Close MORE NEWS Coronavirus yishe umuganga wo mu Bushinwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 7-02-2020 saa 08:06' whatsapp Facebook Umuganga wo mu Bushinwa wagerageje kuburira abantu bwa mbere ko hateye ubwoko bushya bwa coronavirus yamwishe, nkuko byatangajwe n’ibitaro yari arwayiyemo. Li Wenliang yanduye iyo virusi ubwo yarimo gukora mu bitaro by’i Wuhan hafatwa nk’izingiro ry’iyo virusi bya Wuhan Central Hospital. Dr Li wari ufite imyaka 34 akaba n’impuguke mu buvuzi bw’amaso, yari yatanze ubutumwa bw’impuruza ku baganga bagenzi be ku itariki ya 30 y’ukwezi kwa cumi na kabiri, ariko polisi imusaba kureka "kuvuga ibintu bitari ukuri". Hari humvikanye amakuru avuguruzanya ku rupfu rwe, ariko igitangazamakuru People’s Daily kibogamiye ku butegetsi bw’Ubushinwa cyatangaje ko yapfuye kuri uyu wa gatanu saa munani na 58 z’ijoro ku isaha yo mu Bushinwa. Iyo virusi imaze guhitana abantu 636 naho abandi 31,161 bamaze kuyandura mu Bushinwa, nkuko bigaragazwa n’imibare mishya y’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima. Abo bapfuye barimo na 73 bashya bari batangajwe ko bayanduye ku munsi w’ejo ku wa kane. Mu isesengura rye, umunyamakuru wa BBC Stephen McDonell uri mu murwa mukuru Beijing w’Ubushinwa avuga ko urupfu rwe rwababaje bikomeye abaturage. Yongeyeho ko ari n’ikizamini gikomeye ku butegetsi bwa Perezida Xi Jinping n’ishyaka rye rya gikomunisiti kuko urupfu rwe rwandagaje gahunda yabo yo kugerageza kugenzura buri kintu cyose niyo cyaba kigamije kurengera ubuzima bw’abantu. Avuga ko biribugore abakora icengezamatwara rya gahunda za leta kumvisha abaturage miliyari 1.4 b’Ubushinwa impamvu impuruza ya Dr Li yirengagijwe. Muganga Li wari impuguke mu kuvura indwara z’amaso, ni we wagerageje kuburira abantu ko Coronavirus yateye Irebere na Video utapfa gusanga ahandi: Uwumva ko azafashwa n’umututo w’imbunda ashyire agapira hasi, hagiye gupfa abantu batanu bakomeye kuri iyi si, n’ibindi byose Barafinda yavuze, ni muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Iyicarubozo, ubwicanyi ndengakamere,kuburirwa irengero n’ibindi, ibihugu 24 byasabye u Rwanda kubihagarika amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Murumuna wa Dr Kigabo yitabye Imana ku munsi mukuru we yarii gushyingurwaho amakuru Kigali:Abakecuru babiri n’umugabo barwaniye mu kabari barakomeretsanya NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi
Coronavirus yishe umuganga wo mu Bushinwa UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 7-02-2020 saa 08:06' whatsapp Facebook Umuganga wo mu Bushinwa wagerageje kuburira abantu bwa mbere ko hateye ubwoko bushya bwa coronavirus yamwishe, nkuko byatangajwe n’ibitaro yari arwayiyemo. Li Wenliang yanduye iyo virusi ubwo yarimo gukora mu bitaro by’i Wuhan hafatwa nk’izingiro ry’iyo virusi bya Wuhan Central Hospital. Dr Li wari ufite imyaka 34 akaba n’impuguke mu buvuzi bw’amaso, yari yatanze ubutumwa bw’impuruza ku baganga bagenzi be ku itariki ya 30 y’ukwezi kwa cumi na kabiri, ariko polisi imusaba kureka "kuvuga ibintu bitari ukuri". Hari humvikanye amakuru avuguruzanya ku rupfu rwe, ariko igitangazamakuru People’s Daily kibogamiye ku butegetsi bw’Ubushinwa cyatangaje ko yapfuye kuri uyu wa gatanu saa munani na 58 z’ijoro ku isaha yo mu Bushinwa. Iyo virusi imaze guhitana abantu 636 naho abandi 31,161 bamaze kuyandura mu Bushinwa, nkuko bigaragazwa n’imibare mishya y’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima. Abo bapfuye barimo na 73 bashya bari batangajwe ko bayanduye ku munsi w’ejo ku wa kane. Mu isesengura rye, umunyamakuru wa BBC Stephen McDonell uri mu murwa mukuru Beijing w’Ubushinwa avuga ko urupfu rwe rwababaje bikomeye abaturage. Yongeyeho ko ari n’ikizamini gikomeye ku butegetsi bwa Perezida Xi Jinping n’ishyaka rye rya gikomunisiti kuko urupfu rwe rwandagaje gahunda yabo yo kugerageza kugenzura buri kintu cyose niyo cyaba kigamije kurengera ubuzima bw’abantu. Avuga ko biribugore abakora icengezamatwara rya gahunda za leta kumvisha abaturage miliyari 1.4 b’Ubushinwa impamvu impuruza ya Dr Li yirengagijwe. Muganga Li wari impuguke mu kuvura indwara z’amaso, ni we wagerageje kuburira abantu ko Coronavirus yateye Irebere na Video utapfa gusanga ahandi: Uwumva ko azafashwa n’umututo w’imbunda ashyire agapira hasi, hagiye gupfa abantu batanu bakomeye kuri iyi si, n’ibindi byose Barafinda yavuze, ni muri iyi Video: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Iyicarubozo, ubwicanyi ndengakamere,kuburirwa irengero n’ibindi, ibihugu 24 byasabye u Rwanda kubihagarika amakuru Umupolisi wari urinze umutekano wa Perezida yatunguranye yuzura ‘umwuka wera’ amakuru Sadate yasabwe kwishyura ½ cy’amafaranga yemereye Amavubi amakuru Red-Tabara yemeza ko abarwanyi bayo bafatiwe mu Rwanda ari abayo amakuru Chameleone agiye kwimukira muri Amerika nyuma yo gutsindwa amatora amakuru Col Rutiganda wari Burugumesitiri wa Murama ya Gitarama yapfiriye mu mashyamba ya DRC amakuru Biravugwa ko Coronavirus yaba iri kuvuza ubuhuha muri Tanzania amakuru Murumuna wa Dr Kigabo yitabye Imana ku munsi mukuru we yarii gushyingurwaho amakuru Kigali:Abakecuru babiri n’umugabo barwaniye mu kabari barakomeretsanya NDANGIRA amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi