranye,abanyamakuru babitanzeho ibitekerezo amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru Amafoto icyenda y’ibihe by’ingenzi mu butegetsi bwa Trump amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Abasirikare bari ku rugo rwa Bobi Wine birukanye Ambasaderi wa Amerika amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Loni yatangaje ko Ibihugu 9 bya Afurika byatakaje uburenganzira bwo gutora amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika