Close MORE NEWS COVID-19: Amamiliyoni abashinjwa kurenga ku mabwiriza binjirije Leta UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-12-2020 saa 15:59' whatsapp Facebook Nyuma y’umunsi umwe gusa mu Rwanda amabwiriza avuguruye yo kwirinda Covid19 ashyizweho, mu gihugu hose hafashwe abakurikira barenze kuri ayo mabwiriza ari na ko bacIBWA amande bikaba byarinjirije Leta agatubutse. . Abasaga 3000 nta masks . 1979 batahanye intera . 2538 barengeje isaha . Imodoka 128 zarengeje isaha . Utubari 85 dufunguye . Abasaga 300 mu tubari (Source: Minaloc –> Prof Shyaka Anastase) Ugereranyije n’ibihano byashyizweho ku barenze ku mabwiriza yo kwirinda iki cyorezo cya coronavirus, nyuma y’umunsi umwe amabwiriza avuguruwe atangiye gukurikizwa, haciwe amande akurikira: Kutambara Mask 3000 x 10,000 Frw= 30,000,000 Frw Kudahana intera 1979 x 10000 Frw= 19,790,000 Frw Kurenza Isaha 2538 x 10000 Frw= 15,380,000 Frw Imodoka zarengeje isaha 128 x 150,000 Frw= 19,200,000Frw Utubari 85 x 150,000 Frw= 12,750,000 Frw Abanywi 300 x 25,000 Frw= 7,500,000 Frw Ibi bikaba bihwanye n’akayabo ka miliyoni zisaga 104 z’amafaranga y’u Rwanda (104,620,000 Frw) mu munsi umwe gusa. Kugeza ubu mu Rwanda abantu 57 bamaze guhitanwa na Coronavirus ariko muri iki gihe umubare w’abandura ukomeje kuzamuka cyane kurusha mbere aho nko mu minsi itanu ishize handuye abantu barenga 500, ari na byo byatumye guverinoma ikaza ingamba zo kwirinda. Kugeza ubu nta muti n’urukingo bya Coronavirus biragera mu Rwanda, hakoreshwa uburyo bwo kuvura ibimenyetso by’iki cyorezo gusa, kugeza umubiri w’umuntu wubatse ubudahangarwa, virus igashira ityo mu maraso. Ibimenyetso bya Coronavirus birimo inkorora, ibicurane, guhumeka bigoranye n’umuriro. Yandura binyuze mu matembabuzi aturuka mu myanya y’ubuhumekero. Abaturarwanda basabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza ya Leta hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune, kwambara udupfukamunwa n’amazuru mu gihe umuntu avuye mu rugo cyangwa ahuye n’abantu benshi. Umudepite yandikiye Perezida Kagame amusaba kurekura Rusesabagina ’byihuse’, uyu Rusesabagina kandi yareze mu nkiko zo muri Amerika abarimo umuvugabutumwa wamushutse akisanga i Kigali, GainJet Aviation n’u Rwanda gufatanya ’kumushimuta’, n’andi makuru menshi utapfa gusanga ahandi ni k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Covid-19 yatumye yihisha amezi 3 ku kibuga cy’indege amakuru Uretse Kigali: Impungenge ni nyinshi mu gihe amashuri 3 abanza n’ay’incuke yafunguye imyidagaduro Nyuma y’umukino wayihuje na Zimbabwe Cameroon irashinjwa amarozi amakuru Umwe mu banenga Putin yafunzwe akigera i Moscow NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika
COVID-19: Amamiliyoni abashinjwa kurenga ku mabwiriza binjirije Leta UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 17-12-2020 saa 15:59' whatsapp Facebook Nyuma y’umunsi umwe gusa mu Rwanda amabwiriza avuguruye yo kwirinda Covid19 ashyizweho, mu gihugu hose hafashwe abakurikira barenze kuri ayo mabwiriza ari na ko bacIBWA amande bikaba byarinjirije Leta agatubutse. . Abasaga 3000 nta masks . 1979 batahanye intera . 2538 barengeje isaha . Imodoka 128 zarengeje isaha . Utubari 85 dufunguye . Abasaga 300 mu tubari (Source: Minaloc –> Prof Shyaka Anastase) Ugereranyije n’ibihano byashyizweho ku barenze ku mabwiriza yo kwirinda iki cyorezo cya coronavirus, nyuma y’umunsi umwe amabwiriza avuguruwe atangiye gukurikizwa, haciwe amande akurikira: Kutambara Mask 3000 x 10,000 Frw= 30,000,000 Frw Kudahana intera 1979 x 10000 Frw= 19,790,000 Frw Kurenza Isaha 2538 x 10000 Frw= 15,380,000 Frw Imodoka zarengeje isaha 128 x 150,000 Frw= 19,200,000Frw Utubari 85 x 150,000 Frw= 12,750,000 Frw Abanywi 300 x 25,000 Frw= 7,500,000 Frw Ibi bikaba bihwanye n’akayabo ka miliyoni zisaga 104 z’amafaranga y’u Rwanda (104,620,000 Frw) mu munsi umwe gusa. Kugeza ubu mu Rwanda abantu 57 bamaze guhitanwa na Coronavirus ariko muri iki gihe umubare w’abandura ukomeje kuzamuka cyane kurusha mbere aho nko mu minsi itanu ishize handuye abantu barenga 500, ari na byo byatumye guverinoma ikaza ingamba zo kwirinda. Kugeza ubu nta muti n’urukingo bya Coronavirus biragera mu Rwanda, hakoreshwa uburyo bwo kuvura ibimenyetso by’iki cyorezo gusa, kugeza umubiri w’umuntu wubatse ubudahangarwa, virus igashira ityo mu maraso. Ibimenyetso bya Coronavirus birimo inkorora, ibicurane, guhumeka bigoranye n’umuriro. Yandura binyuze mu matembabuzi aturuka mu myanya y’ubuhumekero. Abaturarwanda basabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza ya Leta hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune, kwambara udupfukamunwa n’amazuru mu gihe umuntu avuye mu rugo cyangwa ahuye n’abantu benshi. Umudepite yandikiye Perezida Kagame amusaba kurekura Rusesabagina ’byihuse’, uyu Rusesabagina kandi yareze mu nkiko zo muri Amerika abarimo umuvugabutumwa wamushutse akisanga i Kigali, GainJet Aviation n’u Rwanda gufatanya ’kumushimuta’, n’andi makuru menshi utapfa gusanga ahandi ni k’UMUBAVU TV ONLINE: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE amakuru Umupolisikazi yerekanye amafoto agaragaza ubwiza bwe abasore bamusaba kubafata bagafungirwa aho akorera[AMAFOTO] amakuru ISESENGURA: Umurambo w’umukire Mirimo wataburuwe kugira ngo hapimwe DNA/ADN amakuru Trump yarebye inkubiri y’inteko ishinga amategeko kuri TV amakuru Prezida w’u Burundi ati: "Nimusabe Imana ibafashe gutsinda Covid-19" amakuru Umukobwa utarasomana n’umusore na rimwe yateguye amarushanwa yo gushaka ubimukorera amakuru Covid-19 yatumye yihisha amezi 3 ku kibuga cy’indege amakuru Uretse Kigali: Impungenge ni nyinshi mu gihe amashuri 3 abanza n’ay’incuke yafunguye imyidagaduro Nyuma y’umukino wayihuje na Zimbabwe Cameroon irashinjwa amarozi amakuru Umwe mu banenga Putin yafunzwe akigera i Moscow NDANGIRA Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu Inkuru zamamaza Abahuguriwe muri CDV mu micungire y’Imisoro na Gasutamo baramwenyura amakuru Itangazo ry’akazi amakuru S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN Inkuru zamamaza Hill Top Hotel yaguteguriye Poromosiyo utabona ahandi mu Gikombe cya Afurika