Close MORE NEWS CEDEAO/Ecowas yakuyeho ibihano yari yafatiye Mali UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 6-10-2020 saa 16:49' whatsapp Facebook Umuryango w’igihugu bya Afrika y’Uburengerazuba CEDEAO/Ecowas wakuyeho ibihano wari yafatiye Mali nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Ibrahim Boubacar Keita mu kwezi kwa munani. Iyi ngingo ifashwe nyuma y’aho abategetsi ba gisirikare bashyizeho Guverinoma y’inzibacyuho ihuriyemwo abasirikare n’abasivire. Mu itangazo ryayo, CEDEAO igira iti "Dushingiye ku ntambwe igaragara yatewe mu iyubahirizwa ry’Itegeko Nshinga, mu ntumbero yo gushyigikira iyi ntambwe, abakuru b’ibihugu bafashe ingingo yo gukuraho ibihano byafatiwe Mali, kandi bahamagarira inshuti gufata mu mugongo Mali". Abategetsi b’inzibacyuho ba Mali batangaje leta nshya ejo ku wa Mbere, aho zimwe muri Minisiteri zikomeye zagiye mu minwe y’abategetsi ba gisirikare. Koroneri Bah Ndaw yagenywe kuba umukuru w’igihugu w’inzibacyuho muj gihe Moctar Ouane yagenwe kuba Minisitiri w’Intebe. PAC yasohoye Gitifu wa Nyamagabe mu cyumba, icyifuzo cya Sankara kuri Rusesabagina cyashyizwe mu ngiro imanza zabo zirahuzwa kimwe n’abandi bahoze muri FLN: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu
CEDEAO/Ecowas yakuyeho ibihano yari yafatiye Mali UMUBAVU.com Umubavu.com Kuya 6-10-2020 saa 16:49' whatsapp Facebook Umuryango w’igihugu bya Afrika y’Uburengerazuba CEDEAO/Ecowas wakuyeho ibihano wari yafatiye Mali nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi bwa Ibrahim Boubacar Keita mu kwezi kwa munani. Iyi ngingo ifashwe nyuma y’aho abategetsi ba gisirikare bashyizeho Guverinoma y’inzibacyuho ihuriyemwo abasirikare n’abasivire. Mu itangazo ryayo, CEDEAO igira iti "Dushingiye ku ntambwe igaragara yatewe mu iyubahirizwa ry’Itegeko Nshinga, mu ntumbero yo gushyigikira iyi ntambwe, abakuru b’ibihugu bafashe ingingo yo gukuraho ibihano byafatiwe Mali, kandi bahamagarira inshuti gufata mu mugongo Mali". Abategetsi b’inzibacyuho ba Mali batangaje leta nshya ejo ku wa Mbere, aho zimwe muri Minisiteri zikomeye zagiye mu minwe y’abategetsi ba gisirikare. Koroneri Bah Ndaw yagenywe kuba umukuru w’igihugu w’inzibacyuho muj gihe Moctar Ouane yagenwe kuba Minisitiri w’Intebe. PAC yasohoye Gitifu wa Nyamagabe mu cyumba, icyifuzo cya Sankara kuri Rusesabagina cyashyizwe mu ngiro imanza zabo zirahuzwa kimwe n’abandi bahoze muri FLN: Tanga igitekerezo kuri iyi nkuru Amazina* Email* Igitekerezo Igitekerezo* (Required) INKURU ZASOMWE CYANE NDANGIRA amakuru Guha umugisha abatinganyi aho bashobora kubica byaba birimo kutigengesera – Vatican irisobanura amakuru Imyaka 2 y’uburibwe kuri NSENGIMANA Theoneste, Igihe kirageze ngo ahabwe ubutabera! amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’IMPAMVU YO GUSABA GUHINDUZA AMAZINA amakuru Ku myaka ye 7 Shema atwara indege[AMAFOTO] Inkuru zamamaza Itangazo ry’isoko ryo kugemura ibikoresho by’ishuri ry’imyuga amakuru INGINGO Z’INGENZI Z’URWANDIKO RWA NGAZAGUHUNGA ENOCK RUSABA GUHINDURA IZINA ubuzima Abatagira ubushake mu gutera akabariro n’abakobwa bagumiwe, umupfumu ati "Kubavura ni ugukozaho"-Video amakuru Itangazo ryo guhinduza izina amakuru Isosiyete Huawei Rwanda yashyizeho Yang Shengwan nk’umuyobozi wayo ku rwego rw’igihugu