Close MORE NEWS COVID-19: Uko byifashe mu Mujyi wa Kigali utarimo urujya n’uruza-Video UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-03-2020 saa 14:37' whatsapp Facebook Muri iki gihe hirya no hino ku Isi ibintu bikomeje kugenda biba bibi kubera icyorezo cya Coronavirus/COVID-19, mu mijyi itandukanye yari izwiho kuba nyabagendwa cyane ntibyagutangaza uyigezemo ugasanga uri kugendamo wenyine uretse gusa kubonamo umuntu umwe umwe na we uri ku ntera ndende. UMUBAVU twabagereye mu Mujyi wa Kigali rwagati ahari hasanzwe hakoranira isinzi ry’abantu utibagiwe n’inyuranamo ry’ibinyabiziga dusanga hera dore ko ugendamo wisanzuye kuko nta bantu ubyigana na bo cyangwa ibinyabiziga ugenda ukikira. Bamwe mu bo twasanze mu Mujyi ni abatanga serivisi zirimo nk’iz’ibiribwa n’izindi zikenerwa mu buzima bw’ibanze na bwo bagiye bagabanywa mu rwego rwo kwirinda ko bakwegerana bakaba bakwanduzanya icyorezo cya Coronavirus mu gihe haboneka uwacyanduye. Wowe ushobora kuba wakoreraga mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko rwagati ubu ukaba wibaza uburyo hasa cyangwa wibera mu Ntara ariko wibaza uti mu Mujyi bihagaze bite n’abantu benshi bahaba, muri iyi Video urabyibonera uko byifashe nko muri Gare/Down Town n’ahandi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
COVID-19: Uko byifashe mu Mujyi wa Kigali utarimo urujya n’uruza-Video UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 24-03-2020 saa 14:37' whatsapp Facebook Muri iki gihe hirya no hino ku Isi ibintu bikomeje kugenda biba bibi kubera icyorezo cya Coronavirus/COVID-19, mu mijyi itandukanye yari izwiho kuba nyabagendwa cyane ntibyagutangaza uyigezemo ugasanga uri kugendamo wenyine uretse gusa kubonamo umuntu umwe umwe na we uri ku ntera ndende. UMUBAVU twabagereye mu Mujyi wa Kigali rwagati ahari hasanzwe hakoranira isinzi ry’abantu utibagiwe n’inyuranamo ry’ibinyabiziga dusanga hera dore ko ugendamo wisanzuye kuko nta bantu ubyigana na bo cyangwa ibinyabiziga ugenda ukikira. Bamwe mu bo twasanze mu Mujyi ni abatanga serivisi zirimo nk’iz’ibiribwa n’izindi zikenerwa mu buzima bw’ibanze na bwo bagiye bagabanywa mu rwego rwo kwirinda ko bakwegerana bakaba bakwanduzanya icyorezo cya Coronavirus mu gihe haboneka uwacyanduye. Wowe ushobora kuba wakoreraga mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko rwagati ubu ukaba wibaza uburyo hasa cyangwa wibera mu Ntara ariko wibaza uti mu Mujyi bihagaze bite n’abantu benshi bahaba, muri iyi Video urabyibonera uko byifashe nko muri Gare/Down Town n’ahandi: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu